Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe amakuru meza y’ibiganiro Ugeafi yateguye mu Bibogobogo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 27, 2024
in World News
0
Havuzwe amakuru meza y’ibiganiro Ugeafi yateguye mu Bibogobogo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru meza y’ibiganiro Ugeafi yateguye mu Bibogobogo.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni ibiganiro by’amahoro ishirahamwe rya UGEAFI rya teguye ko bizaba kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28/08/2024, aho bizahuza amoko aturiye akarere ka Bibogobogo, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ishirahamwe rya Ugeafi ni rimwe mu mashirahamwe akorera muri Kivu y’Amajy’epfo, aharanira kunga amoko aturiye aka karere ka Bibogobogo n’i Mulenge hose muri rusange, kuko ibi, si ubwa mbere ribigerageza.

Mu bihe bitandukanye iri shirahamwe ryagiye rikora ibikorwa bitundakanye bifasha guhuza amoko y’Abapfulero, Ababembe n’Abanyamulenge.

Mu bikorwa ryakoze, harimo ko ryatanze inkunga y’ibiribwa mu bihe bitandukanye ndetse kandi hari nubwo ryagiye rikoresha urubyiruko rwo muri aya moko rugakina imikino itandukanye, mu rwego rwo kunga aya moko aturiye i Misozi miremire y’Imulenge.

Kuri iyi ncuroho, ryateguye ibiganiro aho amakuru agera kuri Minembwe Capital News, avuga ko ibyo biganiro bizabera mu Muhana wa Bivumu uri mu ntera y’ibirometro nka 7 uvuye mu Muhana munini wa Bibogobogo.

Aya makuru anavuga kandi ko ibyo biganiro ko bizitabirwa n’Abanyamulenge bazaba bayobowe n’Abachefs aho bazahura n’andi moko arimo Abapfulero, Abanyindu n’Ababembe, aya moko yandi nayo akazaba ayo bo we n’Abachefs.

Nta kindi kizaba kigenderewe muri ibi biganiro, usibye gushakira akarere amahoro n’umutekano birambye.

Gusa, mu byumweru bitatu bishyize, aha muri Bibogobogo hari hateguwe ibindi biganiro bisa nk’ibi, ariko Maï Maï iza kugaba ibitero mu baturage ba Banyamulenge, kandi ibigaba mu minsi ibiri ikurikirana, birangira bya biganiro bihagaritswe. Ni ibitero Twirwaneho yikomye imbere kugeza aba bigabye bongeye guhungira mu mashyamba ayo n’ubundi bari baturutsemo bagaba ibyo bitero.

                   MCN.
Tags: BibogobogoibiganiroUgeafi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Byatangajwe ko u Burusiya bwakoze ibitero bikomeye muri Ukraine.

Byatangajwe ko u Burusiya bwakoze ibitero bikomeye muri Ukraine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?