• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.

minebwenews by minebwenews
June 19, 2025
in Conflict & Security
0
Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe amakuru y’uburyo Abanyamulenge bongeye gutotezwa i Uvira.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

I Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, ahimuriwe ibiro bikuru by’intara ku ruhande rwa Leta ya Congo, amakuru ava yo avuga ko guhohotera Abanyamulenge byongeye gufata indi ntera.

Ni bikubiye mu butumwa bugufi bwanditse, umwe mu baherereye muri iki gice cya Uvira yahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 19/06/2025.

Ubu butumwa yaduhahe bugira buti: “Hano i Uvira abantu turi gutotezwa cyane na Wazalendo. Biratubabaje si nabona uko mbisobanura!”

Uyu munya-b’Uvira mu butumwa bwe yakomeje agira ati: “Mu kanya aba Wazalendo binjiranye umugore wa Dr Ruturwa, bamufatiraho imbunda, barangije bamwaka amafaranga yose yar’afite aho. Rero sinzi uko abantu bagira ariko mudutabarize.”

Ni ubu butumwa bunagaragaza ko icyo gikorwa cyabaye igihe c’isaha ya saa ine z’igitondo cyo kuri uyu wa kane ku masaha ya Minembwe na Bukavu.

Mu bihe bitandukanye aha i Uvira Abanyamulenge bagiye bahototerwa, bagakorerwa n’iyicyarubozo, babikorewe n’imitwe yitwaje intwaro isanzwe ikorana byahafi n’Ingabo za Leta ya Congo.

Barahicirwa, bakanahafungirwa bazira inkomoko yabo n’amasura yabo, nk’uko biganda bisobanurwa n’imiryango itandukanye ahanini itegamiye kuri Leta.

Umusibo ejo ku wa gatatu, ni bwo hari hafashwe Abanyamulenge abari bageze aha i Uvira baturutse i Ndondo ya Bijombo.

Ni mu gihe bari bahazanye umurwanyi uwo baje bikoreye ku gipoyo. Wazalendo barabafata barabakubita, kandi babambura n’ibyabo.

Igitangaje, ibyo babikoze mu gihe aba Banyamulenge bari bazanye umurwanyi ku muvuriza i Uvira, baje baherekejwe n’abasirikare b’u Burundi bakorera muri iyo misozi y’i Ndondo ya Bijombo. Ariko ntacyo bafashije aba bari baherekeje.

Iyi Uvira ikomeje kuberamo ibi bikorwa byo guhohotera Abanyamulenge, ni yo yashyizwemo ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yuko ihuriro rya AFC, ribarizwamo umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho bifashe umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara tariki ya 16/02/2025.

Iyi mitwe yombi yanafashe n’ibindi bice byinshi byo muri iyi ntara harimo na komine ya Minembwe iherereye muri teritware ya Fizi.

Tags: AbanyamulengeGutotezwaUviraWazalendo
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Iby’ibitero byongeye kugabwa mu duce tw’i Mulenge, none tariki ya 19/06/2025.

Iby'ibitero byongeye kugabwa mu duce tw'i Mulenge, none tariki ya 19/06/2025.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?