• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 27, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari bikekwa byatumye imyigaragambyo idakorwa muri Uvira.

minebwenews by minebwenews
September 16, 2024
in Regional Politics
0
Hari bikekwa byatumye imyigaragambyo idakorwa muri Uvira.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari bikekwa byatumye imyigaragambyo idakorwa muri Uvira.

You might also like

“Ubumwe bwa Afurika Bwamaganye Icyemezo cya Israel cyo Kwemera Somaliland nk’Igihugu”

Perezida Ndayishimiye Avuga ku Mutekano w’u Burundi, Agaragaza Impungenge ku Migambi y’u Rwanda

U Burundi Bufata ‘Sim Card’ zo mu Rwanda nk’Ikimenyetso cy’Ubugambanyi, Umwuka w’Intambara y’Amagambo Ukomeza Kwiyongera mu Karere

Byari biteganijwe ko mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Epfo, urubyiruko rwaho ruzindukira mu myigaragabyo kuri uyu wa mbere tariki ya 16/09/2024 yo kwamagana igipolisi cy’u Burundi giheruka gufata Lisansi(igitoro) y’abacuruzi b’Abanyekongo ndetse ifunga bamwe muri aba bacuruzi.

Mu kwezi gushize nibwo abacuruzi b’Abanyekongo bacururiza Lisansi ku mupaka w’u Burundi na RDC bambutse uyu mupaka bageze mu bice bya Gatumba i Burundi, igipolisi cy’iki gihugu kibafatira ibicuruzwa byabo.

Aya makuru anavuga ko ‘iki gipolisi ko cyahise gita muri yombi umwe muri aba bacuruzi, w’umudamu ufite umugabo w’umusirikare mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo.’ Kugeza ubu aracafunzwe.

Mu Cyumweru gishize, urubyiruko rwo muri teritware ya Uvira ahanini uruturiye uyu mujyi wa Uvira kubufatanye n’abayobozi ba Sosiyete sivile bo muri ako gace bari batangaje ko uyu munsi bazindukira mu myigaragabyo, bakamagana igipolisi cy’u Burundi ndetse n’inzego za Leta ya Kinshasa zidafasha abaturage bayo kuko ibicuruzwa byabo byafatiwe i Burundi ntibagira icyo babivugaho.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News dukesha abaturiye ibyo bice, avuga ko Meya wa Uvira afatikanije n’inzego zishinzwe umutekano, bategetse urubyiruko kudakora iyi myigaragabyo kandi barubwira ko mu gihe bayikoze abaza kubifatirwamo bazahanwa byintangarugero.

Aya makuru akavuga ko RDC idashaka icyaharabika Leta y’u Burundi ni mu gihe ibi bihugu byombi bisanzwe ari nshuti yakataraboneka.

Usibye n’ibyo, u Burundi na RDC bifitanye amasezerano y’ubufatanye mu byagisirikare, aho ndetse ingabo z’u Burundi ziri gufasha igisirikare cya RDC mu mirwano gihanganyemo n’umutwe wa M23 izindi zikaba ziri kumara imyaka itatu mu misozi ya Uvira Mwenga na Fizi muri Kivu y’Amajy’epfo.

             MCN.
Tags: IbikekwaIgipolisi cy'u BurundiImyigaragambyoUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Ubumwe bwa Afurika Bwamaganye Icyemezo cya Israel cyo Kwemera Somaliland nk’Igihugu”

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
“Ubumwe bwa Afurika Bwamaganye Icyemezo cya Israel cyo Kwemera Somaliland nk’Igihugu”

“Ubumwe bwa Afurika Bwamaganye Icyemezo cya Israel cyo Kwemera Somaliland nk’Igihugu” Mu masaha ashize, Ubumwe bwa Afurika (UA/AU) bwamaganye icyemezo cyafashwe na Israel cyo kwemerera Somaliland kuba igihugu...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Avuga ku Mutekano w’u Burundi, Agaragaza Impungenge ku Migambi y’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Perezida Ndayishimiye Avuga ku Mutekano w’u Burundi, Agaragaza Impungenge ku Migambi y’u Rwanda

Perezida Ndayishimiye Avuga ku Mutekano w’u Burundi, Agaragaza Impungenge ku Migambi y’u Rwanda Mu ijambo rikomeye ryaranzwe n’uburemere bwa politiki n’impungenge z’umutekano, Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, aherutse...

Read moreDetails

U Burundi Bufata ‘Sim Card’ zo mu Rwanda nk’Ikimenyetso cy’Ubugambanyi, Umwuka w’Intambara y’Amagambo Ukomeza Kwiyongera mu Karere

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
U Burundi Bufata ‘Sim Card’ zo mu Rwanda nk’Ikimenyetso cy’Ubugambanyi, Umwuka w’Intambara y’Amagambo Ukomeza Kwiyongera mu Karere

U Burundi Bufata ‘Sim Card’ zo mu Rwanda nk’Ikimenyetso cy’Ubugambanyi, Umwuka w’Intambara y’Amagambo Ukomeza Kwiyongera mu Karere Gutunga sim card ya sosiyete z’itumanaho zikorera mu Rwanda byatangajwe n’ubuyobozi...

Read moreDetails

RDC: Abaharanira Impinduka Basaba Amerika Gushyigikira Ikiganiro Mpuzamahanga Rusange, Mu Gihe Umutekano wo mu Burasirazuba Ukomeje Kuzamba

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
RDC: Abaharanira Impinduka Basaba Amerika Gushyigikira Ikiganiro Mpuzamahanga Rusange, Mu Gihe Umutekano wo mu Burasirazuba Ukomeje Kuzamba

RDC: Abaharanira Impinduka Basaba Amerika Gushyigikira Ikiganiro Mpuzamahanga Rusange, Mu Gihe Umutekano wo mu Burasirazuba Ukomeje Kuzamba Nyuma y’ihungabana ry’inzira y’amahoro ya Luanda, Repubulika ya Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Noheli mu Gicucu cy’Ubukene i Burundi, Umunsi Mukuru Wahindutse Indorerwamo y’Ingoyi z’Ubukungu

by Bahanda Bruce
December 26, 2025
0
Noheli mu Gicucu cy’Ubukene i Burundi, Umunsi Mukuru Wahindutse Indorerwamo y’Ingoyi z’Ubukungu

Noheli mu Gicucu cy’Ubukene i Burundi, Umunsi Mukuru Wahindutse Indorerwamo y’Ingoyi z’Ubukungu Mu gihe hirya no hino ku isi umunsi mukuru wa Noheli wizihizwaga mu byishimo n’ibirori, mu...

Read moreDetails
Next Post
Urwango Abatutsi bangwa muri RDC, rwaba rugiye gucika nyuma y’umwanzuro wafashwe n’Urubyiruko.

Urwango Abatutsi bangwa muri RDC, rwaba rugiye gucika nyuma y'umwanzuro wafashwe n'Urubyiruko.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?