Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 4, 2024
in Regional Politics
0
Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

You might also like

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ubusobanuro bwatanzwe ku rwego rw’i Ntara ya Ituri aho buvuga ko abantu benshi baheruka gufungirwa muri ibyo bice bazize kuba ibyitso by’umutwe wa m23.

Umuvugizi wa guverineri w’iy’i ntara ya Ituri ku rwego rw’i gisirikare, bwana Lieutenant Jules Ngongo mu gutanga ibisobanura by’abo bantu bafunzwe bazira kuba ibyitso by’umutwe wa m23 yagize ati: “Turi abasirikare b’umwuga twarabyigiye, rero, abo duheruka gufata turabafunga, nuko twari twamenye amakuru yabo neza. Icyo bazira nuko bakorana n’abanzi b’igihugu. Bafunzwe kubera ko bakorana na m23.”

Amakuru aviyo anavuga ko ibi bisobanuro bya bwana Lieutenant Jules Ngongo yabitanze nyuma yuko depite Gratien Iracan yari yasabye ubutegetsi bw’i Ntara ya Ituri gukora ibishoboka byose bagakemura ibibazo urubyiruko rwo muri Ituri rufite harimo ko rukomeje gufungwa ku rwego rumaze kurenga igipimo.

Ku bwa Lieutenant Jules Ngongo anavuga ko kandi aba bafunzwe bafashwe kimwe n’abanzi b’igihugu ko ndetse ari kimwe n’abagaba ibitero kuri posisiyo z’abasirikare ba leta, bakica abasirikare ndetse bagasahura n’imitungo y’igihugu.

Gusa, bivugwa ko urubyiruko rwo muri Ituri rurimo gufungwa ku rwego rwo hejuru, ariko kandi nta mubare uzwi w’abantu bamaze gutabwa muri yombi.

Ariko nk’uko bivugwa, gufunga urubyiruko rwo muri Ituri byatangiye kuvaho umutwe wa m23 ugize ibice bimwe byo muri teritwari ya Lubero ufata, ahagana mu mpera z’ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka.

            MCN.
Tags: bafunzweIturiUbusobanuro
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?