• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Haravugwa igitero cyerekeje mu Minembwe.

minebwenews by minebwenews
June 20, 2025
in Conflict & Security
0
I Mulenge: Herekanwe imbunda iheruka gufatwa ibabaza Wazalendo.
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa igitero cyerekeje mu Minembwe.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Amakuru aturuka mu Minembwe muri Kivu y’Amajyepfo, avuga ko hari igitero kiherekeje gituruse kwa Mulima ho muri teritware ya Fizi hagenzurwa n’ihuriro ry’ingabo za Congo.

Bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse Minembwe Capital News ikesha abaturiye aka gace ka Minembwe.

Nk’uko bizwi Minembwe ni imwe mu ma komine yo muri Kivu y’Amajyepfo, irebwa n’ihuriro rya AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho.

Iki gice Twirwaneho yagifashe ku itariki ya 21/02/2025, hari nyuma yuko General Rukunda Michel uwari uzwi cyane nka Makanika yari amaze iminsi ibiri atabarutse nyuma yo kugabwaho igitero cya drone y’Ingabo za Congo kigasiga kimwishe.

Gen.Makanika ni we wahoze ari umuyobozi wa Twirwaneho kuva mu mwaka wa 2019 kugeza atabarutse mu mwaka wa 2025. Kuri ubu uyu mutwe wa Twirwaneho uyobowe na Brigadier General Charles Sematama uzwi cyane nk’Intare-Batinya.

Ubutumwa bugufi twahawe kuri Minembwe Capital News bugira buti: “Ubu muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 20/06/2025, umwanzi yinutse kwa Mulima agiye gutera mu nkengero za centre ya Minembwe.”

Bugira kandi buti: “Aratera muri Mukoko.”

Mukoko ni agace gaherereye mu Burasizuba bw’iyi komine ya Minembwe, ikaba kandi ari na yo igabanya Minembwe n’igice gituwe n’Ababembe cya Mutambara.

Ibi bitero bivugwa bije bukurikira ibindi uruhande rwa Leta ya Congo rwagabye ku munsi w’ejo mu Rugezi n’ahitwa i Nyaruhinga.

Nyamara byose umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 byabisubije inyuma.

Hari amakuru avuga ko FARDC itakirwana, hubwo ko yafashe imbunda ziremereye n’amasasu zibishyikiriza ingabo z’u Burundi na Wazalendo ndetse na FDLR. Bityo akaba ari bo bagaba ibi bitero ku Banyamulenge no kuri Twirwaneho na M23.

Kimwecyo, ntacyo izi ngabo z’u Burundi zirigera zifasha Wazalendo na FARDC, kuko kuva zaza kubafasha kurwanya iyi mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya AFC, mu mpera z’umwaka wa 2022, nta gace na kamwe zirigera zifata ngo zibe zakambura iyi mitwe yombi.

Ikizwi nuko intambara zagiye zirwana zose haba muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo, zayikubitiwemo bikarangira zikijijwe n’amaguru.

Tags: IgiteroKiherekejeMinembweMukoko
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.

Amerika yabwiwe akaga isi yakwinjwiramo mu gihe yoramuka yivanze mu ntambara ya Israel na Iran.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?