Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hatanzwe umucyo ku mirwano yabereye i Uvira muri Kivu y’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Hatanzwe umucyo ku mirwano yabereye i Uvira muri Kivu y’Epfo.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku mirwano yabereye i Uvira muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Ingabo za RDC zacitse intege.

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka?

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 05/04/2025, i Uvira muri Kivu y’amajyepfo habaye imirwano ikomeye, aho yarihanganishije amatsinda abiri yo muri Wazalendo, nk’uku amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iyi mirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa ine z’igitondo, igeza igihe c’isaha ya saa sita zija gushira muri sa saba zamanywa.

Nk’uko aya makuru abisobanura avuga ko amatsinda abiri yo muri Wazalendo ni yo yasubiranyemo, harimo iri yobowe na Makanaki n’irindi riyobowe na Beta Bango.

Isubiranamo hagati yariya matsinda abiri, amakuru amwe avuga ko ntakiramenyekana kuri byo, mu gihe ku rundi ruhande bivugwa ko yapfuye ibyo abarwanyi bo muri aya matsinda bari babuguje mu baturage.

Ni mu gihe iryo buguza barikoreye mu bice byo muri Quartier ya Mulongwe, ari naho habereye iryo hangana ku mpande zombi, nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Ubuhamya buvuga kuri iri subiranamo hagati y’abarwanyi bayobowe na Makanaki n’abayobowe na Beta Bango, bugaragaza ko ryumvikaniyemo imbunda ziremereye n’izito. Kandi ko hari n’umturage wakomeretse.

Bugira buti: “Wazalendo barasanye karahava. Barimo barasisha imbunda zinini n’izito. Ikibabaje hari umuturage wabikomerekeyemo.”

Kuba Wazalendo basubiranyemo bapfa ibyo babuguje, ni bintu bisanzwe kuri bo, kuko akenshi bahora babipfa. Ibyo byagiye bibabaho mu minsi ishize kandi bikabera ahatandukanye.

Mu kwezi gushyize Wazalendo bararasanye i Fizi, hapfa Jenerali Mutetezi Ebuela Tresor uwo bitaga jenerali.

Ibyo kandi byanabaye i Kilembwe mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, aho naho basubiranyemo abarwanyi benshi bo muri uyu mutwe bahasiga ubuzima. Ndetse kandi no mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka i Uvira Wazalendo basubiranyemo hapfamo abatari bake abandi benshi barakomereka.

Tags: BasubiranyemoI UviraImirwanoWazalendo
Share43Tweet27Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ingabo za RDC zacitse intege.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Ingabo za RDC zacitse intege. Ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo mu ntambara zihanganyemo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho...

Read moreDetails

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka?

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Hatangajwe igikorwa kibi gishobora gukorwa n’abagore ba basirikare, ndetse n’abasirikare ubwabo muri RDC.

Byakomeye muri FARDC itegeko rishya muriyo ryazanye impaka? Abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bahawe itegeko rishya rigiye gutuma nta musore uzongera gutekereza kwinjira muri iki gisirikare....

Read moreDetails

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta.

Amakuru ku gace AFC/M23 yambuye uruhande rwa Leta. Abarwanyi bo mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC), ribarizwamo abo mu mutwe wa M23 n'abo mu wa Twirwaneho, bafashe agace...

Read moreDetails

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
M23 yigaruriye uduce twinshi mu mirwano yarimaze iminsi irenga ibiri.

Ibivugwa ku ntumwa M23 yari yarohereje mu mishyikirano i Doha. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahamagaje intumwa zayo ryari ryarohereje i...

Read moreDetails

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23.

Amakuru avugwa kuri Birato wahinduriwe inshingano muri AFC/M23. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo(AFC) ribarizwamo umutwe wa M23 n'uwa Twirwaneho ryahinduriye imirimo Birato Rwihimba Emmanuel wari guverineri w'i ntara...

Read moreDetails
Next Post
Uvira Plunged into Chaos as Fighting Erupts in South Kivu

Uvira Plunged into Chaos as Fighting Erupts in South Kivu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?