• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urwango Abatutsi bangwa muri RDC, rwaba rugiye gucika nyuma y’umwanzuro wafashwe n’Urubyiruko.

minebwenews by minebwenews
September 16, 2024
in Regional Politics
0
Urwango Abatutsi bangwa muri RDC, rwaba rugiye gucika nyuma y’umwanzuro wafashwe n’Urubyiruko.
62
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urwango Abatutsi bangwa muri RDC, rwaba rugiye gucika nyuma y’umwanzuro wafashwe n’Urubyiruko.

Ni mu biganiro byahuje urubyiruko ruherereye mu bice bigenzurwa n’umutwe wa M23, byabereye ahitwa i Kiwanja muri teritware ya Rutshuru, tariki ya 14/09/2024, aho rwiyemeje kurwanya iryo vangura rwivuye inyuma.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ahanini uru rubyiruko rwaturutse mu bice byinshi byo muri teritware ya Rutshuru, Masisi n’ahandi.

Uru rubyiruko rwari rurimo abaruhagarariye mu bice rwagiye ruturukamo, rwari rurimo abize ibitandukanye, nka bakora imikino yo kwiruka, abize amashuri abanza n’ayisumbuye.

Mu ngingo zaganiriweho cyane, ni ukurwanya amakuru y’ibihuha n’ababiba urwango mu baturage ba RDC, ruvuga ko rugiye gufata iya mbere kurwanya ibyo, mu rwego rwo kunga ubumwe.

Umwe mu babaye muri ibyo biganiro yagize ati: “Twaganiriye ku hazaza hacu, hatari urwango rw’amoko n’amatsinda y’abagizi ba nabi barimo Wazalendo n’abandi bakoreshwa na Tshisekedi.”

Hari kandi undi wagize ati: “Amahoro ntabwo ari ikintu cyubakwa ngo guhite kirangira ako kanya, bisaba urugendo. Turashimira M23 yadufashije guhura na bagenzi bacu baturutse mu moko atandukanye, kandi tubanye neza.”

Umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka uri mu bitabiriye ibi biganiro yasabye uru rubyiruko ‘kuba intangarugero mu kurangwa n’urukundo n’amahoro, bakima amatwi abashaka kubacamo ibice bitwikiriye umutaka w’amoko.’

Abasaba kwitandukanya n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukomeje gufata iya mbere mu kwiyicira abenegihugu, gukwirakwiza imvugo z’urwango, no gukangurira urubyiruko kwambura ubuzima abenegihugu mu cyiswe Wazalendo.

Yanavuze kandi ko intego ya mbere ya AFC/M23 ari ukubana mu mahoro hagati y’abatuye iki gihugu cya RDC.

Nubwo biruko ariko ukurebana ayingwe hagati y’uruhande rwa Leta ya Kinshasa n’uyu mutwe wa M23. Mu ntangiriro z’iki Cyumweru dusoje habaye imirwano ikaze hagati y’izi mpande zombi.

Gusa, hari icyizere gike gihari cyuko ibiganiro by’i Luanda byazazana amahoro muri aka karere.

                MCN.
Tags: AbatutsiGuca amacakubiriKiwanjaRwiyemejeUrubyiruko

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Perezida wa Uganda yashimiye Muammar Gaddafi na Nyerere, ndetse agaruka no ku mateka akomeye y’iki gihugu.

Perezida wa Uganda yashimiye Muammar Gaddafi na Nyerere, ndetse agaruka no ku mateka akomeye y'iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?