Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hatanzwe umucyo ku mirwano yabereye i Uvira muri Kivu y’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Hatanzwe umucyo ku mirwano yabereye i Uvira muri Kivu y’Epfo.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku mirwano yabereye i Uvira muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Amasasu yo gupfusha ubusa y’ingabo za RDC n’iz’u Burundi yateye icyikango mu Rugezi.

AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 05/04/2025, i Uvira muri Kivu y’amajyepfo habaye imirwano ikomeye, aho yarihanganishije amatsinda abiri yo muri Wazalendo, nk’uku amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iyi mirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa ine z’igitondo, igeza igihe c’isaha ya saa sita zija gushira muri sa saba zamanywa.

Nk’uko aya makuru abisobanura avuga ko amatsinda abiri yo muri Wazalendo ni yo yasubiranyemo, harimo iri yobowe na Makanaki n’irindi riyobowe na Beta Bango.

Isubiranamo hagati yariya matsinda abiri, amakuru amwe avuga ko ntakiramenyekana kuri byo, mu gihe ku rundi ruhande bivugwa ko yapfuye ibyo abarwanyi bo muri aya matsinda bari babuguje mu baturage.

Ni mu gihe iryo buguza barikoreye mu bice byo muri Quartier ya Mulongwe, ari naho habereye iryo hangana ku mpande zombi, nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Ubuhamya buvuga kuri iri subiranamo hagati y’abarwanyi bayobowe na Makanaki n’abayobowe na Beta Bango, bugaragaza ko ryumvikaniyemo imbunda ziremereye n’izito. Kandi ko hari n’umturage wakomeretse.

Bugira buti: “Wazalendo barasanye karahava. Barimo barasisha imbunda zinini n’izito. Ikibabaje hari umuturage wabikomerekeyemo.”

Kuba Wazalendo basubiranyemo bapfa ibyo babuguje, ni bintu bisanzwe kuri bo, kuko akenshi bahora babipfa. Ibyo byagiye bibabaho mu minsi ishize kandi bikabera ahatandukanye.

Mu kwezi gushyize Wazalendo bararasanye i Fizi, hapfa Jenerali Mutetezi Ebuela Tresor uwo bitaga jenerali.

Ibyo kandi byanabaye i Kilembwe mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, aho naho basubiranyemo abarwanyi benshi bo muri uyu mutwe bahasiga ubuzima. Ndetse kandi no mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka i Uvira Wazalendo basubiranyemo hapfamo abatari bake abandi benshi barakomereka.

Tags: BasubiranyemoI UviraImirwanoWazalendo
Share43Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Amasasu yo gupfusha ubusa y’ingabo za RDC n’iz’u Burundi yateye icyikango mu Rugezi.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Amasasu yo gupfusha ubusa y’ingabo za RDC n’iz’u Burundi yateye icyikango mu Rugezi.

Amasasu yo gupfusha ubusa y'ingabo za RDC n'iz'u Burundi yateye icyikango mu Rugezi. Amakuru aturuka mu Rugezi mu majy'Epfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe, avuga ko ihuriro...

Read moreDetails

AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n’ihuriro ry’ingabo za RDC.

AFC/M23 yazindukiye mu mirwano ikaze n'ihuriro ry'ingabo za RDC. Ihuriro ry'ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, zazindutse zigaba ibitero mu bice bigenzurwa na AFC/M23 muri teritware ya...

Read moreDetails

RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa.

RDC: Kabila agiye gutangira kuburanishwa. Repubulika ya demokarasi ya Congo, igiye gutangira kuburanisha Joseph Kabila wahoze ari perezida w'iki gihugu. Byatangajwe n'urukiko rwa gisirikare kuri uyu wa gatanu...

Read moreDetails

FARDC, Ingabo z’u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
FARDC, Ingabo z’u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

FARDC, Ingabo z'u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge. Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye ibitero mu duce dutuwe n'Abanyamulenge mu Minembwe muri...

Read moreDetails

Guverineri wari warabuze muri RDC yongeye kugaragara.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Guverineri wari warabuze muri RDC yongeye kugaragara.

Guverineri wari warabuze muri RDC yongeye kugaragara. Jaques Kyabula, guverineri w'intara ya Haut-Katanga wari warabuze, yongeye kugaragara muri iyi ntara abereye umuyobozi. Ku wa gatatu w'iki cyumweru turimo,...

Read moreDetails
Next Post
Uvira Plunged into Chaos as Fighting Erupts in South Kivu

Uvira Plunged into Chaos as Fighting Erupts in South Kivu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?