Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatanzwe agahenge ku ntambara u Burusiya buhanganyemo na Ukraine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 29, 2025
in World News
0
Hatanzwe agahenge ku ntambara u Burusiya buhanganyemo na Ukraine.
70
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe agahenge ku ntambara u Burusiya buhanganyemo na Ukraine.

You might also like

Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Umukuru w’igihugu cy’u Burusiya yabwiye ingabo ze guhagarika imirwano zihanganyemo n’iza Ukraine mu gihe cy’amasaha 72 kubera ko begereje umunsi wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 80 ishyize Leta Zunze ubumwe z’aba-soviyete zitsinze Abanazi mu ntambara ya kabiri y’isi.

Nk’uko perezida w’u Burusiya yabivuze, yavuze ko aka gahenge kazamara iminsi itatu, kandi ko kazatangira mu ijoro ryo ku itariki ya 08/05/2025.

Perezidansi y’u Burusiya yatangaje ko agahenge kashyizweho hagambiriwe koroshya ibikorwa by’u butabazi, bityo ko muri iyo minsi nta bikorwa byo guhangana n’ingabo za Ukraine bizabaho.

Iyi perezidansi kandi yatangaje ko mu gihe Ingabo za Ukraine zorenga kuri ako gahenge zikabarasa bazasubiza.

Buri tariki ya 09/05 yaburi mwaka, u Burusiya bwizihiza umunsi mukuru w’itsinzi bwishimira ko leta Zunze ubumwe z’aba-soviyete zatsinze aba-nazi bo mu Budage.

Itangazo perezidansi y’u Burusiya yashyize hanze rigira riti: “U Burusiya bwongeye kugaragaza ko bwiteguye ibiganiro nta mananiza abanje gushyirwaho, bigamije gukemura umuzi w’intambara yo muri Ukraine n’ibiganiro bifite intego hamwe n’abafatanyabikorwa mpuzamahanga.”

Agahenge, u Burusiya bwaherukaga ku gatangaza kandi mu minsi mike ishize.

Tags: AgahengeU BurusiyaUkraine
Share28Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Israel: Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye

Netanyahu yasuye aho ibisasu byasenye. Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu yasuye mu gace Iran yarashemo k'i Tel Aviv muri Israel, agera aho ibisasu byaraye bisenyaguye. Abantu icumi...

Read moreDetails

Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.

by Bruce Bahanda
June 15, 2025
0
Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.

Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk'igiterabwaba. Mu gihe intambara ikomeje kubica bigacika hagati ya Israel na Iran, ibihugu byombi kimwe gishinja icyabo kwica...

Read moreDetails

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

by Bruce Bahanda
June 14, 2025
0
Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk’imvura, ibyinshi birapfuba….

Ibisasu byamanukaga i Tel Aviv nk'imvura, ibyinshi birapfuba…. Igisirikare cya Israel cyatangaje ko Iran yayiteyeho ibisasu bibarigwa mu magana, ariko ko ibyinshi muri byo byapfubiye mu kirere. Ubwo...

Read moreDetails

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza.

Israel ikomeje gukora amateka ni mu gihe ibisasu byose Iran iri kuyirasaho iri kubishywanyaguza. Mu buryo bwo kwihimura, Iran yohereje muri Israel drones zirenga 100 na za misile,...

Read moreDetails

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye.

Igitero karahabutaka cya Israel muri Iran cyasize gikoze amateka akomeye. Abayobozi b'Ingabo muri Iran baguye mu gitero gikomeye cyagabwe n'igisirikare cya Israel muri icyo gihugu. Ni igitero Israel...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare ba SADC batangiye kuva muri RDC.

Abasirikare ba SADC batangiye kuva muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?