• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye umubare w’abapolisi ba RDC bahungiye muri Uganda bahunze intambara ya m23.

minebwenews by minebwenews
August 5, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye umubare w’abapolisi ba RDC bahungiye muri Uganda bahunze intambara ya m23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye umubare w’abapolisi ba RDC bahungiye muri Uganda bahunze intambara ya m23.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni abapolisi ijana(100) bahungiye ku butaka bwa Repubulika ya Uganda nyuma y’uko ingabo ziyobowe na Major Gen Sultan Makenga zifashe ibice byinshi byo muri Grupema ya Binza, harimo na Ishasha.

Nk’uko aya makuru yatangajwe n’igitangaza makuru cya Dw Kiswahili, cyavuze ko bariya bapolisi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bahunze ubwoba, mu gihe m23 yari komeje kwigarurira ibice byinshi mu buryo budasanzwe.

Uku kwigarurira ibindi bice kwa m23 byongeye gufata indi ntera kuva ku wa Kane w’iki Cyumweru dusoje, aho uwo mutwe wafashe ibice byinshi byo muri Grupema ya Binza, harimo n’agace ka Nyamilima kafashwe ku wa Gatandatu mu gihe Ishasha yo yafashwe ku Cyumweru.

Aya makuru anagaragaza ko aba bapolisi bahunze bata igihugu cyabo nyuma y’uko m23 yari maze gufata umupaka wa Ishasha.

Ubwo bari bamaze kubona ingabo z’igihugu cyabo(FARDC) ziri gukizwa n’amaguru, nibwo abapolisi nabo bahise bayabangira ingata bambuka ku butaka bwa Uganda, ndetse iki kinyamakuru cyanatangaje ko bahunganye n’imbunda zabo. Kur’ubu bakaba bari mu maboko y’inzego zishinzwe umutekano muri Uganda.

Gusa, harandi makuru avuga ko atari abapolisi gusa ba RDC bahungiye muri Uganda, ngo kuko ubwo m23 yarimaze gufata i Nyamilima byatumye abakozi ba leta, abapolisi, abashinzwe ubutasi na bamwe mu baturage bahungira muri iki gihugu cya Uganda.

Nyamara kandi ibi ntacyo igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kirabivugaho ndetse byibuze ngo kibe cyotangaza kw’ifatwa rya Ishasha. Utu duce dufashwe mu gihe kuri iki Cyumweru hatangiye kubahirizwa agahenge k’imirwano kemerejwe i Luanda ubwo intumwa za RDC n’iz’u Rwanda zahuraga. Imirwano yo ikaba igikomeje kuba.

         MCN.
Tags: Bahungiye UgandaRdcUmubare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe uburyo za ngabo za FARDC ziheruka gutumwa mu misozi miremire y’Imulenge zatumye ibintu bijagarara.

Havuzwe uburyo za ngabo za FARDC ziheruka gutumwa mu misozi miremire y'Imulenge zatumye ibintu bijagarara.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?