• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Havuzwe ibikomeje kugayisha igisirikare cya FARDC, nyuma y’ibyo bakoreye ku Ndondo.

minebwenews by minebwenews
November 13, 2024
in Regional Politics
0
Havuzwe ibikomeje kugayisha igisirikare cya FARDC, nyuma y’ibyo bakoreye ku Ndondo.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibikomeje kugayisha igisirikare cya FARDC, nyuma y’ibyo bakoreye ku Ndondo.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Abasirikare ba Guverinoma ya Kinshasa, bakorera mu bice byo ku Ndondo basubiranyemo kubera ubusinzi, abarimo ufite ipeti rya Captain araraswa ukuboko igupfwa rirajanjagurika mu gihe undi warashwe mugituza bivugwa ko yaba yahasize ubuzima.

I Ndondo ni agace ka gize imihana y’Abanyamulenge iherereye muri grupema ya Bijombo ho muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umuhana icyo gikorwa kigayitse abasirikare ba FARDC bakoreyemo ni uwo ku Wumugethi. Aha akaba ari hafi n’u muhana wo kw’i Rango ni hafi kandi ya Murambya.

Amakuru MCN yabashe ku menya n’uko ku munsi w’ejo hashize tariki ya 12/11/2024, aba basirikare bihaye kumwa ibiyobyabwenge bivanze n’inzoga maze baza gusinda.

Nyuma nibwo basubiranyemo bararasana.
Aya makuru anavuga ko irasana ryabo ko ryatwaye akanya katari gato, kandi ko ryarangiye babiri muri bo babikomerekeyemo harimo uwo ufite ipeti rya Captain wavuzwe haruguru ari nawe wajajanguritse igupfwa ry’ukuboko kw’ibumuso mu gihe undi wavuzwe kwavuka i Masisi yarashwe mu gituza.

Hari n’amakuru avuga ko uwo warashwe mugituza koyaba yamaze kwitaba Imana nubwo bitaremezwa, nk’uko abaturage baturiye ibyo bice babivuga.

Ibi byisubiranomo ry’ingabo za RDC bivuye ku businzi, si ubwa mbere biba kuko uretse ibyo byabereye ku Wumugethi no ku Murambya mu mpera z’u kwezi kwa kane bararasanye, aho ndetse umwe yahise ahasiga ubuzima abandi 2 barakomereka bajanwa kuvurirwa ku bitaro byo mu mujyi wa Uvira.

Tubibutsa ko iy’i Kambi y’ingabo za FARDC iri mu muhana wo ku Wugethi, abasirikare barasaniyemo iyobowe n’umusirikare witwa Machunda ufite ipeti rya Colonel.

Tags: BarasanyeFardcKu wumugethi
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.

Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw'Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?