• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

minebwenews by minebwenews
August 4, 2024
in Regional Politics
0
Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe ubusobanuro ku bantu bakomeje gufungirwa muri Ituri bazira m23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ubusobanuro bwatanzwe ku rwego rw’i Ntara ya Ituri aho buvuga ko abantu benshi baheruka gufungirwa muri ibyo bice bazize kuba ibyitso by’umutwe wa m23.

Umuvugizi wa guverineri w’iy’i ntara ya Ituri ku rwego rw’i gisirikare, bwana Lieutenant Jules Ngongo mu gutanga ibisobanura by’abo bantu bafunzwe bazira kuba ibyitso by’umutwe wa m23 yagize ati: “Turi abasirikare b’umwuga twarabyigiye, rero, abo duheruka gufata turabafunga, nuko twari twamenye amakuru yabo neza. Icyo bazira nuko bakorana n’abanzi b’igihugu. Bafunzwe kubera ko bakorana na m23.”

Amakuru aviyo anavuga ko ibi bisobanuro bya bwana Lieutenant Jules Ngongo yabitanze nyuma yuko depite Gratien Iracan yari yasabye ubutegetsi bw’i Ntara ya Ituri gukora ibishoboka byose bagakemura ibibazo urubyiruko rwo muri Ituri rufite harimo ko rukomeje gufungwa ku rwego rumaze kurenga igipimo.

Ku bwa Lieutenant Jules Ngongo anavuga ko kandi aba bafunzwe bafashwe kimwe n’abanzi b’igihugu ko ndetse ari kimwe n’abagaba ibitero kuri posisiyo z’abasirikare ba leta, bakica abasirikare ndetse bagasahura n’imitungo y’igihugu.

Gusa, bivugwa ko urubyiruko rwo muri Ituri rurimo gufungwa ku rwego rwo hejuru, ariko kandi nta mubare uzwi w’abantu bamaze gutabwa muri yombi.

Ariko nk’uko bivugwa, gufunga urubyiruko rwo muri Ituri byatangiye kuvaho umutwe wa m23 ugize ibice bimwe byo muri teritwari ya Lubero ufata, ahagana mu mpera z’ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka.

            MCN.
Tags: bafunzweIturiUbusobanuro
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

Impamvu ibihugu bikomakomeye biri kuburira abantu babo kuva mu gihugu cya Liban ya menyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?