• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ahanini ku ntambara iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 2, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ahanini ku ntambara iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa aho bivugwa ko Abacanshuro banze kongera kwinjira mu rugamba guhangana na M23.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Bya vuzwe ko ahanini uko kutumvikana hagati ya leta ya Kinshasa n’Abacanshuro ngo byaba biva ku kuba Abacanshuro bamaze igihe cyamezi ane batabona umusharahara (Saraly) wabo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha umwe wo mu ngabo za RDC utashatse ko izina rye rija hanze k’ubwumutekano.

Ay’amakuru akomeza avuga ko Abacanshuro (Wagner group) bamaze iminsi mike bigumuye kuri leta kandi bakaba baheruka kwinjira mu rugamba nyirizina mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, ariko ko intambara y’ejo hashize tariki ya 01/02/2024, batigeze bayirwana.

Mu mwaka ushize w’2023, ubwo Moïse Katumbi yarimo kw’iyamamaza ku mwanya wa Perezida, hari inyandiko yashize hanze zavuga ko Abacanshuro bahembwa Amadorali y’Amerika angana na 400 mu gihe abasirikare ba FARDC bo bahembwa $ 80 gusa.

Katumbi, aha yavuze ko mu gihe we yotsinda Amatora y’u mukuru w’igihugu ko yokora ibishoboka byose Abasirikale ba Banyekongo akabaribo bahembwa ifaranga ninshi kuruta uko bita ku banyamahanga.

Ibi bivuzwe mugihe kandi hari amakuru avuga ko ingabo za Tanzania zo mu itsinda rya SADC ko k’umunsi w’ejo tariki ya 01/02/2024, banze kwinjira mu Ntambara nyuma y’uko k’u wa Kabiri tariki ya 30/01/2024, bari bahungiye mugace ka Kimoka gaherereye muri teritware ya Masisi, ahari ikigo cy’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO).

Ingabo za Tanzania zahunze nyuma y’uko bari bamaze gutsindwa urugamba bari bahanganyemo na M23, mu bice bya Karuba na Mushaki, nk’uko MCN iy’i nkuru twayihawe n’umwe mu barwanyi ba M23.

K’urundi ruhande ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwa RDC zaje gufasha igisirikare cya leta ya Congo kurwanya M23, zikomeje kuvugwamo imfu k’u bwinshi ni mugihe k’u munsi w’ejo k’u wa Kane hongeye kuvugwa urupfu rw’umusirikare ukomeye ariwe Major Adrien Sindayihebura wapfanye n’Abasirikare be icyenda m’urugamba rwa basakiranije na M23 mu nkengero za Karuba, muri teritware ya Masisi.

Mu Cyumweru gishize n’ibwo kandi hari havuzwe ko abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri 650 ko baguye mu mirwano, harimo abaguye mu nkengero za Mweso, Karuba n’abandi baguye muri Ambush ku Cyumweru mubice byo ku musozi wa Muremure.

Bruce Bahanda.

Tags: ImivurunganoIntambara ya M23Mu ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDCMu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Mu mirwano iramukiye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC, M23,  irakomangira mu marembo  ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.

Mu mirwano iramukiye hagati ya M23 n'ihuriro ry'ingabo za RDC, M23, irakomangira mu marembo ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?