• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, July 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Hatanzwe umuco ku ntama yagaragaye iherekeje abayobozi ba AFC bari barangije amahugurwa y’ubuyobozi muri Rutshuru.

minebwenews by minebwenews
April 21, 2024
in World News
0
Hatanzwe umuco ku ntama yagaragaye iherekeje abayobozi ba AFC bari barangije amahugurwa y’ubuyobozi muri Rutshuru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hibajijwe Intama yagaragaye muri teritware ya Rutshuru iherekeje abantu bo muri AFC/M23, ubwo bari mu rugendo rugamije kubohoza ubutaka bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Ni Intama y’igitare yagaragaye ku munsi w’ejo tariki ya 20/04/2024, mu gihe abayobozi(Cadre Politique) barenga ibihumbi umunani bo muri AFC bari barangije amahugurwa yamaze iminsi irenga 14.

Ubwo bari murugendo rwo kubohoza ubutaka bw’igihugu cya RDC, nk’uko umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yabyise, bakoze urugendo bava mu bice bya Nyongera berekeza ku biro bya teritware ya Rutshuru.

Hagati muri wa murongo w’abayobozi barangije amahugurwa hari Intama y’igitare yagaragaye muribo. Amakuru Minembwe Capital News yahawe n’umwe mu barwanyi ba M23 yavuze ko ari ntama yabakurikiye nabo bayitaho.

Mu busanzwe Intama iri mu matungo agira ikigereranyo cyiza kuko igereranwa n’umuyobozi w’amahoro, ni n’itungo ribana neza n’andi matungo nta nkomyi, bityo Intama igira ikigereranyo cy’ubutsinzi kuko na Yesu kristo umwana w’Imana yiswe umwana w’Intama w’Imana.

Minembwe Capital News yabwiwe n’umurwanyi wa M23 ko Intama isanga abantu bazima.

Yagize ati: “Intama isanga abantu ba mahoro kandi b’imfura.”

Hagati mu myaka ya 199-1994, ubwo Inkotanyi zari mu rugamba rwo kubohoza u Rwanda, rimwe narimwe iyo herekanwa video zabo nk’i gihe bari murugendo wabonaga Intama iri hagati muribo, dore ko bose impamvu bafashe Imbunda ari ukurwanira ukubaho kwabo.

Umuvugizi wa AFC/M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka mu butumwa bugufi yatanze yavuze ko urwo rugendo rwari ruyobowe na Corneille Nangaa ubwiwe wenyine, anavuga ko nta kindi urwo rugendo rwari rugambiriye usibye kubohoza igihugu.

Ati: “Abayobozi barangije amahugurwa, bayobowe n’umuhuza bikorwa mukuru wa AFC, bakoze urugendo kuva Nyongera kugera Rutshuru Centre. Urugendo rwakozwe rugamije kubohoza igihugu.”

Ku rundi ruhande biravugwa ko urugendo Nangaa yakoze rwabyaye ubwoba bwinshi ku bayobozi ba leta ya Kinshasa, nk’uko byagiye bitangazwa ku mbuga nkoranya mbaga.

Kimweho uru rugendo rwakozwe mu gihe bamwe mu bayobozi ba AFC bari baheruka gutangariza itangaza makuru ko bagiye gufata umujyi wa Goma vuba.

Ibyo byavuzwe na Jaques Mamba wahoze ari umudepite muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba kuri ubu yari yiyunze na AFC ya Corneille Nangaa.

Yagize ati: “Tshisekedi yitegure gusigara wenyine, wenda azasigarana n’umuryango we. Vuba aha turafata Goma abayobozi benshi bagiye kuyoboka Alliance Fleuve Congo.”

Ibyo binabaye kandi mu gihe AFC/M23 imaze gufata ibice byinshi ahanini byo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

           MCN.
Tags: Iherekeje abayobozi ba AFCIntamaRutshuruUmucoY'igitare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi

Perezida Trump Yashyize Hanze Ibyo Putin na Xi Jinping Bamwijeje kuri Iran; Tehran na Yo Isubiza Amerika mu Magambo Akakaye, Intambara ya Dipolomasi Ikomeza Gushyushya Isi MINEMBWE CAPITAL...

Read moreDetails

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n'Ibyaranze Ubuyobozi Bwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa cyatunguranye cyakuruye impaka n'inyungu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza amagambo akomeye anenga itangazamakuru...

Read moreDetails

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

by Bahanda Bruce
July 24, 2026
0
Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n'Ibikomeye Babarizwaho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Igikorwa cyo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya w'Umuryango w'Abibumbye (Loni/ONU) kigeze mu...

Read moreDetails
Next Post
Imikorere ya Wazalendo na FDLR irakemangwa n’abamwe mu Banyekongo bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Imikorere ya Wazalendo na FDLR irakemangwa n'abamwe mu Banyekongo bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?