• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe amakuru mashya y’igipolisi cy’u Rwanda ajanye n’imyitozo idasanzwe kirangije gutozwa.

minebwenews by minebwenews
August 19, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe amakuru mashya y’igipolisi cy’u Rwanda ajanye n’imyitozo idasanzwe kirangije gutozwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru mashya y’igipolisi cy’u Rwanda ajanye n’imyitozo idasanzwe kirangije gutozwa.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni igipolisi cy’u Rwanda gisoje imyitozo idasanzwe yo kubungabunga umutekano wo mu mazi, aho kiyirangirije mu gihugu cy’u Buyapani.

Mu busanzwe amahugurwa cyangwa imyitozo, afasha abakozi gushimangira ubumenyi no kwiga ubundi bushya, bikabafasha kunoza imikorere no gukora kinyamwuga buzuza neza inshingano zabo, ugasanga birushaho kunoza imikorere.

Bityo, Polisi y’u Rwanda iri kubikora kugira ngo ikomeze kujya imbere, muri gahunda yo kuzamura ubumenyi na tekiniki bigendanye n’igihe kandi by’ujuje ibipimo byo ku rwego mpuzamahanga.

Abapolisi batatu bo mu ishami rishinzwe gucunga umutekano wo mu mazi, bakaba bavuye m’u Butuliyani, aho bari bitabiriye amahugurwa abagira abarimu mu bijyanye n’ibikorwa byo gucunga umutekano wo mu mazi.

Nk’uko byatangajwe n’igitangaza makuru cyo mu Rwanda cyitwa Bwiza Com, ari na cyo dukesha iy’inkuru kivuga ko iyo myitozo ko yabereye mu Nyanja ya Mediterane kandi ko iyo myitozo itangwa n’abarimu bo mu kigo mpuzamahanga gitanga ubumenyi mu byo koga cyitwa “Genoa Scuba Diver Center” kikaba kiyitanga mu gihe cy’ibyumweru bitatu, ikaba yari igamije kubungabunga ubumenyi na tekiniki bazifashisha mu guhugura abandi.

Kinavuga kandi ko muri iyo myitozo, ko bigiyemo amasomo atandukanye arimo abongerera ubumenyi bwo kwigisha ibijyanye no gucunga umutekano wo mu mazi, ubuhanga mu byo koga, amarondo yo gucunga umutekano mu mazi, kwirinda ibyago no gukumira ibyaha bikorerwa mu mazi, gukora igenzura n’isuzuma bikorwa, gutegura igenamigambi rijyanye n’ibikorwa, itumanaho n’ubuyobozi n’ibindi.

Aya mahugurwa kandi ngo yateguwe mu bufatanye busanzweho hagati ya polisi y’u Rwanda na Carabinieri yo mu Butaliyani nk’uko bikubiye mu masezerano yashyizweho umukono mu mwaka w’ 2017 n’inzego zombi harimo n’amahugurwa.

Aya mahugurwa akaba yiyongera ku yandi menshi atandukanye yagiye akorwa n’abapolisi bo mu muri iri shami, haba imbere mu gihugu no hanze yacyo mu bihe bitandukanye, binyuze mu bufatanye n’abafatanya bikorwa ba Polisi y’u Rwanda barimo ikigo cy’umuryango w’Abibumbye gishinzwe amahugurwa n’ubushakashatsi (UNITAR), Carabinieri yo m’u Butaliyani, ikigo kizwhiho gutanga ubumenyi mu byo koga cyo muri Israel, ikigo cy’igihugu cy’iterambere (RDB) n’ibindi bitandukanye.

             MCN.
Tags: IdasanzweImyitozoPolisi y'u RwandaU Butaliyani
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Ukraine cyongeye gushwanyaguza ibindi bikorwa remezo by’igihugu cy’u Burusiya.

Igisirikare cya Ukraine cyongeye gushwanyaguza ibindi bikorwa remezo by'igihugu cy'u Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?