• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.

minebwenews by minebwenews
April 16, 2025
in Conflict & Security
0
Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.

You might also like

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

FARDC yagize icyo ivuga kuri Wazalendo

Abasirikare benshi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) hamwe n’imitwe yitwaje intwaro isanzwe ikorana byahafi nazo irimo uwa FDLR n’uwa Wazalendo bavuye mu mujyi wa Uvira baja i Luvungi mu rwego rwo kugira ngo zitangire kugaba ibitero i Kamanyola, Nyangenzi n’i Bukavu, ahagenzurwa na AFC/M23.

Luvungi ni agace gaherereye mu Kibaya cya Rusizi ahazwi nko muri Plaine Dela Ruzizi akaba ari ho hari uduce tugabanya teritware ya Walungu na Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Amasoko yacu atandukanye avuga ko ku cyumweru tariki ya 13/04/2025, ni bwo abasirikare benshi ba Leta y’i Kinshasa bavuye mu mujyi wa Uvira berekeza muri aka gace ka Ruvungi.

Ubwo berekezaga muri ako gace, amakuru avuga ko bajyanye n’abarwanyi bo muri iriya mitwe yitwaje intwaro isanzwe ikorana byahafi n’iki gisirikare cya RDC.

Ariko nk’uko aya makuru akomeza abivuga abasirikare ba Leta ntabwo bavuye bose muri Uvira, hubwo hasigaye ikindi gice gito hamwe kandi na Wazalendo bake ndetse na FDLR.

Aya makuru agira ati: “FARDC, FDLR na Wazalendo hafi yabose, bavuye mu mujyi wa Uvira baja i Luvungi. Barashaka gutangiza intambara kuri AFC/M23 mu bice yabambuye.”

Akomeza agira ati: “Ariko ntabwo bagiye bose, hari abandi bake basigaye hano mu mujyi wa Uvira.”

Kuva umutwe wa M23 wigarurira i Kamanyola mu mpera z’ukwezi kwa kwa mbere uyu mwaka wa 2025, ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa RDC zakomeje kuyigabamo ibitero bigamije kuyigarurira ariko uyu mutwe uka bisubiza inyuma.

Inshuro zirenga zine muri uku kwezi gushize, iri huriro ryagabye ibitero kuri uyu mutwe mu duce ugenzura two muri iki Kibaya cya Rusizi, bikarangira bisubijwe inyuma.

M23 igenzura igice kinini cyo mu Kibaya cya Rusizi, kuko niyo ireba agace ka Gatogota haherereye mu ntera ngufi uvuye i Luvungi, n’utundi dusozi twingenzi two muri ako gace.

Tags: FardcLuvungiUvira
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Iby’igitero cyagabwe mu Rugezi

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Iby'igitero cyagabwe mu Rugezi Amakuru aturuka mu Rugezi mu majy'Epfo ashyira uburengerazuba bwa teritware ya Minembwe muri Kivu y'Amajyepfo, avuga ko hagabwe igitero cy'ihuriro ry'ingabo za Congo, ariko...

Read moreDetails

Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y’urupfu n’umupfumu

Brig.Gen.Gasita woherejwe i Uvira ari hagati y'urupfu n'umupfumu Brigadier General Olivier Gasita woherejwe na perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo...

Read moreDetails

FARDC yagize icyo ivuga kuri Wazalendo

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
FARDC yagize icyo ivuga kuri Wazalendo

FARDC yagize icyo ivuga kuri Wazalendo Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyatangaje ko nubwo gikorana na Wazalendo, kidafite ububasha bwo kuyigenzura kandi ko yahawe intwaro na...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Bibogo umwe mu ntwari zarwanye intambara zikomeye mu Mibunda

by Bahanda Bruce
September 7, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Bibogo umwe mu ntwari zarwanye intambara zikomeye mu Mibunda

Ibyo wa menya kuri Bibogo umwe mu ntwari zarwanye intambara zikomeye mu Mibunda Bibogo Simiyoni n'umwe mu bagabo b'intwari babayeho mu Banyamulenge, kandi banarwanye n'intambara ziremereye i Mulenge...

Read moreDetails

Byishimo Patrick explained how FARDC, FDLR, and Burundian soldiers are committing genocide against the Banyamulenge

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Byishimo Patrick explained how FARDC, FDLR, and Burundian soldiers are committing genocide against the Banyamulenge

Byishimo Patrick explained how FARDC, FDLR, and Burundian soldiers are committing genocide against the Banyamulenge. Byishimo Patrick, who is in the hills of Mulenge, explained that the Congolese...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe aho ingabo za FARDC zerekeje ziva mu mujyi wa Uvira.

DRC Soldiers and Armed Groups Leave Uvira for Luvungi to Launch Attacks on M23-Controlled Areas

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?