Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatanzwe umuco ku ntama yagaragaye iherekeje abayobozi ba AFC bari barangije amahugurwa y’ubuyobozi muri Rutshuru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 21, 2024
in World News
0
Hatanzwe umuco ku ntama yagaragaye iherekeje abayobozi ba AFC bari barangije amahugurwa y’ubuyobozi muri Rutshuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hibajijwe Intama yagaragaye muri teritware ya Rutshuru iherekeje abantu bo muri AFC/M23, ubwo bari mu rugendo rugamije kubohoza ubutaka bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni Intama y’igitare yagaragaye ku munsi w’ejo tariki ya 20/04/2024, mu gihe abayobozi(Cadre Politique) barenga ibihumbi umunani bo muri AFC bari barangije amahugurwa yamaze iminsi irenga 14.

Ubwo bari murugendo rwo kubohoza ubutaka bw’igihugu cya RDC, nk’uko umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yabyise, bakoze urugendo bava mu bice bya Nyongera berekeza ku biro bya teritware ya Rutshuru.

Hagati muri wa murongo w’abayobozi barangije amahugurwa hari Intama y’igitare yagaragaye muribo. Amakuru Minembwe Capital News yahawe n’umwe mu barwanyi ba M23 yavuze ko ari ntama yabakurikiye nabo bayitaho.

Mu busanzwe Intama iri mu matungo agira ikigereranyo cyiza kuko igereranwa n’umuyobozi w’amahoro, ni n’itungo ribana neza n’andi matungo nta nkomyi, bityo Intama igira ikigereranyo cy’ubutsinzi kuko na Yesu kristo umwana w’Imana yiswe umwana w’Intama w’Imana.

Minembwe Capital News yabwiwe n’umurwanyi wa M23 ko Intama isanga abantu bazima.

Yagize ati: “Intama isanga abantu ba mahoro kandi b’imfura.”

Hagati mu myaka ya 199-1994, ubwo Inkotanyi zari mu rugamba rwo kubohoza u Rwanda, rimwe narimwe iyo herekanwa video zabo nk’i gihe bari murugendo wabonaga Intama iri hagati muribo, dore ko bose impamvu bafashe Imbunda ari ukurwanira ukubaho kwabo.

Umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka mu butumwa bugufi yatanze yavuze ko urwo rugendo rwari ruyobowe na Corneille Nangaa ubwiwe wenyine, anavuga ko nta kindi urwo rugendo rwari rugambiriye usibye kubohoza igihugu.

Ati: “Abayobozi barangije amahugurwa, bayobowe n’umuhuza bikorwa mukuru wa AFC, bakoze urugendo kuva Nyongera kugera Rutshuru Centre. Urugendo rwakozwe rugamije kubohoza igihugu.”

Ku rundi ruhande biravugwa ko urugendo Nangaa yakoze rwabyaye ubwoba bwinshi ku bayobozi ba leta ya Kinshasa, nk’uko byagiye bitangazwa ku mbuga nkoranya mbaga.

Kimweho uru rugendo rwakozwe mu gihe bamwe mu bayobozi ba AFC bari baheruka gutangariza itangaza makuru ko bagiye gufata umujyi wa Goma vuba.

Ibyo byavuzwe na Jaques Mamba wahoze ari umudepite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba kuri ubu yari yiyunze na AFC ya Corneille Nangaa.

Yagize ati: “Tshisekedi yitegure gusigara wenyine, wenda azasigarana n’umuryango we. Vuba aha turafata Goma abayobozi benshi bagiye kuyoboka Alliance Fleuve Congo.”

Ibyo binabaye kandi mu gihe AFC/M23 imaze gufata ibice byinshi ahanini byo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

           MCN.
Tags: Iherekeje abayobozi ba AFCIntamaRutshuruUmucoY'igitare
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Imikorere ya Wazalendo na FDLR irakemangwa n’abamwe mu Banyekongo bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Imikorere ya Wazalendo na FDLR irakemangwa n'abamwe mu Banyekongo bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?