• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatangajwe uruzinduko rudasanzwe, perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ateganya kugirira i Paris mu Bufaransa.

minebwenews by minebwenews
April 26, 2024
in Regional Politics
0
Hatangajwe uruzinduko rudasanzwe, perezida Félix Tshisekedi Tshilombo ateganya kugirira i Paris mu Bufaransa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatangajwe uruzinduko rudasanzwe perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ateganya kugirira i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nibyashizwe hanze na Ambasaderi w’u Bufaransa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Bruno Aubert, aho yemeje ko Tshisekedi azasura igihugu cy’u Bufaransa mu minsi mike iri imbere.

Ambasaderi w’u Bufaransa muri RDC, ibi yabitangaje nyuma y’uko ku wa Kane, tariki ya 25/04/2024 yagiranye umubonano na perezida Félix Tshisekedi, i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Bruno yanavuze ko urwo ruzinduko Tshisekedi ateganya kugirira i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa, azagaruka ku mishinga yaganiriyeho na perezida Emmanuel Macron ubwo aheruka i Kinshasa ahagana mu mwaka w’2023. Kandi bakazaganira no ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC.

U Bufaransa na Repubulika ya demokarasi ya Congo bihorana umubano mwiza mu bya diplomasi. Paris yagiye ishigikira Kinshasa mu gushaka amahoro nyuma y’uko leta ya Kinshasa ikomeje gushinja u Rwanda gushigikira M23 irwanya ubwo butegetsi.

Kuri uyu wa Kane kandi perezida Félix Tshisekedi yabashye kuganira birambuye n’ambasaderi w’u Bubiligi n’uwa Amerika ku bijyanye n’umutekano n’ubutabazi mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC.

Muri ibyo biganiro bya Tshisekedi n’abahagarariye ibihugu byabo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Ambasaderi wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Lucky Tamlyn yongeye gushimangira ko igihugu cye kizaba hafi ya Leta ya Kinshasa mu buryo buziguye.

             MCN.
Tags: Azagirira uruzinduko rudasanzweI Paris mu BufaransaTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zongeye gukizwa n’amaguru mu rugamba rubyukiye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zongeye gukizwa n'amaguru mu rugamba rubyukiye mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?