Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hatoraguwe undi murambo w’u mugore, kuri uyu wa Gatandatu, mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 13, 2024
in Regional Politics
0
Hatoraguwe undi murambo w’u mugore, kuri uyu wa Gatandatu, mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imwe muri Quartier zigize u mujyi wa Goma, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 13/04/2024, bayitoraguyemo umurambo w’u mugore.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni muri Quartier ya Kiziba ya mbere iherereye hafi n’itorero rya CELPA, niho batoraguye umurambo w’u mugore ufite imyaka 60 y’amavuko, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa Maisha RDC.

Rwatangaje ko Wazalendo na FDLR bari gukorera hamwe mu kwica abasivile kibandi muri Goma no mu nkengero zayo.

Bati: “Basanze umugore yaguye i Kiziba, mu gitondo cyo kuri uyu wa 13/04/2024. Abantu baricwa burimunsi, abagore bafatwa ku ngufu ndetse abandi barashimutwa.”

Harandi makuru avuga ko umurambo w’uyu mukecuru watoraguwe mu gace ka Balindu.

Kwicwa kwa basivile i Goma byamaze kuba ibindi, ni mu gihe uyu apfuye, nyuma y’abandi batatu bishwe barashwe ku wa Kabiri, ndetse no ku wa Gatatu hakaba harishwe abandi nabo batatu; naho ku wa Kane hishwe abandi basivile babiri, bicwa batewe amabuye.

Ibi biri mu byatumye abarimo urubyiruko, Sosiyete sivile n’andi mashirahamwe ategamiye kuri leta bategura kwa magana ubwicanyi bukomeje kwiyongera umunsi ku wundi muri uyu mujyi wa Goma.

Iyo myigaragabyo biteganijwe ko izaba ku itariki ya 16/04/2024. Ikazaba igamije gusaba Guverineri na Meya w’u mujyi wa Goma, kwegura.

Bavuga ko kugarura umutekano bibananiye, nk’uko byatangajwe na bamwe mubari gutegura iyo myigaragabyo.

         MCN.
Tags: GomaKizibaUmurambo w'u mugoreWimyaka 60 y'amavukoyishwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe muri Israel hiteguwe ibitero, perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaburiye leta ya Iran kutibesha kwerekeza imbunda kuri Israel.

Mu gihe muri Israel hiteguwe ibitero, perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika yaburiye leta ya Iran kutibesha kwerekeza imbunda kuri Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?