• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 19, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwahoze ari intasi ya FDLR yatanze inama kuri M23.

minebwenews by minebwenews
September 1, 2024
in Regional Politics
0
Uwahoze ari intasi ya FDLR yatanze inama kuri M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari intasi ya FDLR yatanze inama kuri M23.

Hari mu kiganiro Colonel Nshimiyimana yagiranye na Bwiza Tv, aho yaburiye ubuyobozi bwa M23 gukora ibishoboka byose bakarinda umutekano wo mu duce two mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, utwo ugenzura.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Colonel Nshimiyimana wakoze iki kiganiro, yahoze akuriye ubutasi bwo hanze mu mutwe wa FDLR. Uyu mugabo kandi azwi cyane ku mazina ya Bora Manasse.

Bwana Bora kuri ubu asigaye atuye mu Rwanda, nyuma y’uko agaye imikorere ya FDLR agataha mu rwa mubyaye, yavuze ko M23 ikwiye kubanza guhagarika imirwano maze ikarinda umutekano w’abaturage bo mu duce yamaze kubohoza.

Yagize ati: “Njyewe mbaye ndi mu bayobozi ba M23 kuri iyi itariki ikintu nakwihutira gukora ni uguhita ncungira umutekano aho namaze gufata. Nka banza nkibaza nti ‘aho nafashe abaturage bafite umutekano? Nta maraso ari kuhameneka.”

Muri iki kiganiro bwana Bora yakoze yanagaragaje ko amaraso y’inzira karengane akomeje ku meneka mu mujyi wa Goma aruta ari ku meneka mu Ntara ya Gaza, ashimangira ko uyu mujyi uri muyo M23 yakabaye irinda.

I Goma mu Ntara yo muri Kivu Yaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hagiye haba ubwicanyi bwa hato nahato ndetse kandi hakarwangwa n’umutekano muke ahanini ugasanga byose biva ku barwanyi bo mu mitwe ikorana byahafi n’ingabo za RDC.

Ubu bwicanyi bwaje gufata intera mu mwaka ushize gukomerezaho, ndetse hari n’igihe kigera ugasanga i cyumweru cyose gishize buri munsi hapfa umuntu cyangwa babiri yewe hari n’igihe hapfa abarenze batanu.

Umutwe wa M23 umaze igihe kirekire ugenzura uduce dutandukanye twa Kivu y’Amajyaruguru, by’u mwihariko utwa za teritware za Lubero, Rutshuru, Masisi na Nyiragongo. Kandi ahantu ugenzura abaturage bafite amahoro.

Utu duce turi mutugenzurwa na M23 , yatwigaruriye nyuma y’uko itwirukanyemo ihuriro ry’Ingabo za RDC rigizwe na FARDC, imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC.

                MCN.
Tags: BoraFDLRIntasiNshimiyimana AugstinYatanze inama kuri m23

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Byinshi wa menya ku baherwe batanu bakize kurusha abandi muri Afrika.

Byinshi wa menya ku baherwe batanu bakize kurusha abandi muri Afrika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 durcit sa ligne de confrontation avec le pouvoir de Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?