• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Hatanzwe umucyo ku mirwano yabereye i Uvira muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Hatanzwe umucyo ku mirwano yabereye i Uvira muri Kivu y’Epfo.
107
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku mirwano yabereye i Uvira muri Kivu y’Epfo.

You might also like

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 05/04/2025, i Uvira muri Kivu y’amajyepfo habaye imirwano ikomeye, aho yarihanganishije amatsinda abiri yo muri Wazalendo, nk’uku amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Iyi mirwano yatangiye igihe c’isaha ya saa ine z’igitondo, igeza igihe c’isaha ya saa sita zija gushira muri sa saba zamanywa.

Nk’uko aya makuru abisobanura avuga ko amatsinda abiri yo muri Wazalendo ni yo yasubiranyemo, harimo iri yobowe na Makanaki n’irindi riyobowe na Beta Bango.

Isubiranamo hagati yariya matsinda abiri, amakuru amwe avuga ko ntakiramenyekana kuri byo, mu gihe ku rundi ruhande bivugwa ko yapfuye ibyo abarwanyi bo muri aya matsinda bari babuguje mu baturage.

Ni mu gihe iryo buguza barikoreye mu bice byo muri Quartier ya Mulongwe, ari naho habereye iryo hangana ku mpande zombi, nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Ubuhamya buvuga kuri iri subiranamo hagati y’abarwanyi bayobowe na Makanaki n’abayobowe na Beta Bango, bugaragaza ko ryumvikaniyemo imbunda ziremereye n’izito. Kandi ko hari n’umturage wakomeretse.

Bugira buti: “Wazalendo barasanye karahava. Barimo barasisha imbunda zinini n’izito. Ikibabaje hari umuturage wabikomerekeyemo.”

Kuba Wazalendo basubiranyemo bapfa ibyo babuguje, ni bintu bisanzwe kuri bo, kuko akenshi bahora babipfa. Ibyo byagiye bibabaho mu minsi ishize kandi bikabera ahatandukanye.

Mu kwezi gushyize Wazalendo bararasanye i Fizi, hapfa Jenerali Mutetezi Ebuela Tresor uwo bitaga jenerali.

Ibyo kandi byanabaye i Kilembwe mu kwezi kwa mbere uyu mwaka, aho naho basubiranyemo abarwanyi benshi bo muri uyu mutwe bahasiga ubuzima. Ndetse kandi no mu ntangiriro z’ukwezi kwa kabiri uyu mwaka i Uvira Wazalendo basubiranyemo hapfamo abatari bake abandi benshi barakomereka.

Tags: BasubiranyemoI UviraImirwanoWazalendo
Share43Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake

I Fizi haravugwa imirwano ikomeye yanaguyemo Wazalendo batari bake Amakuru aturuka muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko habereye imirwano ikomeye hagati y'imitwe ibiri...

Read moreDetails

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n’amazi

Wazalendo babiri ni bo bahitanwe n'amazi Wazalendo babiri bishwe n'amazi ubwo bageragezaga guhunga nyuma y'aho basubiranyemo n'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC i Uvira muri Kivu...

Read moreDetails

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa

Baratabariza Col. Abuta umerewe nabi aho afungiwe i Kinshasa Umuryango wa Colonel David Abuta Banza uramutabariza, nyuma y'aho umenye ko aho afungiwe i Kinshasa ahababariye bikomeye. Ni mu...

Read moreDetails

“Nari napfuye none nazutse”-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
AFC/M23 yavuze kuri drones za FARDC zitera ibisasu ku baturage no kuri Wazalendo bafata abagore ku ngufu

"Nari napfuye none nazutse"-Nangaa asubiza abavuga ko yapfuye Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23, Corneille Nangaa yongeye kugaragara mu ruhame nyuma y'aho byari bigize iminsi bivugwa...

Read moreDetails

“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
“Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda” -Umujyanama wa Tshisekedi

"Igihe kirageze RDC yiyomekeho u Rwanda" -Umujyanama wa Tshisekedi Umujyanama wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Fiston Chrisnovic Balanganyi, yavuze ko igihe kigeze ngo...

Read moreDetails
Next Post
Uvira Plunged into Chaos as Fighting Erupts in South Kivu

Uvira Plunged into Chaos as Fighting Erupts in South Kivu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?