Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ahanini ku ntambara iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 2, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ahanini ku ntambara iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa aho bivugwa ko Abacanshuro banze kongera kwinjira mu rugamba guhangana na M23.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Bya vuzwe ko ahanini uko kutumvikana hagati ya leta ya Kinshasa n’Abacanshuro ngo byaba biva ku kuba Abacanshuro bamaze igihe cyamezi ane batabona umusharahara (Saraly) wabo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha umwe wo mu ngabo za RDC utashatse ko izina rye rija hanze k’ubwumutekano.

Ay’amakuru akomeza avuga ko Abacanshuro (Wagner group) bamaze iminsi mike bigumuye kuri leta kandi bakaba baheruka kwinjira mu rugamba nyirizina mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, ariko ko intambara y’ejo hashize tariki ya 01/02/2024, batigeze bayirwana.

Mu mwaka ushize w’2023, ubwo Moïse Katumbi yarimo kw’iyamamaza ku mwanya wa Perezida, hari inyandiko yashize hanze zavuga ko Abacanshuro bahembwa Amadorali y’Amerika angana na 400 mu gihe abasirikare ba FARDC bo bahembwa $ 80 gusa.

Katumbi, aha yavuze ko mu gihe we yotsinda Amatora y’u mukuru w’igihugu ko yokora ibishoboka byose Abasirikale ba Banyekongo akabaribo bahembwa ifaranga ninshi kuruta uko bita ku banyamahanga.

Ibi bivuzwe mugihe kandi hari amakuru avuga ko ingabo za Tanzania zo mu itsinda rya SADC ko k’umunsi w’ejo tariki ya 01/02/2024, banze kwinjira mu Ntambara nyuma y’uko k’u wa Kabiri tariki ya 30/01/2024, bari bahungiye mugace ka Kimoka gaherereye muri teritware ya Masisi, ahari ikigo cy’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO).

Ingabo za Tanzania zahunze nyuma y’uko bari bamaze gutsindwa urugamba bari bahanganyemo na M23, mu bice bya Karuba na Mushaki, nk’uko MCN iy’i nkuru twayihawe n’umwe mu barwanyi ba M23.

K’urundi ruhande ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwa RDC zaje gufasha igisirikare cya leta ya Congo kurwanya M23, zikomeje kuvugwamo imfu k’u bwinshi ni mugihe k’u munsi w’ejo k’u wa Kane hongeye kuvugwa urupfu rw’umusirikare ukomeye ariwe Major Adrien Sindayihebura wapfanye n’Abasirikare be icyenda m’urugamba rwa basakiranije na M23 mu nkengero za Karuba, muri teritware ya Masisi.

Mu Cyumweru gishize n’ibwo kandi hari havuzwe ko abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri 650 ko baguye mu mirwano, harimo abaguye mu nkengero za Mweso, Karuba n’abandi baguye muri Ambush ku Cyumweru mubice byo ku musozi wa Muremure.

Bruce Bahanda.

Tags: ImivurunganoIntambara ya M23Mu ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDCMu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Mu mirwano iramukiye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC, M23,  irakomangira mu marembo  ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.

Mu mirwano iramukiye hagati ya M23 n'ihuriro ry'ingabo za RDC, M23, irakomangira mu marembo ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?