• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.

minebwenews by minebwenews
November 13, 2024
in Regional Politics
4
Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Colonel Alain Sembokera wo muri polisi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo(PNC), wamamaye ku izina rya “Job,” yongeye kugaragara mu mujyi wa Goma nyuma yigihe kitari gito atahaboneka; akaba azwiho kuba ari umugambanyi w’ubwoko bw’Abatutsi, ndetse abenshi mu bo yagambaniye barapfuye abandi baracyafunzwe.

Amasoko yacu avuga ko Col. Job yabonetse i Goma ahar’ejo tariki ya 12/11/2024, ni mu gihe yari amaze amezi arindwi ari mu mujyi rwagati wa Kinshasa.

Mbere y’uko yerekeza i Kinshasa yabanje kuja i Bujumbura mu Burundi kwivuza indwara y’umutima amaranye igihe.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, ayo dukesha abaturiye i Goma, avuga ko “hari abaturage bongeye gukubita amaso Col. Job mu mujyi wa Goma ku munsi w’ejo hashize kandi ko ba mubonye igihe c’isaha z’igicamunsi.”

Ndetse bikavugwa ko nyuma yo kumubona hari abategetsi babimenyeshejwe barimo n’abakora munzego z’umutekano, nabo bavuga ko ayo makuru bayazi ariko ko hataramenyekana icyaba cyamuzanye.

Col.Job yahoze y’ungirije komiseri mukuru wa polisi mu ntara ya Kivu Yaruguru, akaba kandi yari ahagariye ibikorwa by’ubutabera muri iyi ntara ku rwego rwa polisi.

Kugaruka kwe mu Burasirazuba bw’iki gihugu, byateye impungenge nyinshi ubwoko bw’Abatutsi abo ahora ahiga ubuzima bwabo umunsi ku wundi.

Kuva icyo gihe agikorera i Goma yagiye agaragara mu bikorwa byo kugagambanira Abatutsi, kandi mubo yagambaniye bamwe biciwe muri DEMIAP, nka major Thomas w’Umunyamulenge uheruka gupfiramo n’abandi yagambaniye bagifungiye muri gereza ya Ndolo na Makala n’izindi.
Bamwe mubo yagambaniye barimo Honorable Kamanzi, Pedro, n’umusore w’Umunyamulenge wavanwe i Bukavu mu mezi umunani ashyize aja gufungirwa i Kinshasa kugeza n’ubu bakaba bagifunzwe bose.

Sabo bonyine yafungishije kuko hari n’abandi bavuka i Masisi bafungiwe mu ma gereza atandukanye yo muri RDC.

Uyu yanahoze mu mitwe yitwaje intwaro ya Maï Maï yo muri Kivu y’Amajyaruguru, ari nabwo yatangiye guhohotera Abatutsi, akananyaga ibyabo birimo Inka yanyagaga i Masisi na Rutshuru.

Kubera ubugome bwe bwo kwanga Abatutsi, byavuzwe ko hari n’igihe yigeze gusaba ubuyobozi bwa FARDC muri Goma ku muha ingabo akaja kurwanya umutwe wa M23 urwanya Leta. Ariko aza kwangirwa, kuko ntabuhanga bw’urugamba bumuzwiho, nk’uko abahaye MCN aya makuru babivuze.

Tags: AbatutsiCol.jobGoma
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Sebisusa wigeze kuyobora umutwe w’ingabo warwanyaga Leta ya Joseph Kabila, yitabye Imana.

Sebisusa wigeze kuyobora umutwe w'ingabo warwanyaga Leta ya Joseph Kabila, yitabye Imana.

Comments 4

  1. akamasa says:
    1 year ago

    Bruce, uyu mugome mureke igihe cye niki ! aje gupfa ntabwo yaje kwica nkuko yabimenyereye. Abana bari ready man

  2. Ensuent says:
    1 year ago

    Survival curves were generated by the Kaplan Meier method and compared with the log rank test priligy 30mg

  3. Ensuent says:
    1 year ago

    The other group receives the same treatment as the first group, followed by low dose chemotherapy in tablet form, taken one or two times per day, twice a week for one year cialis with priligy

  4. Ensuent says:
    1 year ago

    Turashaka kureba iyi mikorere ya SERM itaziguye n imikorere, tugasobanura uburyo n impamvu bakora, kandi byanze bikunze, uburyo ushobora gukoresha cyane iyi SERM priligy cvs

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?