• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 9, 2025
in Conflict & Security
0
Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe bimwe mu byatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo i Uvira

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Imwe mu mpamvu zatumye Wazalendo badakomeza imyigaragambyo mu mujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo yo kwa magana Brigadier General Olivier Gasita wahoherejwe na perezida Felix Tshisekedi, ni uko bamwe mubayiteguraga bakomerekejwe abandi barahunga, usibye ko hari n’abapfuye.

Kuva ku wa kabiri wakiriya cyumweru gishize i Uvira hari imyigaragambyo, aho yakorwaga na Wazalendo ni mu gihe bavuga ko badashaka Gen Gasita wahatumwe kuhayobora ibikorwa bya gisirikare birimo ubutasi na operasiyo yo guhashya umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ugamije gushyira akadomo kanyuma ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi .

Ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 08/09/2025, iyi myigaragambyo yarakomeje, ariko yo ikaba yari yateguwe mu buryo budasanzwe, kuko mbere y’uko ikorwa abayiteguye bavuze ko igomba kuba simusiga kandi ikarangira Gasita asubijwe iyo yaje aturuka.

Wazalendo bashinja Gasita kugira uruhare mu ifatwa rya Bukavu, ndetse no kwica a Wazalendo i Kindu aho yaramaze igihe kirekire akorera ibikorwa bya gisirikare, bityo bakavuga ko aje no gutanga umujyi wa Uvira mu biganza bya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho.

Amakuru akomeza avuga ko mu myigaragambyo yabaye aha’rejo, yakomerekeyemo bamwe mu bayobozi bayiteguraga, abandi bayiguyemo harimo n’abayiburiwemo irengero.

Minembwe Capital News ubuhamya yahawe buvuga kuri iyi myigaragambyo bugira buti: “Uwitwa Zembezembe uri mu bateguraga iyi myigaragambyo ntiharamenyekana aho yahungiye, ariko bikekwa ko akicihishe ahantu cyangwa yarambutse umupaka. Ni yo mpamvu iyi myigaragambyo itakomeje.”

Bukomeza buti: “Undi na we wafatikanyaga na Zembezembe we byamenyekanye ko yahurutse i Bujumbura, kandi yarakometse bikabije.”

Uyu wa hurutse i Burundi mu butumwa bw’amajwi yatanze yagize ati: “Ndi mu bitaro i Burundi, ni ho ndi kuvurirwa. Muri ya myigaragambyo ubwo batangiraga kurasa telefone zanjye zarabuze. Kandi nakomeretse ku nda, ku maboko no ku maguru.”

Yasobanuye ko atakomerekejwe n’amasasu ahubwo ko yaguye ahantu habi bimutera gukomereka.

Naho abapfuye kugeza ubu ntamubare nyawo uramenyekana, kuko radio z’i Uvira zatangaje ko hapfuye abantu barindwi abandi barenga 10 barakomeretswa.

Mu gihe amakuru y’ibanze yo avuga ko hapfuye abantu batanu, abandi umunani na bo bakomereka.

Imyigaragambyo igitangira, aho yanatangiriye i Kavimvira, yakozwe mu mahoro, ndetse byatumye FARDC itabarasaho, ariko uko yakomeje igeze kuri Meri ho ibintu birahinduka. Mu bari bayirimo habonetsemo n’abafite intwaro ibyanatumye abasirikare babamishaho urufaya rw’amasasu. Aha ni naho yahise irangira, kuko abarimo kuyikora bahise batawanyika, barihungira.

Uyu munsi habyukiye ituze, nubwo amaduka n’amasoko bitarakorwa nk’uko byahoraga, ariko hari ikirimo guhinduka.

Kimwecyo, aya makuru akomeza avuga ko FARDC ntirebana neza na Wazalendo kuburyo umwanya uwo ari wo wose bokwambikana.

Ariko ibyabaye kuri uyu wa mbere, biri mubyatumye muri iki gice habyukira ituze.

Ikindi ni uko igisirikare cya RDC kigishyigikiye Gen Gasita, aho kandi gihamya ko kitibeshye mu kuhamutuma.

Tags: ImyigaragambyoUvira
Share36Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Makyambe wahoze ayobora zone ya Minembwe igihe cya RCD yishwe arashwe

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?