• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byatangajwe ko u Burusiya bwakoze ibitero bikomeye muri Ukraine.

minebwenews by minebwenews
August 27, 2024
in Regional Politics
0
Byatangajwe ko u Burusiya bwakoze ibitero bikomeye muri Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byatangajwe ko u Burusiya bwakoze ibitero bikomeye muri Ukraine.

You might also like

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Ni amakuru yatangajwe n’abategetsi bo muri Ukraine, aho bavuze ko i bitero by’u Burusiya byishe abasivile mu gihugu cyabo( Ukraine), mu bitero by’indege z’intambara zitagira abapilote zizwi nka drone.

Ni ibitero aba bategetsi bavuga ko byagabwe mu karere ka Zaporizhzhia, mu majyepfo ashyira u Burasirazuba bw’iki gihugu.

Mbere, abagenzuzi b’ikirere ba Ukraine batahuye indege z’u Burusiya zagabye ibitero bya misile zihuta cyane zifite umuvuduko uri hejuru, zizwi nka hypersonic missile; ndetse igisirikare cya Ukraine kirwanira mu kirere cyavuze ko cyahanuye misile z’u Burusiya zigera muri zitanu na drone 60.

Abantu nibura batandatu baguye muri ibyo bitero byagabwe mu ijoro ryo ku Cyumweru rishyira ku wa Mbere, naho abandi bantu babarirwa muri za mirongo barakomeretse, ubwo uturere turenga kimwe cya kabiri cy’uturere twa Ukraine twagabwagaho ibitero na drone n’ibisasu bya misile by’u Burusiya.

Abantu bikinze ahategerwa gariyamoshi zigendera munsi y’ubutaka mu murwa mukuru Kyiv, ubwo baburigwaga ko hagiye kugabwa igitero giturutse mu kirere.

Ibikorwa remezo by’amashanyarazi byarashweho, bituma umuriro ubura mu mijyi myinshi, ndetse bigira ingaruka no kuburyo bwo kubona amazi.

Itangazo rya minisiteri y’ingabo z’u Burusiya ryavuze ko intwaro zidahusha zirasa kure zo mu kirere n’izirasa mu nyanja zakoreshejwe mu kurasa ku bigo by’ingufu z’amashanyarazi n’ibikorwa remezo bijyanye na zo muri Ukraine, harimo no mu murwa mukuru Kyiv, mu karere ka Lviv, mu karere ka Kharkiv no mu karere ka Odesa.
Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden yavuze ko ibyo bitero ari agahomamunwa, avuga ko Amerika uzakomeza gufasha umuyoboro wa Ukraine.

Naho minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Bwongereza, David Lammy yamaganye ibitero by’u Burusiya bya misile na drone by’u Burusiya ku bikorwa remezo bya gisivile.

Mu bitero bishya byo mu ijoro ryacyeye rishyira kuri uyu wa Kabiri, u Burusiya bwavuze ko bwateye misile 10, bunohereza drone 81.

Hotel yarashweho na misile yo mu bwoko bwa “ballistic” mu mujyi wa Kryvyi Rih mu ijoro ryo ku wa Mbere, yishe umugabo n’umugore, ndetse abandi bantu benshi barakomereka. Usibye ko byanavuzwe kandi ko hari abantu baburiwe irengero nyuma y’icyo gitero.

Uyu mujyi wa Kryvyi Rih ni wo perezida wa Ukraine Zelensky avukamo.

Ku rundi ruhande, umuyobozi mukuru wa karere ka Zaporizhzhia, Ivan Fedorov, yavuze ko abantu babiri bishwe, naho abandi bane barakomereka mu bitero bya drone.

Imbunda ziremereye nazo zumvikanye ahanini mu mijyi ya Sumy, Khmelnytsky na Mykolayiv.

Hanatahuwe uburyo bwo kurasa misile nyinshi zihuta cyane kurusha ijwi zo mu bwoko bwa ballistic zirasirwa mu kirere, zigorana ku bwirinzi bwo mu kirere mu kuzifata.

Mu mezi yavuba ashize, u Burusiya bwasubukuye ibitero byabwo ku muyoboro w’amashanyarazi wa Ukraine, bituma umuriro ubura kenshi mu gihugu.

Ku wa Mbere, perezida Zelensky Volodymyr yasabye inshuti za Ukraine zo mu Burengerazuba, zirimo u Bwongereza, Amerika n’u Bufaransa, guhindura amategeko yazo zikareka Ukraine igakoresha imbunda zayihaye , ikazirasisha kure cyane mu Burusiya.

Ukraine yemerewe gukoresha zimwe mu mbunda z’u Burengerazuba mu kurasa imbere mu Burusiya, ariko zitari intwaro zo kurasa mu ntera ndende.

Yagize ati: “Dushobora gukora byinshi kurushaho mu kurinda ubuzima bwa baturage bacu, ariko bikaba mu gihe ibihugu byo mu Burengerazuba byaduhanguye.”

               MCN
Tags: BikomeyeIbiteroMuri UkraineU Burusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails
Next Post
Andi makuru yavuzwe kuri Wazalendo na FDLR, imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC kurwanya M23.

Andi makuru yavuzwe kuri Wazalendo na FDLR, imitwe y'itwaje imbunda ifasha FARDC kurwanya M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?