• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.

minebwenews by minebwenews
April 16, 2025
in Conflict & Security
0
Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.

You might also like

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Abasirikare benshi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) hamwe n’imitwe yitwaje intwaro isanzwe ikorana byahafi nazo irimo uwa FDLR n’uwa Wazalendo bavuye mu mujyi wa Uvira baja i Luvungi mu rwego rwo kugira ngo zitangire kugaba ibitero i Kamanyola, Nyangenzi n’i Bukavu, ahagenzurwa na AFC/M23.

Luvungi ni agace gaherereye mu Kibaya cya Rusizi ahazwi nko muri Plaine Dela Ruzizi akaba ari ho hari uduce tugabanya teritware ya Walungu na Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Amasoko yacu atandukanye avuga ko ku cyumweru tariki ya 13/04/2025, ni bwo abasirikare benshi ba Leta y’i Kinshasa bavuye mu mujyi wa Uvira berekeza muri aka gace ka Ruvungi.

Ubwo berekezaga muri ako gace, amakuru avuga ko bajyanye n’abarwanyi bo muri iriya mitwe yitwaje intwaro isanzwe ikorana byahafi n’iki gisirikare cya RDC.

Ariko nk’uko aya makuru akomeza abivuga abasirikare ba Leta ntabwo bavuye bose muri Uvira, hubwo hasigaye ikindi gice gito hamwe kandi na Wazalendo bake ndetse na FDLR.

Aya makuru agira ati: “FARDC, FDLR na Wazalendo hafi yabose, bavuye mu mujyi wa Uvira baja i Luvungi. Barashaka gutangiza intambara kuri AFC/M23 mu bice yabambuye.”

Akomeza agira ati: “Ariko ntabwo bagiye bose, hari abandi bake basigaye hano mu mujyi wa Uvira.”

Kuva umutwe wa M23 wigarurira i Kamanyola mu mpera z’ukwezi kwa kwa mbere uyu mwaka wa 2025, ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa RDC zakomeje kuyigabamo ibitero bigamije kuyigarurira ariko uyu mutwe uka bisubiza inyuma.

Inshuro zirenga zine muri uku kwezi gushize, iri huriro ryagabye ibitero kuri uyu mutwe mu duce ugenzura two muri iki Kibaya cya Rusizi, bikarangira bisubijwe inyuma.

M23 igenzura igice kinini cyo mu Kibaya cya Rusizi, kuko niyo ireba agace ka Gatogota haherereye mu ntera ngufi uvuye i Luvungi, n’utundi dusozi twingenzi two muri ako gace.

Tags: FardcLuvungiUvira
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere

Uvira mu Marembera: Inzobere Ziraburira ko Ifatwa ry’Umujyi Ryagira Ingaruka Zikomeye ku Burundi n’Akarere Amakuru aturuka mu bayobozi b’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) avuga ko uyu mutwe ushobora...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.

DRC Soldiers and Armed Groups Leave Uvira for Luvungi to Launch Attacks on M23-Controlled Areas

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?