• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 1, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe akajagari muri CENI, mugihe bakiri mu myiteguro y’Amatora muri RDC.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abantu bagera kuri 5000 bo muri teritwari ya Budjala, mu m’Ajyepfo yo mu Ntara ya u Bangi kuruyu wa Kane, tariki 30/11/2023, hakozwe ubugenzuzi basanga bariya barakuwe kuri lisiti yabazatora mu Matora ateganijwe kuba tariki 20/12/2023.

You might also like

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée

Mu busanzwe lisite(Listing), zabantu bazitabira Amatora mu gihugu zikorwa na Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora (CENI).

Nk’uko iy’i nkuru ibivuga n’uko murabo bakuwe kuri lisiti ya bazatora abenshi basanze aru rubyiruko rwo muriyo teritware ya BUDJELA. Nyuma y’uko ayomakuru agiye hanze ruriya r’ubyiruko rwahise rukora imyigaragambyo kuri uyu wa Kane, maze biheza kuja imbere y’ibiro by’amatora bikorera muri ibyo bice abandi bafunga Imihanda biranga biba akajagari.

Umukuru w’urubyiruko muri teritware ya BUDJELA, Jean Robert Lambo yahise ahamagarira aka Nama gashinzwe gutegura amatora muri Repubulika ya Demokorasi ya Congo ( CENI), gukoriyobwakabaga bakabonera igisubizo cyihuse icyo kibazo cyabibuze kuri lisiti yaba zatora.

Radio Okapi dukesha iy’inkuru, yatangaje ko abagera kuri 300 kwaribo bisanze kuri lisiti yabazatora gusa.

Umuyobozi w’ibiro bishinzwe amatora muri teritware ya Budjela, Ingeniere Ibenga yatangarije abantu bose bagize icyo kibazo ko inzego zibishinzwe ko zigiye kubikurikirana vuba ko kandi biza gutorerwa umuti mu Maguru Mashya.

Bruce Bahanda.

Tags: AkajagariBudjelaCENIRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Ibisubizo Bitangaje Perezida w’u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n’Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi

Ibisubizo Bitangaje Perezida w'u Burundi Évariste Ndayishimiye Yatanze ku Byo Yagejeje ku Gihugu n'Abarundi mu Myaka Itandatu Amaze ku Butegetsi MINEMBWE CAPITAL NEWS Perezida w'u Burundi, Évariste Ndayishimiye,...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry’Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015

Minisitiri Nduhungirehe Yahakanye Yivuye Inyuma Ibyavuzwe na Perezida Ndayishimiye ku Ihererekanya ry'Abakekwaho Kugerageza Guhirika Ubutegetsi bw'u Burundi mu 2015 MINEMBWE CAPITAL NEWS Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga n'Ubutwererane Mpuzamahanga w'u...

Read moreDetails

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
RDC : Le C64 Met en Place une Nouvelle Stratégie pour Contraindre Félix Tshisekedi à Démissionner alors que le Débat sur la Révision de la Constitution s’Intensifie

C64 : Après son déplacement au Burundi, une nouvelle mission de la coalition vers un autre pays est évoquée MINEMBWE CAPITAL NEWS Alors que la République démocratique du...

Read moreDetails

Bwa Mbere, Apostle Sosthène Avuze Uwo Ashinja Kumugambanira Mu 2014 Mu Burundi

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Bwa Mbere, Apostle Sosthène Avuze Uwo Ashinja Kumugambanira Mu 2014 Mu Burundi

Apostle Sosthène Avuze Bwa Mbere Uwo Ashinja Kumugambanira Mu 2014: Pasitori Mbayahaga Yagarutsweho Mu Birego Bikomeye MINEMBWE CAPITAL NEWS Nyuma y'imyaka hafi 12 ishize yirukanywe mu Burundi, Umuyobozi...

Read moreDetails

Mu Gihe Tshisekedi Ategura Ibiganiro by’Abanyekongo, Katumbi Yagaruye Ubumwe mu Ishyaka Rye; Dore Icyabivuyemo

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Mu Gihe Tshisekedi Ategura Ibiganiro by’Abanyekongo, Katumbi Yagaruye Ubumwe mu Ishyaka Rye; Dore Icyabivuyemo

Mu Gihe Tshisekedi Ategura Ibiganiro by'Abanyekongo, Katumbi Yagaruye Ubumwe mu Ishyaka Rye; Dore Icyabivuyemo MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kwitegura ibiganiro...

Read moreDetails
Next Post

Aba ofisiye batatu bari bayoboye ingabo z'u Burundi z'irwanya M23 muri Kivu y'Amajyaruguru, barafunzwe.

Comments 1

  1. Nzayiramya Fidèle says:
    3 years ago

    Ikigihugu ni mungu na maombi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?