• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Hatanzwe umucyo ku rusaku rw’imbunda rwumvikanye mu Gipupu.

minebwenews by minebwenews
October 2, 2024
in Uncategorized
0
Hatanzwe umucyo ku rusaku rw’imbunda rwumvikanye mu Gipupu.
111
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hatanzwe umucyo ku rusaku rw’imbunda rwumvikanye mu Gipupu.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu Gipupu habyukiye amahoro mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 02/10/2024, nyuma y’uko mu ijoro rya raye rikeye humvikanye urusaku rw’imbunda rwinshi rurimo n’imbunda za musaada (ibifaru).

Amakuru y’ibanze ava muri aka gace ka Gipupu, avuga ko “amasasu yatangiye kumvikana igihe c’isaha zitatu z’ijoro ryo ku wa kabiri rishyira kuri uyu wa gatatu tariki ya 02/10/2024.” Bikavugwa ko yaraswaga n’ingabo za FARDC n’ingabo z’u Burundi zibarizwa muri ibyo bice byo muri Secteur ya Itombwe muri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Nk’uko aya makuru akomeza avuga n’uko muri utu duce hagize iminsi hari umutekano muke, nyuma y’imirwano ikaze yabaye mu Cyumweru gishize, aho yari ihanganishije umutwe wa Red-Tabara n’ingabo z’u Burundi ku bufatanye n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo(FARDC) n’abarwanyi bo mu mutwe wa Maï Maï.

Iyi mirwano yasize abarwanyi ba Red-Tabara binjiye amashyamba yo muri Itombwe, ari nabyo byatumye haba uko kwikanga ku ruhande rw’ingabo z’u Burundi n’iza RDC; kuko ku mugoroba w’ejo hashize iz’ingabo zikaze bariya barwanyi baje ku bagabaho ibitero bituma zirasa amasasu menshi mu rwego rwo kumenyesha abandi basirikare babo bari mu bindi bice ko Red-Tabara ishaka kubagabaho ibitero. Gusa ntabyangirijwe n’ayo masasu usibye ko abaturage bagize ubwoba ariko ntibahunga, nk’uko MCN yabwiwe.

Kimwe cyo, abarwanyi ba Red-Tabara ntacyo baratangaza, nk’uko bakunze kubikora bakoresheje urubuga rwa x. Ariko kandi aba barwanyi ntibarikure naho ingabo za FARDC ziri, bari mu mashyamba akikije Gipupu na Mikenke.

Ku rundi ruhande, ingabo z’u Burundi zikomeje kwerekeza muri ibi bice byo muri Mibunda(Mikenke na Gipupu) ziva i Burundi, nk’uko Abanye-Ndondo baheruka ku bibwira Minembwe Capital News.

Bavuga ko “buri munsi, ku Ndondo ya Bijombo hatambuka abasirikare b’u Burundi babarirwa ku 100, ibyo bikaba byaratangiye kugaragara mu mpera zakiriya Cyumweru gishize.” Bigakekwa ko iz’i ngabo z’u Burundi n’iza Repubulika ya demokarasi ya Congo ku bufatanye n’inyeshamba za Maï Maï, zigifite ubushake bwo gukomeza ibitero ku nyeshamba za Red-Tabara.

        MCN.
Tags: GipupuUrusaku
Share44Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Ibyimbitse ku gitero Iran yaraye igabye kuri Israel.

Ibyimbitse ku gitero Iran yaraye igabye kuri Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?