• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe amakuru meza y’ibiganiro Ugeafi yateguye mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
August 27, 2024
in World News
0
Havuzwe amakuru meza y’ibiganiro Ugeafi yateguye mu Bibogobogo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru meza y’ibiganiro Ugeafi yateguye mu Bibogobogo.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni ibiganiro by’amahoro ishirahamwe rya UGEAFI rya teguye ko bizaba kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28/08/2024, aho bizahuza amoko aturiye akarere ka Bibogobogo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ishirahamwe rya Ugeafi ni rimwe mu mashirahamwe akorera muri Kivu y’Amajy’epfo, aharanira kunga amoko aturiye aka karere ka Bibogobogo n’i Mulenge hose muri rusange, kuko ibi, si ubwa mbere ribigerageza.

Mu bihe bitandukanye iri shirahamwe ryagiye rikora ibikorwa bitundakanye bifasha guhuza amoko y’Abapfulero, Ababembe n’Abanyamulenge.

Mu bikorwa ryakoze, harimo ko ryatanze inkunga y’ibiribwa mu bihe bitandukanye ndetse kandi hari nubwo ryagiye rikoresha urubyiruko rwo muri aya moko rugakina imikino itandukanye, mu rwego rwo kunga aya moko aturiye i Misozi miremire y’Imulenge.

Kuri iyi ncuroho, ryateguye ibiganiro aho amakuru agera kuri Minembwe Capital News, avuga ko ibyo biganiro bizabera mu Muhana wa Bivumu uri mu ntera y’ibirometro nka 7 uvuye mu Muhana munini wa Bibogobogo.

Aya makuru anavuga kandi ko ibyo biganiro ko bizitabirwa n’Abanyamulenge bazaba bayobowe n’Abachefs aho bazahura n’andi moko arimo Abapfulero, Abanyindu n’Ababembe, aya moko yandi nayo akazaba ayo bo we n’Abachefs.

Nta kindi kizaba kigenderewe muri ibi biganiro, usibye gushakira akarere amahoro n’umutekano birambye.

Gusa, mu byumweru bitatu bishyize, aha muri Bibogobogo hari hateguwe ibindi biganiro bisa nk’ibi, ariko Maï Maï iza kugaba ibitero mu baturage ba Banyamulenge, kandi ibigaba mu minsi ibiri ikurikirana, birangira bya biganiro bihagaritswe. Ni ibitero Twirwaneho yikomye imbere kugeza aba bigabye bongeye guhungira mu mashyamba ayo n’ubundi bari baturutsemo bagaba ibyo bitero.

                   MCN.
Tags: BibogobogoibiganiroUgeafi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Byatangajwe ko u Burusiya bwakoze ibitero bikomeye muri Ukraine.

Byatangajwe ko u Burusiya bwakoze ibitero bikomeye muri Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?