Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye umunsi RDC na m23 bizahurira mu biganiro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 2, 2025
in Regional Politics
0
95
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye umunsi RDC na m23 bizahurira mu biganiro.

You might also like

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

Intumwa z’umutwe wa m23 n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo hamenyekanye ko zigiye guhurira i Doha muri Qatar mu mishyikirano igamije guhosha amakimbirane y’intambara hagati y’izo mpande zombi.

Ibiganiro ku mpande zombi bizaba tariki ya 09/04/2025, mu rwego rwo gushaka amahoro n’ituze mu Burasizuba bwa Congo, nk’uko aya makuru yatangajwe n’ikinyamakuru cya Nationion ayo kivuga ko kiyakesha impande zombi.

Mu cyumweru gishize nabwo abahagarariye m23 bagiye i Doha muri Qatar, kuganira na Emir wa Qatar Sheikh Termin Bin, nubwo ibyo baganiriye bitagiye hanze.

Ku ruhande rwa m23 hari hagiye Bertrand Bisimwa uyoboye uwo mutwe n’ushinzwe iperereza n’ibikorwa bya gisirikare, Col. Nzeze Imani.

Ni mu gihe kandi tariki ya 18/03/2025, i Doha muri Qatar hari hahuriye perezida Felix Tshisekedi wa Congo na mugenzi we perezida w’u Rwanda Paul Kagame, aho nabwo bari batumijwe na Emir wa Qatar, icyo gihe byavuzwe ko baganiriye ku mutekano muke uri mu Burasizuba bwa Congo.

Igihugu cya Qatar gikomeje gushyira imbaraga mu gukemura amakimbirane y’intambara mu Burasizuba bwa Congo no mu karere.

Ariko nubwo biri uko, Leta y’i Kinshasa iracyashinja u Rwanda kuba nyiribayazana w’ibibazo biri muri iki gihugu cyabo, ibyo u Rwanda rwakomeje guhakana, huhwo rukavuga ko iyi Leta y’i Kinshasa idafite ubushake bwo gukemura amakimbirane y’intambara ari mu gihugu cyabo.

Umutwe wa m23 uherutse kwemeranya n’ingabo za SAMIDRC kuva ku butaka bwa Congo, nyuma y’aho izi ngabo zari zaraje gufasha igisirikare cya RDC kurwanya m23 zitagishoboye gutsinda urugamba.

Tags: ibiganiroIntumwaQatarRdc
Share38Tweet24Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025,...

Read moreDetails

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'iminsi itari mike i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by'imishyikirano hagati ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Iby’inama ya FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo yabereye i Kaziba.

Hamenyekanye ibyabaye ku musirikare wari warabangamiye cyane Abanyamulenge mu Minembwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?