• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2025
in World News
0
Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.

You might also like

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Hatahuwe ibyo Donald Trump yaganiriye na Barack Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu kiganiro cyatunguye abatari bake.

Iki kiganiro Obama na Trump bakigiranye ahar’ejo tariki ya 09/1/2025 ubwo bari mu muhango wo gushingura uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Jimmy Carter uheruka kwitaba Imana.

Nk’uko amakuru avuga iki kiganiro aba bagabo bombi bagikoze bari kongorerana, bakaba kandi bari begeranye, ibyatunguye benshi kuko bataheruka kwegerana.

Umwe munararibonye mu gutahura ibiganiro bya bereye muri bucece, yavuze ibyo Trump yaganiriye na Obama.

Gusa muri icyo kiganiro byagaragaye ko Trump yubashye mugenzi we Obama yasimbuye ariko bakaba batarakunze guhuza mu kahise kabo. Kandi byagaragaye ko Obama ari we wateruga ingingo, akongorera uwabo, nawe agahita asa nushaka ku mwegera cyane kugira ngo amwumve, ngo yanagendaga amusubiza azunguza umutwe, awuroza hasi ubundi hejuru. bikavugwa ko yemeraga ibyo yamubwiraga.

Amashusho yashyizwe hanze y’aba banyacyubahiro, yagiye agarukwaho cyane n’ibitangaza makuru no kumbuga nkoranyambaga.

Aharero, niho abahanga mu gutahura ibiganiro nk’ibi byabereye mu rwongorerano, bagendeye ku bimenyetso by’umunwa no kuzunguza umutwe bijanye naho uwuganisha.

Bavuze ko “baganiraga ku ngingo zikomeye!”

Uwitwa Jeremy Freeman, umuhanga mu gusoma ibimenyetso by’iminwa agatahura ibyatangazwaga mu kiganiro cya bucece, yavuze ko Obama na Trump bashobora kuba baganiraga kubyerekeye amasezerano mpuzamahanga.

Uyu muhanga mu kiganiro yagiranye n’itangaza makuru ryo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, The new York Post, yavuze ko muri iki kiganiro cya Obama na Trump, baganiraga bati: “Ubu ntibyashoboka ko tubiganiraho, twazashaka ikindi gihe, kandi tukareba ahantu hatuje. Iyi ni ngingo y’ingira kamaro, dukwiye kuzabikoraniriraho ahandi hantu kugira ngo tubiganireho byimbitse atari uyu mwanya.”

Byavuzwe kandi ko Trump na Obama bari kumwe n’abafasha babo aho hafi ku ruhande.

Trump ubwo yasubizaga Obama, yagize ati: “Nafashe icyemezo cyo kubivamo. Byari ibyingenzi. Urabyiyumvisha ariko?”

Nanone kandi hagaragaye irindi jambo Trump yavuze muri iki kiganiro, aho bavuze ko yabanje kumwenyura ubundi akagira ati: “Ariko rero nzabikora.” Aha kamera ngozahitaga zibavaho.

Kimweho byavuzwe ko muri manda ya mbere ya Trump, yahagaritse umushinga w’amasezerano ya Obama wo muri 2015 w’ingufu za kirimbuzi hamwe na Iran, ndetse anakura igihugu cye mu masezerano ya 2016 ku ngamba z’imihindagurikire y’ibihe y’ipari mu Bufaransa, ariko ntibyemezwa koko ari iz’ingingo baganiraho muri icyo kiganiro.

Tags: ObamaTrump
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru Mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe umutekano ukomeje guhungabana mu karere k’U burasirazuba bwo Hagati, ibihugu byinshi ku isi...

Read moreDetails

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje Intambara iri gukaza umurego mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati yakomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro Amashusho ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ikigega kinini cya peteroli kiri mu murwa mukuru wa Iran,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran Mu gihe amakuru n’isesengura bitandukanye bikomeje kugaragaza ko intambara ishobora...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi hafungiwe abasore ba Banyamulenge, abandi bishwe.

Ibiturika byinshi byumvikaniye ku misozi ya Uvira, menya ukwabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?