• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Amerika yabwiwe akaga isi yakwinjwiramo mu gihe yoramuka yivanze mu ntambara ya Israel na Iran.

minebwenews by minebwenews
June 20, 2025
in World News
0
Iran yagabye igitero gikaze i Tel Aviv.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Amerika yabwiwe akaga isi yakwinjwiramo mu gihe yoramuka yivanze mu ntambara ya Israel na Iran.

You might also like

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

Abategetsi bo mu bihugu bitandukanye basabye Leta Zunze ubumwe z’Amerika kutinjira mu ntambara Israel na Iran bihanganyemo, ngo kuko igihe yoramuka iyivanzemo bishobora kuzateza akarere kose ibyago bikomeye.

Muri abo bategetsi barimo na minisitiri wungirije w’ubanye n’amahanga wa Iran, Saeed Khatibzadeth, watangaje ko niba Amerika yibeshye ikivanga mu bitero bya Israel kuri Iran, akarere k’u Burasizuba bwo hagati kazahinduka “nk’ukuzimu.”

Ni nyuma y’aho ibiro bya perezida wa Amerika ku wa kane byatangaje ko mu gihe kitarenze ibyumweru bibiri biri imbere, Trump azafata icyemezo cyo kwinjira mu ntambara mu buryo butaziguye cyangwa kuyireka.

Minisitiri Saeed Khatibzadeth yabwiye itangazamakuru ko “iyi atari intambara ya Amerika,” kandi ko mu gihe perezida Donald Trump yayivanzemo, azahora yibukwa nka perezida winjiye mu ntambara itamureba.

Ahamya ko mu gihe yayinjiramo iby’iyi ntambara byahita bihinduka “isayo.”

Byagarutsweho kandi n’u Burusiya, aho bwaburiye Leta Zunze ubumwe z’Amerika ko niramuka ikoze ikosa ikarasa igisasu cya GBU57 kuri Iran ko ibintu bizahita bihindura isura kurusha uko yabitekerezaga. Byatangajwe n’umuvugizi wa minisiteri y’ubanyi n’amahanga w’u Burusiya, Marie Zakharova, aho kandi yongeye ko mu gihe Amerika yakora iryo kosa, ibisa nihamagariye ibyago kuza ku Isi.

Byagarutsweho kandi na Leta ya Korea Yaruguru yatangaje ko Israel iri nka Kanseri ku mahoro yo mu Burasizuba bwo hagati. Ivuga kandi ko ishinja Amerika kwenyegeza umuriro hagati ya Israel na Iran.

Iki gihugu cya Korea Yaruguru gisanzwe gifite imikoranire ya hafi na Iran ivuga ko gutera Iran bikozwe na Israel ari gikorwa cyo kuvogera ikindi gihugu gifite ubwigenge ndetse ari icyaha kitababarirwa cyibasira inyokomuntu.

Korea Yaruguru ni kimwe mu bihugu bimaze imyaka bihanganye na Amerika n’inshuti zayo, ndetse kikaba igihugu gitunze intwaro kirimbuzi.

Ibi byavuzwe nyuma y’aho Iran igabye igitero gikaze ku bitaro bya Israel biherereye mu majy’Epfo y’iki gihugu cya Israel bizwi nka Soroko.

Ibitangazamakuru byo muri Iran byatangaje ko icyo gitero cyari kigamije ku kigo cya gisirikare kiri hafi y’ibyo bitaro, aho kuba kubitaro ubwabyo.

Minisitiri y’ubuzima ya Israel yatangaje ko abantu 71 bakomerekeye mu gitero cya misile cyagabwe ku bitaro bya Soroko.

Israel na yo yarashe ku bigo bya nucléaire bya Iran, birimo n’ikigo kitagikora cya Arak gikoresha amazi menshi, ndetse n’ikigo cya Natanz.

Ariko Iran ntiyatanze amakuru mashya ku bapfuye n’ababikomerekeyemo.

Tags: AmerikaIsraelKutivangaYaburiwe
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe

Ibivugwa ku Nzu ya Perezida Putin: Yahindutse Igihome Kidasanzwe Nubwo abantu bose bavuka bafite uburenganzira bungana, uko isi ibitaho n’uburyo abayobozi bakomeye bayirindamo biratandukanye cyane. Amakuru mashya ashingiye...

Read moreDetails

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa

Umuhora wa Hormuz Wongeye Gufungwa Mu gihe isi ikomeje guhangayikishwa n’umutekano w’inzira z’ubucuruzi zo ku nyanja, igihugu cya Iran cyongeye gutangaza icyemezo gikomeye cyo gufunga umuhora wa Strait...

Read moreDetails

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida yasibye ifoto yamugaragazaga nka Yesu

Amerika Yatangaje ko Igihe cy’Ubufasha bwa NATO Cyarenze Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umutekano w’inyanja zifite akamaro kanini mu bucuruzi mpuzamahanga, by’umwihariko Umuhora wa Hormuz, Leta Zunze...

Read moreDetails

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye

Perezida Lula Yikomye Politiki ya Trump, Ayibona Nk’ishobora Guteza Isi Ibibazo Bikomeye Perezida wa Brésil, Luiz Inácio Lula da Silva, yatangaje ko politiki ya Perezida wa Leta Zunze...

Read moreDetails

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

by Bahanda Bruce
April 17, 2026
0
Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran

Intambwe Ikomeye mu Guhosha Intambara Hagati ya Amerika na Iran Umuhora wa Hormuz ni wo mutima w’ubucuruzi bwa peteroli ku isi, kuko unyuzwamo hafi 20% kugeza kuri 30%...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Amakuru avuga ku musirikare wishwe n’abagenzi be azira ubwoko bwe.

RDC: Amakuru avuga ku musirikare wishwe n'abagenzi be azira ubwoko bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?