• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatanzwe umuco ku ntama yagaragaye iherekeje abayobozi ba AFC bari barangije amahugurwa y’ubuyobozi muri Rutshuru.

minebwenews by minebwenews
April 21, 2024
in World News
0
Hatanzwe umuco ku ntama yagaragaye iherekeje abayobozi ba AFC bari barangije amahugurwa y’ubuyobozi muri Rutshuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hibajijwe Intama yagaragaye muri teritware ya Rutshuru iherekeje abantu bo muri AFC/M23, ubwo bari mu rugendo rugamije kubohoza ubutaka bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Ni Intama y’igitare yagaragaye ku munsi w’ejo tariki ya 20/04/2024, mu gihe abayobozi(Cadre Politique) barenga ibihumbi umunani bo muri AFC bari barangije amahugurwa yamaze iminsi irenga 14.

Ubwo bari murugendo rwo kubohoza ubutaka bw’igihugu cya RDC, nk’uko umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yabyise, bakoze urugendo bava mu bice bya Nyongera berekeza ku biro bya teritware ya Rutshuru.

Hagati muri wa murongo w’abayobozi barangije amahugurwa hari Intama y’igitare yagaragaye muribo. Amakuru Minembwe Capital News yahawe n’umwe mu barwanyi ba M23 yavuze ko ari ntama yabakurikiye nabo bayitaho.

Mu busanzwe Intama iri mu matungo agira ikigereranyo cyiza kuko igereranwa n’umuyobozi w’amahoro, ni n’itungo ribana neza n’andi matungo nta nkomyi, bityo Intama igira ikigereranyo cy’ubutsinzi kuko na Yesu kristo umwana w’Imana yiswe umwana w’Intama w’Imana.

Minembwe Capital News yabwiwe n’umurwanyi wa M23 ko Intama isanga abantu bazima.

Yagize ati: “Intama isanga abantu ba mahoro kandi b’imfura.”

Hagati mu myaka ya 199-1994, ubwo Inkotanyi zari mu rugamba rwo kubohoza u Rwanda, rimwe narimwe iyo herekanwa video zabo nk’i gihe bari murugendo wabonaga Intama iri hagati muribo, dore ko bose impamvu bafashe Imbunda ari ukurwanira ukubaho kwabo.

Umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka mu butumwa bugufi yatanze yavuze ko urwo rugendo rwari ruyobowe na Corneille Nangaa ubwiwe wenyine, anavuga ko nta kindi urwo rugendo rwari rugambiriye usibye kubohoza igihugu.

Ati: “Abayobozi barangije amahugurwa, bayobowe n’umuhuza bikorwa mukuru wa AFC, bakoze urugendo kuva Nyongera kugera Rutshuru Centre. Urugendo rwakozwe rugamije kubohoza igihugu.”

Ku rundi ruhande biravugwa ko urugendo Nangaa yakoze rwabyaye ubwoba bwinshi ku bayobozi ba leta ya Kinshasa, nk’uko byagiye bitangazwa ku mbuga nkoranya mbaga.

Kimweho uru rugendo rwakozwe mu gihe bamwe mu bayobozi ba AFC bari baheruka gutangariza itangaza makuru ko bagiye gufata umujyi wa Goma vuba.

Ibyo byavuzwe na Jaques Mamba wahoze ari umudepite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba kuri ubu yari yiyunze na AFC ya Corneille Nangaa.

Yagize ati: “Tshisekedi yitegure gusigara wenyine, wenda azasigarana n’umuryango we. Vuba aha turafata Goma abayobozi benshi bagiye kuyoboka Alliance Fleuve Congo.”

Ibyo binabaye kandi mu gihe AFC/M23 imaze gufata ibice byinshi ahanini byo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

           MCN.
Tags: Iherekeje abayobozi ba AFCIntamaRutshuruUmucoY'igitare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Imikorere ya Wazalendo na FDLR irakemangwa n’abamwe mu Banyekongo bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Imikorere ya Wazalendo na FDLR irakemangwa n'abamwe mu Banyekongo bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?