• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibivugwa ko Donald Trump wahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ko yavuze ku magereza yo muri Congo Kinshasa, byiswe ikinyoma.

minebwenews by minebwenews
March 17, 2024
in Regional Politics
0
Ibivugwa ko Donald Trump wahoze ari perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ko yavuze ku magereza yo muri Congo Kinshasa, byiswe ikinyoma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiheruka gutangazwa ko Donald Trump, yavuze ko gereza zo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo zasibye abagizi banabi bari bazifungiyemo bajanwa muri Amerika, nti bivugwaho rumwe nabose.

Nta kimenyetso nakimwe cyerekana ko uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yavuze ko “ubutegetsi bwa Congo bwa funze gereza , kugira ngo abagizi banabi bajanwe muri Amerika,” nk’uko igitangaza makuru cya CNN dukesha iy’inkuru cya bitangaje.

READ ALSO

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Iki gitangaza makuru cya CNN, kivuga kandi ko ibyo byiswe ikinyoma n’umuvugizi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse ko n’ibindi b’ihugu bituraniye RDC byahakanye ay’amakuru biyita ikinyoma cyambaye ubusa.

Ubwo Patrick Muyaya yabazwaga kuri iki kibazo ya bwiye umunyamakuru wa CNN, ko ibyo ari ibinyoma.

Ati: “Ibyo byose si ukuri.”

K’u wa Gatanu, ambasaderi wa leta ya Kinshasa, muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika Serge Mombouli, yavuze ko kuba hari abavuga ko amagereza yo muri RDC bararekuye abagizi banabi bajanwa muri Amerika ko ibyo ari ibinyoma.

Yagize ati: “Nta kuri kubirimo, kandi nta kimenyetso kibyerekana ko ari ukuri. Rero ibyo ni amagambo y’amunwa.”

Ambasaderi yakomeje avuga ati: “Iz’i nkuru rwose zigomba guhagarikwa.”

Bimwe mu bitangaza makuru byo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, muri iki Cyumweru, zari zatangaje ko Donald Trump yari yavuze ko gereza zo mu gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, zirimo ubusa ko abari bazirimo boherejwe muri Amerika.

       MCN.
Tags: Abagizi banabi boherezwa AmericaDonald TrumpGerezaYasibye

Related Posts

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Next Post
Umugabo uzwi cyane mu mateka y’u Burusiya,Jacob Jugashvili,  ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.

Umugabo uzwi cyane mu mateka y'u Burusiya,Jacob Jugashvili, ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
  • Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?