Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa abasirikare badasanzwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu bice bihana imbibi n’igihugu cy’u Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 17, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa abasirikare badasanzwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu bice bihana imbibi n’igihugu cy’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano wajemo kidobya mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni abitwaje imbunda badasanzwe bagaragaye i Nyangenzi, muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko abaturiye ibyo bice bakomeje kubivuga

Amakuru avuga ko igihe c’isaha za majoro hari mu kugaragara abantu bitwaje imbunda, bamwe muribo bakaba bambara igisivile abandi ugasanga bambaye imyambaro y’igisirikare.

Bamwe mu baturage baturiye ibyo bice bya Nyangezi, babwiye Minembwe Capital News ko ibyo byari bigize igihe bihwihwisa, ariko hamwe bigakekwa ko ari y’amakuru avugwa muntambara, ariko nyamara ko byaje kuba impamu.

Gahumuza Justin, yagize ati: “Bigize igihe bivugwa, ariko twaraye tubyiboneye. Ntawe uzi icyo boba bagamije, kandi abo twiboneye sabarara amarondo. Twunumvise bamwe muribo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda, tukabona ari Interahamwe zivanze na Wazalendo.”

Mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wo ku Cyumweru, ku mbuga nkoranya mbaga bakomeje guhererekanya ubutumwa butabariza abantu bari Nyangezi kuba maso, n’i sms ngufi yarimo ubutumwa bugira buti: “Umutekano i Nyangenzi ntabwo wifashe neza, hari grupe y’abantu bakora ijoro ndetse irimo Abashi, n’abandi bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bo mu mutwe wa FDLR. Aba babonetse mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, igihe c’isaha za 23h30. Abantu babe maso.”

Ibyo bibaye mu gihe kandi ku misozi ya Gatobwe kuva k’uwa Gatanu, havuzwe abasirikare benshi barimo Ingabo z’u Burundi, FARDC na FDLR. Ibi byongeye gutuma abaturage baturiye imisozi miremire y’Imulenge, nko mubice bya Rurambo bagira ubwoba.

Ni mu gihe kandi mu mpera z’u kwezi gushize kwa Kabiri, havuzwe ko Rurambo yageze mo FDLR ninshi yaje iva i Kilembwe muri teritware ya Fizi na Mwenga.

Ibi bikaba birimo umugambi muremure wa leta y’u Burundi na Repubulika ya demokarasi ya Congo, wo gutera u Rwanda, nk’uko abakuru b’ibihugu byombi bagiye babyigamba ko bazavanaho ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame w’u Rwanda.

Tubibutsa ko ibi bice byose byegereye umupaka w’igihugu cy’u Rwanda.

         MCN.
Tags: FDLRIngabo zidasanzweKivu yamajy'EpfoUmutekano muke
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibivugwa ko Donald Trump wahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ko yavuze ku magereza yo muri Congo Kinshasa, byiswe ikinyoma.

Ibivugwa ko Donald Trump wahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe z'Amerika, ko yavuze ku magereza yo muri Congo Kinshasa, byiswe ikinyoma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?