• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe ibintu bitanu ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi buzibukirwa ho.

minebwenews by minebwenews
March 11, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe ibintu bitanu ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi buzibukirwa ho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibintu bitanu ubutegetsi bwa Tshisekedi Tshilombo buzibukirwaho.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni byatangajwe n’ibitangaza makuru. Ibi tukaba tubikesha i Gihe.

Perezida Félix Tshisekedi yongeye kurahirira kuyobora RDC, tariki ya 20/01/2024, muri manda ye ya kabiri; nyuma y’uko amatora ya mugejeje kuri uwo mwanya yari yaranzwe n’imvururu.

Ni mugihe kandi ubwo hari amatora yagajeje Tshisekedi kongera kuyobora igihugu cya RDC, mu Burasirazuba bw’icyo gihugu hari imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Bizwi ko muri manda ya Tshisekedi y’ambere, nta kintu gifatika perezida Félix Tshisekedi yigeze akorera igihugu cye, kuburyo nawe mu ijambo yagejeje ku Banyekongo ryo kurangiza umwaka yavuze ko ntacyo yakoze. Ariko yizeza Abanyekongo ko azahindura Congo kuba nshya muri manda ye ya kabiri.

Iy’i nkuru dukesha i Gihe, ivuga ko hari ibintu bitanu ubutegetsi bwa Tshilombo buzibukirwaho.

Kimwe muri ibyo ngo ni “uko Tshisekedi yayoboye manda zibiri zikurikirana, ariko intsinzi ye igashidikanywaho.”

Intsinzi ya Félix Tshisekedi mu matora ya 2018 yateje impagarara mu gihugu hose, kuko byarimo bivugwa ko Martin Fayulu ariwe wari watsinze ayo matora.

Ibi kandi byaje kwemezwa na Corneille Nangaa wari uhagarariye amatora muri icyo gihe, kimweho uyu munyacubahiro, ibi yabishize hanze nyuma y’uko yari yamaze guhunga igihugu.

Mbere y’uko amatora aba, bivugwa ko hari habanjye kuba amasezerano y’ibanga hagati ya Tshisekedi na Joseph Kabila wari perezida icyo gihe.

Nk’uko byavuzwe n’uko ayo masezerano yavugaga ko Joseph Kabila agomba gufasha Tshisekedi akaba perezida, nyuma ya manda imwe akazongera guha Kabila akongera kuyobora RDC.

Ikindi kizibukwa kuri Tshisekedi, n’uko igihe cye cy’ubutegetsi ari bwo imitwe y’inyeshamba yikubye inshuro zibiri.

Ni mugihe yahoraga ari 130 ubu ikaba ibarirwa mu magana abiri na mirongwitandatu(260).

Raporo yo mu mwaka w’2022, ya Human Rights Watch, yagaragaje ko inzego zohejuru mu gisirikare cya FARDC aribo baha ubufasha imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irwanira mu Burasirazuba bwa RDC, bityo bikaba biri mu bituma imitwe y’inyeshamba ikomeza kwiyongera n’ubu.

Ikigira Gatatu perezida Félix Tshisekedi azibukirwaho n’uko yazanye abasirikare bakomoka mu bihugu birihafi kugera 20, kuza kumufasha kurwanya M23.

Harimo imitwe iri mucyiswe Wazalendo ifasha FARDC kurwanya M23, bivugwa ko igizwe n’abarwanyi ba barirwa 35.000, mu gihe bivugwa ko M23 yo ifite abasirikare batarenze ibihumbi 7000.

Tshisekedi kandi yazanye SADC igizwe n’ibihugu 16 ikaba yarohereje abasirikare ba barirwa muri 5000, mu gihe n’u Burundi bwohereje ingabo zabo z’ibarirwa mu 6000.

Hari kandi Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, nayo ifite abasirikare 12, 000 kandi bazwiho gufasha Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kurwanya M23.

FDLR umutwe ukomoka mu gihugu cy’u Rwanda, uzwiho gukorana byahafi n’ubutegetsi bwa Kinshasa, uyu mutwe ufite abarwanyi babarirwa mu 5000.

Ikigira Kane Tshisekedi azibukirwaho n’uko y’irukanye ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EACRF).

Uyu muryango w’Afrika y’iburasirazuba, EAC, ukimara kwa kira Tshisekedi nk’u munyamuryango, wahereye ko utangira kuyifasha kuyishakira ibyamara intambara mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.

Mu kwezi kwa Cumi numwe, umwaka w’ 2023, EAC yohereje abasirikare bayo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, kuja gufasha RDC gushaka amahoro n’umutekano.

Nyuma ya mezi umunani gusa, izi ngabo ziri muri RDC kandi zanagaruye nagahenge, Tshisekedi yanze kuzongerera manda azishinja gukorana byahafi n’umutwe wa M23, kuko yari yazisabye kurasa uwo mutwe zikabyanga, ni mu gihe bitari mu nshingano zabo.

Aharero niho Tshisekedi yahise ategeka ko EACRF imuvira mu gihugu.

Ikigira Gatanu, perezida Félix Tshisekedi niwe muntu ingabo ze zatsinzwe k’urugamba akanga ibiganiro bya mahoro hagati yabo bahanganye.

Mu bihe bitandukanye abategetsi bo mu karere bagiye bagira i Nama perezida Félix Tshisekedi kuganira n’u mutwe wa M23, mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibyo Tshisekedi yabiteye utwatsi. N’ubwo biruko Ingabo za M23 zikomeje kwa mbura ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ibice byinshi. Kandi imirwano irakomeje ndetse iranasatira gufata u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyarugu.

          MCN.
Tags: BuzibukirwaTshisekediUbutegetsi bwa Tshilombo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umuyobozi mukuru w’i huriro rya AFC, Corneille Nangaa yandikiye perezida wa Afrika y’Epfo, amutondagurira ubuhemu bwe.

Umuyobozi mukuru w'i huriro rya AFC, Corneille Nangaa yandikiye perezida wa Afrika y'Epfo, amutondagurira ubuhemu bwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?