• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe amakuru ko Joseph Kabira yari hafi kwicwa n’ubutegetsi bwa RDC, ariko aza kurokorwa n’ikindi gihugu.

minebwenews by minebwenews
August 19, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe amakuru ko Joseph Kabira yari hafi kwicwa n’ubutegetsi bwa RDC, ariko aza kurokorwa n’ikindi gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru ko Joseph Kabira yari hafi kwicwa n’ubutegetsi bwa RDC, ariko aza kurokorwa n’ikindi gihugu.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Igihugu cya Zimbabwe nicyo cyavuzwe ko giheruka kuburizamo umugambi w’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi wo kwivugana uwahoze ari perezida wa RDC, nk’uko iy’inkuru ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranya mbaga.

Ahagana ku wa Gatanu wakiriya cyumweru gishize nibwo i Harare ku murwa mukuru w’igihugu cya Zimbabwe hateraniye inama y’abakuru b’ibihugu by’umuryango wa SADC. Iyi nama na Tshisekedi yarayitabiriye, kandi aya makuru akavuga ko uyu mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo ko yari yazanye n’itsinda ry’abakozi barenga 33 bo ku rwego rushinzwe ubutasi muri RDC.

Nk’uko aya makuru akomeza abivuga, nuko iri tsinda ry’uru rwego rw’ubutasi muri RDC, ryarimo ry’iyitirira abacuruzi, gusa bari mu mugambi wo kwica Joseph Kabira wahoze ari perezida wa RDC, ndetse na Gen John Numbi umaze igihe ahigishwa uruhindu n’ubu butegetsi bwa Kinshasa nyuma y’uko ahunze iki gihugu.

Numbi akaba yarahoze akuriye igipolisi cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bikaba bimaze igihe binavugwa ko ari muri iki gihugu cya Zimbabwe.

Aya makuru anavuga kandi ko Major Gen Christian Ndaywel ukuriye ubutasi bwa RDC ni we wari uyoboye iri tsinda ryari mugambi wo kwivugana uwahoze ari perezida Joseph Kabira.

Bivugwa ko iri tsinda rikimara kugera muri Zimbabwe ryahise ryaka amacumbi muri Hotel zigera muri atatu atandukanye hafi yaho abo bahigaga bari bacumbitse, ikindi kandi iri tsinda ryanahinduraga imodoka bagenderamo buri kanya kugira ngo hatagira ubamenya.

Aya makuru kandi yanemejwe na Gen John Numbi mu butumwa yatanze akoresheje urubuga rwa x.

Yagize ati: “Rutwitsi ari we Tshisekedi amaze gutakaza mu buryo bw’ubucucu inshuti ze n’amamiliyari agerageza kwivugana uwahoze ari umukuru w’ibihugu (Kabila) nanjye. Fashi yibwira ko ibihugu bya SADC byataye urusoni nk’abavandimwe be.”

Inzego z’u butasi muri Zimbabwe zivugwa ko zagize uruhare runini mu kuburizamo umugambi wo kwica Joseph Kabira kuko ngobayobyaga uburari bwaho acumbitse, bityo bigacanganyikisha izi ngabo za Tshisekedi.

Ibi bibaye mu gihe perezida Félix Tshisekedi aheruka gutangaza ko Joseph Kabira akorana byahafi n’umutwe wa M23 ubarizwa muri AFC ya Corneille Nangaa. Nubwo Joseph Kabira yabinyomoje.

             MCN.
Tags: Joseph KabiraKiburizamoKwivuganaumugambiZimbabwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame, yagiriye inama abayobozi bahora mu manama ntibakore inshingano zabo.

Perezida Paul Kagame, yagiriye inama abayobozi bahora mu manama ntibakore inshingano zabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?