• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe ibindi byimbitse kuri Wazalendo baheruka kwifatanya na M23 ari benshi, muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
May 10, 2024
in World News
2
Havuzwe ibindi byimbitse kuri Wazalendo baheruka kwifatanya na M23 ari benshi, muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe andi makuru kuri Wazalendo baheruka kwifatanya na M23 ari benshi, muri teritwari ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni ahagana mu mpera z’i Cyumweru gishize, nibwo Wazalendo biyunze kuri M23, bitandukanya n’igisirikare cya leta ya Kinshasa aho bari bagize igihe barwanya uyu mutwe ufite intego yo kurandura ubutegetsi bwa perezida Félix Antoine Tshisekedi, ubwo wita ‘bubi,’ nk’uko ay’amakuru tuyakesha abarwanyi ba M23.

Nk’uko ay’amakuru yasobanuwe n’uko ukwiyunga kwa Wazalendo muri M23 bifatanye isano na General Byamungu usanzwe ariwe w’ungirije Gen Sultan Makenga mu gisirikare cya M23.

Bavuga ko Wazalendo biyunze na M23 bavuka mu bwoko bw’Abatembo, bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abo General Byamungu nawe avukamo.

Ikindi cyavuzwe n’uko ukwiyunga kwabo Wazalendo bo mu bwoko bw’Abatembo, muri M23 biva kukuba M23 ifite igisirikare gikomeye kuko kuri ubu kimaze kwigarurira ibice byinshi byo muri teritwari ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, ndetse nigice cyo muri teritwari ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ubundi kandi M23 irarwana ntisubira inyuma ndetse ikaba irwanira uburenganzira bwabo, nk’uko byagiye bigarukwaho n’ubuyobozi bwa M23, harimo na Lawrence Kanyuka ukunze kugaragaza ubwicanyi bukorerwa Abatutsi bukozwe n’igisirikare cya leta ya Congo.

General Byamungu, byavuzwe ko yaba yaragize uruhare runini kugira Wazalendo bifatanye na M23, ni umwe mu basirikare ba M23 bazwi cyane mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Mu mwaka w’ 2010 yari komanda zone wa Uvira, icyo gihe yari umusirikare wa leta, akaba kandi yari umusirikare wari ukomeye igihe cya “Amani Leo.”

Byamungu kandi azwi mu misozi miremire y’Imulenge kuko ari mu basirikare ba leta ya Kinshasa bagize uruhare runini mu kuvana Gumino ya Colonel Venant Bisogo mu ishyamba, aho yari kumwe na Gen Sultan Makenga, ndetse na Gen Kahimbi Delphin. Ubwo hari mu mwaka w’ 2011.

                MCN.
Tags: BiyunzeKuri M23Wazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Abarwanyi ba Gumino, ngo bagiye kujya bahabwa agatubutse, mu misozi ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Abarwanyi ba Gumino, ngo bagiye kujya bahabwa agatubutse, mu misozi ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 2

  1. batmanapollo.ru says:
    1 year ago

    batmanapollo.ru

  2. batmanapollo.ru says:
    1 year ago

    batmanapollo.ru

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?