• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hasohowe inyandiko zo guta muri yombi minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’abandi.

minebwenews by minebwenews
November 22, 2024
in World News
0
Hasohowe inyandiko zo guta muri yombi minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’abandi.
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hasohowe inyandiko zo guta muri yombi minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’abandi.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC rwashyize inyandiko hanze zo gufata minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu n’uwahoze ari minisitiri w’ingabo Yoav Gallant n’umuyobozi w’umutwe wa Hamas bashinjwa ibyaha by’intambara.

Abacamanza bo muri uru rukiko rwa ICC bavuga ko urubanza rwabanje kuba urukiko rwatesheje agaciro ubusabe bwa Israel bwo kwanga icyo cyemezo.

Muhammad Deif, umuyobozi w’umutwe wa gisirikare wa Hamas nawe arashakishwa n’uru rukiko, ariko ingabo za Israel zikaba zari ziheruka kwemeza ko zamuhitanye mu bitero zagabye mu ntara ya Gaza mu kwezi gushize.

Abacamanza bavuga ko hari ibimenyetso bifatika ku ruhare rw’aba bagabo mu byaha by’intambara n’ibyibasira inyoko muntu bikorerwa mu ntambara irimo ibera muri Gaza.

Gusa, Israel na Hamas byamaganye ibyo birego.

Ariko nubwo hashyizweho izi nyandiko icyemezo cyo kuzikurikiza kigomba gufatwa n’ibihugu binyamuryango 124 bigize ICC, hatarimo Israel cyangwa inshuti zayo, na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Ubundi kandi mu kwezi kwa Gatanu uyu mwaka, umucamanza mukuru wa ICC, Karim Khan nawe yari yasohoye inyandiko zo guta muri yombi minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, Yoav Gallant, uyu yahoze ari minisitiri w’ingabo za Israel na Mohammed Deif wari ukuriye igisirikare cya Hamas n’abandi bayobozi bakuru bo muri Hamas, ari bo Ismail Haniyeh na Yahya Sinwar bombi bishwe mu bitero byo mu mezi abiri ashyize.

Tags: Benjamin NetanyahuHamasICC
Share28Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Mali: Perezida w’inzibacyuho yakoze impunduka zidasanzwe.

Mali: Perezida w'inzibacyuho yakoze impunduka zidasanzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?