• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe ibintu bitanu ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi buzibukirwa ho.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe ibintu bitanu ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi buzibukirwa ho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibintu bitanu ubutegetsi bwa Tshisekedi Tshilombo buzibukirwaho.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni byatangajwe n’ibitangaza makuru. Ibi tukaba tubikesha i Gihe.

Perezida Félix Tshisekedi yongeye kurahirira kuyobora RDC, tariki ya 20/01/2024, muri manda ye ya kabiri; nyuma y’uko amatora ya mugejeje kuri uwo mwanya yari yaranzwe n’imvururu.

Ni mugihe kandi ubwo hari amatora yagajeje Tshisekedi kongera kuyobora igihugu cya RDC, mu Burasirazuba bw’icyo gihugu hari imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Bizwi ko muri manda ya Tshisekedi y’ambere, nta kintu gifatika perezida Félix Tshisekedi yigeze akorera igihugu cye, kuburyo nawe mu ijambo yagejeje ku Banyekongo ryo kurangiza umwaka yavuze ko ntacyo yakoze. Ariko yizeza Abanyekongo ko azahindura Congo kuba nshya muri manda ye ya kabiri.

Iy’i nkuru dukesha i Gihe, ivuga ko hari ibintu bitanu ubutegetsi bwa Tshilombo buzibukirwaho.

Kimwe muri ibyo ngo ni “uko Tshisekedi yayoboye manda zibiri zikurikirana, ariko intsinzi ye igashidikanywaho.”

Intsinzi ya Félix Tshisekedi mu matora ya 2018 yateje impagarara mu gihugu hose, kuko byarimo bivugwa ko Martin Fayulu ariwe wari watsinze ayo matora.

Ibi kandi byaje kwemezwa na Corneille Nangaa wari uhagarariye amatora muri icyo gihe, kimweho uyu munyacubahiro, ibi yabishize hanze nyuma y’uko yari yamaze guhunga igihugu.

Mbere y’uko amatora aba, bivugwa ko hari habanjye kuba amasezerano y’ibanga hagati ya Tshisekedi na Joseph Kabila wari perezida icyo gihe.

Nk’uko byavuzwe n’uko ayo masezerano yavugaga ko Joseph Kabila agomba gufasha Tshisekedi akaba perezida, nyuma ya manda imwe akazongera guha Kabila akongera kuyobora RDC.

Ikindi kizibukwa kuri Tshisekedi, n’uko igihe cye cy’ubutegetsi ari bwo imitwe y’inyeshamba yikubye inshuro zibiri.

Ni mugihe yahoraga ari 130 ubu ikaba ibarirwa mu magana abiri na mirongwitandatu(260).

Raporo yo mu mwaka w’2022, ya Human Rights Watch, yagaragaje ko inzego zohejuru mu gisirikare cya FARDC aribo baha ubufasha imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irwanira mu Burasirazuba bwa RDC, bityo bikaba biri mu bituma imitwe y’inyeshamba ikomeza kwiyongera n’ubu.

Ikigira Gatatu perezida Félix Tshisekedi azibukirwaho n’uko yazanye abasirikare bakomoka mu bihugu birihafi kugera 20, kuza kumufasha kurwanya M23.

Harimo imitwe iri mucyiswe Wazalendo ifasha FARDC kurwanya M23, bivugwa ko igizwe n’abarwanyi ba barirwa 35.000, mu gihe bivugwa ko M23 yo ifite abasirikare batarenze ibihumbi 7000.

Tshisekedi kandi yazanye SADC igizwe n’ibihugu 16 ikaba yarohereje abasirikare ba barirwa muri 5000, mu gihe n’u Burundi bwohereje ingabo zabo z’ibarirwa mu 6000.

Hari kandi Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, nayo ifite abasirikare 12, 000 kandi bazwiho gufasha Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya M23.

FDLR umutwe ukomoka mu gihugu cy’u Rwanda, uzwiho gukorana byahafi n’ubutegetsi bwa Kinshasa, uyu mutwe ufite abarwanyi babarirwa mu 5000.

Ikigira Kane Tshisekedi azibukirwaho n’uko y’irukanye ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EACRF).

Uyu muryango w’Afrika y’iburasirazuba, EAC, ukimara kwa kira Tshisekedi nk’u munyamuryango, wahereye ko utangira kuyifasha kuyishakira ibyamara intambara mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.

Mu kwezi kwa Cumi numwe, umwaka w’ 2023, EAC yohereje abasirikare bayo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuja gufasha RDC gushaka amahoro n’umutekano.

Nyuma ya mezi umunani gusa, izi ngabo ziri muri RDC kandi zanagaruye nagahenge, Tshisekedi yanze kuzongerera manda azishinja gukorana byahafi n’umutwe wa M23, kuko yari yazisabye kurasa uwo mutwe zikabyanga, ni mu gihe bitari mu nshingano zabo.

Aharero niho Tshisekedi yahise ategeka ko EACRF imuvira mu gihugu.

Ikigira Gatanu, perezida Félix Tshisekedi niwe muntu ingabo ze zatsinzwe k’urugamba akanga ibiganiro bya mahoro hagati yabo bahanganye.

Mu bihe bitandukanye abategetsi bo mu karere bagiye bagira i Nama perezida Félix Tshisekedi kuganira n’u mutwe wa M23, mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibyo Tshisekedi yabiteye utwatsi. N’ubwo biruko Ingabo za M23 zikomeje kwa mbura ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ibice byinshi. Kandi imirwano irakomeje ndetse iranasatira gufata u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyarugu.

          MCN.
Tags: BuzibukirwaTshisekediUbutegetsi bwa Tshilombo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi mukuru w’i huriro rya AFC, Corneille Nangaa yandikiye perezida wa Afrika y’Epfo, amutondagurira ubuhemu bwe.

Umuyobozi mukuru w'i huriro rya AFC, Corneille Nangaa yandikiye perezida wa Afrika y'Epfo, amutondagurira ubuhemu bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?