• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye umubare w’abapolisi ba RDC bahungiye muri Uganda bahunze intambara ya m23.

minebwenews by minebwenews
August 5, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye umubare w’abapolisi ba RDC bahungiye muri Uganda bahunze intambara ya m23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye umubare w’abapolisi ba RDC bahungiye muri Uganda bahunze intambara ya m23.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni abapolisi ijana(100) bahungiye ku butaka bwa Repubulika ya Uganda nyuma y’uko ingabo ziyobowe na Major Gen Sultan Makenga zifashe ibice byinshi byo muri Grupema ya Binza, harimo na Ishasha.

Nk’uko aya makuru yatangajwe n’igitangaza makuru cya Dw Kiswahili, cyavuze ko bariya bapolisi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bahunze ubwoba, mu gihe m23 yari komeje kwigarurira ibice byinshi mu buryo budasanzwe.

Uku kwigarurira ibindi bice kwa m23 byongeye gufata indi ntera kuva ku wa Kane w’iki Cyumweru dusoje, aho uwo mutwe wafashe ibice byinshi byo muri Grupema ya Binza, harimo n’agace ka Nyamilima kafashwe ku wa Gatandatu mu gihe Ishasha yo yafashwe ku Cyumweru.

Aya makuru anagaragaza ko aba bapolisi bahunze bata igihugu cyabo nyuma y’uko m23 yari maze gufata umupaka wa Ishasha.

Ubwo bari bamaze kubona ingabo z’igihugu cyabo(FARDC) ziri gukizwa n’amaguru, nibwo abapolisi nabo bahise bayabangira ingata bambuka ku butaka bwa Uganda, ndetse iki kinyamakuru cyanatangaje ko bahunganye n’imbunda zabo. Kur’ubu bakaba bari mu maboko y’inzego zishinzwe umutekano muri Uganda.

Gusa, harandi makuru avuga ko atari abapolisi gusa ba RDC bahungiye muri Uganda, ngo kuko ubwo m23 yarimaze gufata i Nyamilima byatumye abakozi ba leta, abapolisi, abashinzwe ubutasi na bamwe mu baturage bahungira muri iki gihugu cya Uganda.

Nyamara kandi ibi ntacyo igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kirabivugaho ndetse byibuze ngo kibe cyotangaza kw’ifatwa rya Ishasha. Utu duce dufashwe mu gihe kuri iki Cyumweru hatangiye kubahirizwa agahenge k’imirwano kemerejwe i Luanda ubwo intumwa za RDC n’iz’u Rwanda zahuraga. Imirwano yo ikaba igikomeje kuba.

         MCN.
Tags: Bahungiye UgandaRdcUmubare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe uburyo za ngabo za FARDC ziheruka gutumwa mu misozi miremire y’Imulenge zatumye ibintu bijagarara.

Havuzwe uburyo za ngabo za FARDC ziheruka gutumwa mu misozi miremire y'Imulenge zatumye ibintu bijagarara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?