• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe akajagari muri CENI, mugihe bakiri mu myiteguro y’Amatora muri RDC.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu bagera kuri 5000 bo muri teritwari ya Budjala, mu m’Ajyepfo yo mu Ntara ya u Bangi kuruyu wa Kane, tariki 30/11/2023, hakozwe ubugenzuzi basanga bariya barakuwe kuri lisiti yabazatora mu Matora ateganijwe kuba tariki 20/12/2023.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Mu busanzwe lisite(Listing), zabantu bazitabira Amatora mu gihugu zikorwa na Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora (CENI).

Nk’uko iy’i nkuru ibivuga n’uko murabo bakuwe kuri lisiti ya bazatora abenshi basanze aru rubyiruko rwo muriyo teritware ya BUDJELA. Nyuma y’uko ayomakuru agiye hanze ruriya r’ubyiruko rwahise rukora imyigaragambyo kuri uyu wa Kane, maze biheza kuja imbere y’ibiro by’amatora bikorera muri ibyo bice abandi bafunga Imihanda biranga biba akajagari.

Umukuru w’urubyiruko muri teritware ya BUDJELA, Jean Robert Lambo yahise ahamagarira aka Nama gashinzwe gutegura amatora muri Repubulika ya Demokorasi ya Congo ( CENI), gukoriyobwakabaga bakabonera igisubizo cyihuse icyo kibazo cyabibuze kuri lisiti yaba zatora.

Radio Okapi dukesha iy’inkuru, yatangaje ko abagera kuri 300 kwaribo bisanze kuri lisiti yabazatora gusa.

Umuyobozi w’ibiro bishinzwe amatora muri teritware ya Budjela, Ingeniere Ibenga yatangarije abantu bose bagize icyo kibazo ko inzego zibishinzwe ko zigiye kubikurikirana vuba ko kandi biza gutorerwa umuti mu Maguru Mashya.

Bruce Bahanda.

Tags: AkajagariBudjelaCENIRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

Aba ofisiye batatu bari bayoboye ingabo z'u Burundi z'irwanya M23 muri Kivu y'Amajyaruguru, barafunzwe.

Comments 1

  1. Nzayiramya Fidèle says:
    2 years ago

    Ikigihugu ni mungu na maombi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?