Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 10, 2025
in World News
0
Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.

You might also like

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Hatahuwe ibyo Donald Trump yaganiriye na Barack Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu kiganiro cyatunguye abatari bake.

Iki kiganiro Obama na Trump bakigiranye ahar’ejo tariki ya 09/1/2025 ubwo bari mu muhango wo gushingura uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Jimmy Carter uheruka kwitaba Imana.

Nk’uko amakuru avuga iki kiganiro aba bagabo bombi bagikoze bari kongorerana, bakaba kandi bari begeranye, ibyatunguye benshi kuko bataheruka kwegerana.

Umwe munararibonye mu gutahura ibiganiro bya bereye muri bucece, yavuze ibyo Trump yaganiriye na Obama.

Gusa muri icyo kiganiro byagaragaye ko Trump yubashye mugenzi we Obama yasimbuye ariko bakaba batarakunze guhuza mu kahise kabo. Kandi byagaragaye ko Obama ari we wateruga ingingo, akongorera uwabo, nawe agahita asa nushaka ku mwegera cyane kugira ngo amwumve, ngo yanagendaga amusubiza azunguza umutwe, awuroza hasi ubundi hejuru. bikavugwa ko yemeraga ibyo yamubwiraga.

Amashusho yashyizwe hanze y’aba banyacyubahiro, yagiye agarukwaho cyane n’ibitangaza makuru no kumbuga nkoranyambaga.

Aharero, niho abahanga mu gutahura ibiganiro nk’ibi byabereye mu rwongorerano, bagendeye ku bimenyetso by’umunwa no kuzunguza umutwe bijanye naho uwuganisha.

Bavuze ko “baganiraga ku ngingo zikomeye!”

Uwitwa Jeremy Freeman, umuhanga mu gusoma ibimenyetso by’iminwa agatahura ibyatangazwaga mu kiganiro cya bucece, yavuze ko Obama na Trump bashobora kuba baganiraga kubyerekeye amasezerano mpuzamahanga.

Uyu muhanga mu kiganiro yagiranye n’itangaza makuru ryo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, The new York Post, yavuze ko muri iki kiganiro cya Obama na Trump, baganiraga bati: “Ubu ntibyashoboka ko tubiganiraho, twazashaka ikindi gihe, kandi tukareba ahantu hatuje. Iyi ni ngingo y’ingira kamaro, dukwiye kuzabikoraniriraho ahandi hantu kugira ngo tubiganireho byimbitse atari uyu mwanya.”

Byavuzwe kandi ko Trump na Obama bari kumwe n’abafasha babo aho hafi ku ruhande.

Trump ubwo yasubizaga Obama, yagize ati: “Nafashe icyemezo cyo kubivamo. Byari ibyingenzi. Urabyiyumvisha ariko?”

Nanone kandi hagaragaye irindi jambo Trump yavuze muri iki kiganiro, aho bavuze ko yabanje kumwenyura ubundi akagira ati: “Ariko rero nzabikora.” Aha kamera ngozahitaga zibavaho.

Kimweho byavuzwe ko muri manda ya mbere ya Trump, yahagaritse umushinga w’amasezerano ya Obama wo muri 2015 w’ingufu za kirimbuzi hamwe na Iran, ndetse anakura igihugu cye mu masezerano ya 2016 ku ngamba z’imihindagurikire y’ibihe y’ipari mu Bufaransa, ariko ntibyemezwa koko ari iz’ingingo baganiraho muri icyo kiganiro.

Tags: ObamaTrump
Share37Tweet23Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

by Bruce Bahanda
July 18, 2025
0
Auto Draft

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy'amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y'abantu bashinjwa ibyaha...

Read moreDetails

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi hafungiwe abasore ba Banyamulenge, abandi bishwe.

Ibiturika byinshi byumvikaniye ku misozi ya Uvira, menya ukwabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?