• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ahanini ku ntambara iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
February 2, 2024
in Regional Politics
0
Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ahanini ku ntambara iri mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Haravugwa imivurungano mu ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa aho bivugwa ko Abacanshuro banze kongera kwinjira mu rugamba guhangana na M23.

Bya vuzwe ko ahanini uko kutumvikana hagati ya leta ya Kinshasa n’Abacanshuro ngo byaba biva ku kuba Abacanshuro bamaze igihe cyamezi ane batabona umusharahara (Saraly) wabo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha umwe wo mu ngabo za RDC utashatse ko izina rye rija hanze k’ubwumutekano.

READ ALSO

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

Ay’amakuru akomeza avuga ko Abacanshuro (Wagner group) bamaze iminsi mike bigumuye kuri leta kandi bakaba baheruka kwinjira mu rugamba nyirizina mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, ariko ko intambara y’ejo hashize tariki ya 01/02/2024, batigeze bayirwana.

Mu mwaka ushize w’2023, ubwo Moïse Katumbi yarimo kw’iyamamaza ku mwanya wa Perezida, hari inyandiko yashize hanze zavuga ko Abacanshuro bahembwa Amadorali y’Amerika angana na 400 mu gihe abasirikare ba FARDC bo bahembwa $ 80 gusa.

Katumbi, aha yavuze ko mu gihe we yotsinda Amatora y’u mukuru w’igihugu ko yokora ibishoboka byose Abasirikale ba Banyekongo akabaribo bahembwa ifaranga ninshi kuruta uko bita ku banyamahanga.

Ibi bivuzwe mugihe kandi hari amakuru avuga ko ingabo za Tanzania zo mu itsinda rya SADC ko k’umunsi w’ejo tariki ya 01/02/2024, banze kwinjira mu Ntambara nyuma y’uko k’u wa Kabiri tariki ya 30/01/2024, bari bahungiye mugace ka Kimoka gaherereye muri teritware ya Masisi, ahari ikigo cy’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO).

Ingabo za Tanzania zahunze nyuma y’uko bari bamaze gutsindwa urugamba bari bahanganyemo na M23, mu bice bya Karuba na Mushaki, nk’uko MCN iy’i nkuru twayihawe n’umwe mu barwanyi ba M23.

K’urundi ruhande ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwa RDC zaje gufasha igisirikare cya leta ya Congo kurwanya M23, zikomeje kuvugwamo imfu k’u bwinshi ni mugihe k’u munsi w’ejo k’u wa Kane hongeye kuvugwa urupfu rw’umusirikare ukomeye ariwe Major Adrien Sindayihebura wapfanye n’Abasirikare be icyenda m’urugamba rwa basakiranije na M23 mu nkengero za Karuba, muri teritware ya Masisi.

Mu Cyumweru gishize n’ibwo kandi hari havuzwe ko abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri 650 ko baguye mu mirwano, harimo abaguye mu nkengero za Mweso, Karuba n’abandi baguye muri Ambush ku Cyumweru mubice byo ku musozi wa Muremure.

Bruce Bahanda.

Tags: ImivurunganoIntambara ya M23Mu ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDCMu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru

Related Posts

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Next Post
Mu mirwano iramukiye hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo za RDC, M23,  irakomangira mu marembo  ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.

Mu mirwano iramukiye hagati ya M23 n'ihuriro ry'ingabo za RDC, M23, irakomangira mu marembo ya Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
  • Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?