• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwahoze ari intasi ya FDLR yatanze inama kuri M23.

minebwenews by minebwenews
September 1, 2024
in Regional Politics
0
Uwahoze ari intasi ya FDLR yatanze inama kuri M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari intasi ya FDLR yatanze inama kuri M23.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Hari mu kiganiro Colonel Nshimiyimana yagiranye na Bwiza Tv, aho yaburiye ubuyobozi bwa M23 gukora ibishoboka byose bakarinda umutekano wo mu duce two mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, utwo ugenzura.

Colonel Nshimiyimana wakoze iki kiganiro, yahoze akuriye ubutasi bwo hanze mu mutwe wa FDLR. Uyu mugabo kandi azwi cyane ku mazina ya Bora Manasse.

Bwana Bora kuri ubu asigaye atuye mu Rwanda, nyuma y’uko agaye imikorere ya FDLR agataha mu rwa mubyaye, yavuze ko M23 ikwiye kubanza guhagarika imirwano maze ikarinda umutekano w’abaturage bo mu duce yamaze kubohoza.

Yagize ati: “Njyewe mbaye ndi mu bayobozi ba M23 kuri iyi itariki ikintu nakwihutira gukora ni uguhita ncungira umutekano aho namaze gufata. Nka banza nkibaza nti ‘aho nafashe abaturage bafite umutekano? Nta maraso ari kuhameneka.”

Muri iki kiganiro bwana Bora yakoze yanagaragaje ko amaraso y’inzira karengane akomeje ku meneka mu mujyi wa Goma aruta ari ku meneka mu Ntara ya Gaza, ashimangira ko uyu mujyi uri muyo M23 yakabaye irinda.

I Goma mu Ntara yo muri Kivu Yaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hagiye haba ubwicanyi bwa hato nahato ndetse kandi hakarwangwa n’umutekano muke ahanini ugasanga byose biva ku barwanyi bo mu mitwe ikorana byahafi n’ingabo za RDC.

Ubu bwicanyi bwaje gufata intera mu mwaka ushize gukomerezaho, ndetse hari n’igihe kigera ugasanga i cyumweru cyose gishize buri munsi hapfa umuntu cyangwa babiri yewe hari n’igihe hapfa abarenze batanu.

Umutwe wa M23 umaze igihe kirekire ugenzura uduce dutandukanye twa Kivu y’Amajyaruguru, by’u mwihariko utwa za teritware za Lubero, Rutshuru, Masisi na Nyiragongo. Kandi ahantu ugenzura abaturage bafite amahoro.

Utu duce turi mutugenzurwa na M23 , yatwigaruriye nyuma y’uko itwirukanyemo ihuriro ry’Ingabo za RDC rigizwe na FARDC, imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC.

                MCN.
Tags: BoraFDLRIntasiNshimiyimana AugstinYatanze inama kuri m23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Byinshi wa menya ku baherwe batanu bakize kurusha abandi muri Afrika.

Byinshi wa menya ku baherwe batanu bakize kurusha abandi muri Afrika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?