• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

minebwenews by minebwenews
August 4, 2024
in Regional Politics
0
Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni ubusobanuro bwatanzwe ku rwego rw’i Ntara ya Ituri aho buvuga ko abantu benshi baheruka gufungirwa muri ibyo bice bazize kuba ibyitso by’umutwe wa m23.

Umuvugizi wa guverineri w’iy’i ntara ya Ituri ku rwego rw’i gisirikare, bwana Lieutenant Jules Ngongo mu gutanga ibisobanura by’abo bantu bafunzwe bazira kuba ibyitso by’umutwe wa m23 yagize ati: “Turi abasirikare b’umwuga twarabyigiye, rero, abo duheruka gufata turabafunga, nuko twari twamenye amakuru yabo neza. Icyo bazira nuko bakorana n’abanzi b’igihugu. Bafunzwe kubera ko bakorana na m23.”

Amakuru aviyo anavuga ko ibi bisobanuro bya bwana Lieutenant Jules Ngongo yabitanze nyuma yuko depite Gratien Iracan yari yasabye ubutegetsi bw’i Ntara ya Ituri gukora ibishoboka byose bagakemura ibibazo urubyiruko rwo muri Ituri rufite harimo ko rukomeje gufungwa ku rwego rumaze kurenga igipimo.

Ku bwa Lieutenant Jules Ngongo anavuga ko kandi aba bafunzwe bafashwe kimwe n’abanzi b’igihugu ko ndetse ari kimwe n’abagaba ibitero kuri posisiyo z’abasirikare ba leta, bakica abasirikare ndetse bagasahura n’imitungo y’igihugu.

Gusa, bivugwa ko urubyiruko rwo muri Ituri rurimo gufungwa ku rwego rwo hejuru, ariko kandi nta mubare uzwi w’abantu bamaze gutabwa muri yombi.

Ariko nk’uko bivugwa, gufunga urubyiruko rwo muri Ituri byatangiye kuvaho umutwe wa m23 ugize ibice bimwe byo muri teritwari ya Lubero ufata, ahagana mu mpera z’ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka.

            MCN.
Tags: bafunzweIturiUbusobanuro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?