• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 23, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatahuritse impamvu uruhande rumwe rw’abasore bo mu Bibogobogo bita ababo abarwanyi ba Gumino.

minebwenews by minebwenews
September 1, 2024
in World News
1
Hatahuritse impamvu uruhande rumwe rw’abasore bo mu Bibogobogo bita ababo abarwanyi ba Gumino.
62
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatahuritse impamvu uruhande rumwe rw’abasore bo mu Bibogobogo bita ababo abarwanyi ba Gumino.

You might also like

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Ku wa Gatatu w’iki Cyumweru turimo, nibwo umusore wo mu Bibogobogo usanzwe wiyita Nyayoboka yatanze ubutumwa avuga ko iwabo havutse Gumino ariko ibi ntibyari ukuri, kuko yashakaga kwangiriza amazina ya bayobozi basanzwe bayoboye Twirwaneho muri iki gice cyo mu Bibogobogo.

Bibogobogo, ni agace gaherereye mu misozi ya Moyen Plateau, ho muri teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Aha muri aka gace hatuye ubwoko bw’Abanyamulenge, Abapfulero, Abanyindu n’Ababembe bake.

Kuva intambara yo mu 2017 yaduka, aho imitwe y’itwaje imbunda irimo Maï Maï n’indi iyishamikiyeho yatangizaga ibitero byari bigamije kurimbura abaturage ba Banyamulenge bo mu Bibogobogo no mu bindi bice by’i Mulenge bigasiga Abanyamulenge benshi bahasize ubuzima n’imihana myinshi yabo igasenyuka ndetse iyi ntambara yanasize Inka zaba Banyamulenge zinyazwe, nta murwanyi wo muri Gumino urigera ahabwa icicaro mu Bibogobogo, nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice.

Kimweho mu ntangiriro z’uyu mwaka, Gumino ikoresheje Fureko yashatse gushinga ibirindiro byayo muri ibi bice, ariko abaturage baho n’Abachefs barabyanga. Fureko tuvuze, avuka mu Bibogobogo akaba ari umwe mu bayobozi bakuru bo muri Gumino.

Ubwo rero, habaye muri iyi minsi mike ishize bamwe mu basore bari barahunze ziriya ntambara mu guhunguka kwabo basanga ubuyobozi bwa Twirwaneho bwarashinzwe, ariko bo kuko bwashinzwe barataye igihugu ntibabishima. Niko gukenera ngo abahagaze ku mukingi wo kubaka akarere kabo ntigasenywe n’ibitero bya Maï Maï, babaharabike niko kubita Gumino, ni mu gihe iri zina rya Gumino mu Banyamulenge ryahindutse igitutsi ku mpamvu z’uko abayigize bagiye bagaragaza inenge zo kurwanya ubwoko bwabo n’imigambi myiza ishigikira kubaka i wabo. Mu kuri bita hari mu rwego rwo kubasebya.

Abayobozi bayoboyeTwirwaneho muri Bibogobogo, barimo Semasoso na Nkinzingabo. Muri iyo nkuru yari yatanzwe ku wa Gatatu, ni abo bari biswe Gumino ariko sibo.

Nanone kandi abari biswe Twirwaneho barimo Juvenare na Mutebutsi. Mu makuru y’ukuri tumaze kwakira kuri Minembwe Capital News, n’uko muri aba basore bose nta Gumino ubarimo hubwo habaye ukutumvikanaho gato, hagati muri bo.

Hagati aho, ubu birimo gutunganywa kugira ngo habe ituze muri aba basore ba Twirwaneho bo mu Bibogobogo.

Izina Twirwaneho rifite akamaro kanini kadusubirwaho mu bwoko bw’Abanyamulenge, haba ku batuye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo no hanze yayo, ni mu gihe abayigize bafashe iya mbere kurwanirira ubwoko bwabo. Ubundi kandi iri zina ahanini ryabayeho hagati mu mwaka w’ 2008 nubwo kwirwanaho mu Banyamulenge byatangiye kuva kera.

Ubwo iri zina rya Twirwaneho ryavukaga mu 2008, Maï Maï Bishambuke yari yatangije ibitero yarimo yita ko ari ibyo gusubiza Abanyamulenge iyo baje bava; aba ba Maï Maï bavugaga ko Abanyamulenge bavuye muri Ethiopia. Gusa ibi bitero byamaze igihe gito kuko Twirwaneho yahise ibirwanya birashyira. Kugeza ubu Abanyamulenge baracyari mu ntambara yo kwirwanaho.

             MCN.
Tags: GuminoHatahuritseImpamvuTwirwaneho
Share25Tweet16Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails

EU Yahagaritse Amasezerano n’Amerika, Intangiriro y’Intambara Nshya y’Ubukungu

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
EU Yahagaritse Amasezerano n’Amerika, Intangiriro y’Intambara Nshya y’Ubukungu

EU Yahagaritse Amasezerano n’Amerika, Intangiriro y’Intambara Nshya y’Ubukungu Nk’uko bigaragara mu isesengura rikomeje gukwirakwira mu nzego za dipolomasi n’ubukungu ku Isi, Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) wafashe icyemezo...

Read moreDetails

Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba

by Bahanda Bruce
January 20, 2026
0
Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba

Perezida Trump Yasesereje Macron, Umubano wa Amerika n’u Bufaransa Urushaho Kuzamba Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gukoresha imvugo ikakaye irimo kwiyemera gukomeye, atangaza...

Read moreDetails
Next Post
Uwahoze ari intasi ya FDLR yatanze inama kuri M23.

Uwahoze ari intasi ya FDLR yatanze inama kuri M23.

Comments 1

  1. David says:
    1 year ago

    Mwebge NTA bwenge mukoresha politique yo ntayo.ibaranga muri ibirgwari.kbs
    Iyo mubesha muba mushaka oki Koko ?
    Imana ibabarire kandi tubasezeranije Yuko muzatsindwa imigambi yoguseya yanyu nimito peeee

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?