• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe amakuru ko Joseph Kabira yari hafi kwicwa n’ubutegetsi bwa RDC, ariko aza kurokorwa n’ikindi gihugu.

minebwenews by minebwenews
August 19, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe amakuru ko Joseph Kabira yari hafi kwicwa n’ubutegetsi bwa RDC, ariko aza kurokorwa n’ikindi gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru ko Joseph Kabira yari hafi kwicwa n’ubutegetsi bwa RDC, ariko aza kurokorwa n’ikindi gihugu.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihugu cya Zimbabwe nicyo cyavuzwe ko giheruka kuburizamo umugambi w’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi wo kwivugana uwahoze ari perezida wa RDC, nk’uko iy’inkuru ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranya mbaga.

Ahagana ku wa Gatanu wakiriya cyumweru gishize nibwo i Harare ku murwa mukuru w’igihugu cya Zimbabwe hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu by’umuryango wa SADC. Iyi nama na Tshisekedi yarayitabiriye, kandi aya makuru akavuga ko uyu mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko yari yazanye n’itsinda ry’abakozi barenga 33 bo ku rwego rushinzwe ubutasi muri RDC.

Nk’uko aya makuru akomeza abivuga, nuko iri tsinda ry’uru rwego rw’ubutasi muri RDC, ryarimo ry’iyitirira abacuruzi, gusa bari mu mugambi wo kwica Joseph Kabira wahoze ari perezida wa RDC, ndetse na Gen John Numbi umaze igihe ahigishwa uruhindu n’ubu butegetsi bwa Kinshasa nyuma y’uko ahunze iki gihugu.

Numbi akaba yarahoze akuriye igipolisi cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bikaba bimaze igihe binavugwa ko ari muri iki gihugu cya Zimbabwe.

Aya makuru anavuga kandi ko Major Gen Christian Ndaywel ukuriye ubutasi bwa RDC ni we wari uyoboye iri tsinda ryari mugambi wo kwivugana uwahoze ari perezida Joseph Kabira.

Bivugwa ko iri tsinda rikimara kugera muri Zimbabwe ryahise ryaka amacumbi muri Hotel zigera muri atatu atandukanye hafi yaho abo bahigaga bari bacumbitse, ikindi kandi iri tsinda ryanahinduraga imodoka bagenderamo buri kanya kugira ngo hatagira ubamenya.

Aya makuru kandi yanemejwe na Gen John Numbi mu butumwa yatanze akoresheje urubuga rwa x.

Yagize ati: “Rutwitsi ari we Tshisekedi amaze gutakaza mu buryo bw’ubucucu inshuti ze n’amamiliyari agerageza kwivugana uwahoze ari umukuru w’ibihugu (Kabila) nanjye. Fashi yibwira ko ibihugu bya SADC byataye urusoni nk’abavandimwe be.”

Inzego z’u butasi muri Zimbabwe zivugwa ko zagize uruhare runini mu kuburizamo umugambi wo kwica Joseph Kabira kuko ngobayobyaga uburari bwaho acumbitse, bityo bigacanganyikisha izi ngabo za Tshisekedi.

Ibi bibaye mu gihe perezida Félix Tshisekedi aheruka gutangaza ko Joseph Kabira akorana byahafi n’umutwe wa M23 ubarizwa muri AFC ya Corneille Nangaa. Nubwo Joseph Kabira yabinyomoje.

             MCN.
Tags: Joseph KabiraKiburizamoKwivuganaumugambiZimbabwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame, yagiriye inama abayobozi bahora mu manama ntibakore inshingano zabo.

Perezida Paul Kagame, yagiriye inama abayobozi bahora mu manama ntibakore inshingano zabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?