Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe ibintu bitanu ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi buzibukirwa ho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 11, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe ibintu bitanu ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi buzibukirwa ho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibintu bitanu ubutegetsi bwa Tshisekedi Tshilombo buzibukirwaho.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe n’ibitangaza makuru. Ibi tukaba tubikesha i Gihe.

Perezida Félix Tshisekedi yongeye kurahirira kuyobora RDC, tariki ya 20/01/2024, muri manda ye ya kabiri; nyuma y’uko amatora ya mugejeje kuri uwo mwanya yari yaranzwe n’imvururu.

Ni mugihe kandi ubwo hari amatora yagajeje Tshisekedi kongera kuyobora igihugu cya RDC, mu Burasirazuba bw’icyo gihugu hari imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Bizwi ko muri manda ya Tshisekedi y’ambere, nta kintu gifatika perezida Félix Tshisekedi yigeze akorera igihugu cye, kuburyo nawe mu ijambo yagejeje ku Banyekongo ryo kurangiza umwaka yavuze ko ntacyo yakoze. Ariko yizeza Abanyekongo ko azahindura Congo kuba nshya muri manda ye ya kabiri.

Iy’i nkuru dukesha i Gihe, ivuga ko hari ibintu bitanu ubutegetsi bwa Tshilombo buzibukirwaho.

Kimwe muri ibyo ngo ni “uko Tshisekedi yayoboye manda zibiri zikurikirana, ariko intsinzi ye igashidikanywaho.”

Intsinzi ya Félix Tshisekedi mu matora ya 2018 yateje impagarara mu gihugu hose, kuko byarimo bivugwa ko Martin Fayulu ariwe wari watsinze ayo matora.

Ibi kandi byaje kwemezwa na Corneille Nangaa wari uhagarariye amatora muri icyo gihe, kimweho uyu munyacubahiro, ibi yabishize hanze nyuma y’uko yari yamaze guhunga igihugu.

Mbere y’uko amatora aba, bivugwa ko hari habanjye kuba amasezerano y’ibanga hagati ya Tshisekedi na Joseph Kabila wari perezida icyo gihe.

Nk’uko byavuzwe n’uko ayo masezerano yavugaga ko Joseph Kabila agomba gufasha Tshisekedi akaba perezida, nyuma ya manda imwe akazongera guha Kabila akongera kuyobora RDC.

Ikindi kizibukwa kuri Tshisekedi, n’uko igihe cye cy’ubutegetsi ari bwo imitwe y’inyeshamba yikubye inshuro zibiri.

Ni mugihe yahoraga ari 130 ubu ikaba ibarirwa mu magana abiri na mirongwitandatu(260).

Raporo yo mu mwaka w’2022, ya Human Rights Watch, yagaragaje ko inzego zohejuru mu gisirikare cya FARDC aribo baha ubufasha imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irwanira mu Burasirazuba bwa RDC, bityo bikaba biri mu bituma imitwe y’inyeshamba ikomeza kwiyongera n’ubu.

Ikigira Gatatu perezida Félix Tshisekedi azibukirwaho n’uko yazanye abasirikare bakomoka mu bihugu birihafi kugera 20, kuza kumufasha kurwanya M23.

Harimo imitwe iri mucyiswe Wazalendo ifasha FARDC kurwanya M23, bivugwa ko igizwe n’abarwanyi ba barirwa 35.000, mu gihe bivugwa ko M23 yo ifite abasirikare batarenze ibihumbi 7000.

Tshisekedi kandi yazanye SADC igizwe n’ibihugu 16 ikaba yarohereje abasirikare ba barirwa muri 5000, mu gihe n’u Burundi bwohereje ingabo zabo z’ibarirwa mu 6000.

Hari kandi Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, nayo ifite abasirikare 12, 000 kandi bazwiho gufasha Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya M23.

FDLR umutwe ukomoka mu gihugu cy’u Rwanda, uzwiho gukorana byahafi n’ubutegetsi bwa Kinshasa, uyu mutwe ufite abarwanyi babarirwa mu 5000.

Ikigira Kane Tshisekedi azibukirwaho n’uko y’irukanye ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EACRF).

Uyu muryango w’Afrika y’iburasirazuba, EAC, ukimara kwa kira Tshisekedi nk’u munyamuryango, wahereye ko utangira kuyifasha kuyishakira ibyamara intambara mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.

Mu kwezi kwa Cumi numwe, umwaka w’ 2023, EAC yohereje abasirikare bayo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuja gufasha RDC gushaka amahoro n’umutekano.

Nyuma ya mezi umunani gusa, izi ngabo ziri muri RDC kandi zanagaruye nagahenge, Tshisekedi yanze kuzongerera manda azishinja gukorana byahafi n’umutwe wa M23, kuko yari yazisabye kurasa uwo mutwe zikabyanga, ni mu gihe bitari mu nshingano zabo.

Aharero niho Tshisekedi yahise ategeka ko EACRF imuvira mu gihugu.

Ikigira Gatanu, perezida Félix Tshisekedi niwe muntu ingabo ze zatsinzwe k’urugamba akanga ibiganiro bya mahoro hagati yabo bahanganye.

Mu bihe bitandukanye abategetsi bo mu karere bagiye bagira i Nama perezida Félix Tshisekedi kuganira n’u mutwe wa M23, mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibyo Tshisekedi yabiteye utwatsi. N’ubwo biruko Ingabo za M23 zikomeje kwa mbura ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ibice byinshi. Kandi imirwano irakomeje ndetse iranasatira gufata u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyarugu.

          MCN.
Tags: BuzibukirwaTshisekediUbutegetsi bwa Tshilombo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi mukuru w’i huriro rya AFC, Corneille Nangaa yandikiye perezida wa Afrika y’Epfo, amutondagurira ubuhemu bwe.

Umuyobozi mukuru w'i huriro rya AFC, Corneille Nangaa yandikiye perezida wa Afrika y'Epfo, amutondagurira ubuhemu bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?