• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.

minebwenews by minebwenews
January 10, 2025
in World News
0
Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Havuzwe ibyo Trump yaganiriye na Obama, abagabo batacyanaga uwaka.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Hatahuwe ibyo Donald Trump yaganiriye na Barack Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu kiganiro cyatunguye abatari bake.

Iki kiganiro Obama na Trump bakigiranye ahar’ejo tariki ya 09/1/2025 ubwo bari mu muhango wo gushingura uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Jimmy Carter uheruka kwitaba Imana.

Nk’uko amakuru avuga iki kiganiro aba bagabo bombi bagikoze bari kongorerana, bakaba kandi bari begeranye, ibyatunguye benshi kuko bataheruka kwegerana.

Umwe munararibonye mu gutahura ibiganiro bya bereye muri bucece, yavuze ibyo Trump yaganiriye na Obama.

Gusa muri icyo kiganiro byagaragaye ko Trump yubashye mugenzi we Obama yasimbuye ariko bakaba batarakunze guhuza mu kahise kabo. Kandi byagaragaye ko Obama ari we wateruga ingingo, akongorera uwabo, nawe agahita asa nushaka ku mwegera cyane kugira ngo amwumve, ngo yanagendaga amusubiza azunguza umutwe, awuroza hasi ubundi hejuru. bikavugwa ko yemeraga ibyo yamubwiraga.

Amashusho yashyizwe hanze y’aba banyacyubahiro, yagiye agarukwaho cyane n’ibitangaza makuru no kumbuga nkoranyambaga.

Aharero, niho abahanga mu gutahura ibiganiro nk’ibi byabereye mu rwongorerano, bagendeye ku bimenyetso by’umunwa no kuzunguza umutwe bijanye naho uwuganisha.

Bavuze ko “baganiraga ku ngingo zikomeye!”

Uwitwa Jeremy Freeman, umuhanga mu gusoma ibimenyetso by’iminwa agatahura ibyatangazwaga mu kiganiro cya bucece, yavuze ko Obama na Trump bashobora kuba baganiraga kubyerekeye amasezerano mpuzamahanga.

Uyu muhanga mu kiganiro yagiranye n’itangaza makuru ryo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, The new York Post, yavuze ko muri iki kiganiro cya Obama na Trump, baganiraga bati: “Ubu ntibyashoboka ko tubiganiraho, twazashaka ikindi gihe, kandi tukareba ahantu hatuje. Iyi ni ngingo y’ingira kamaro, dukwiye kuzabikoraniriraho ahandi hantu kugira ngo tubiganireho byimbitse atari uyu mwanya.”

Byavuzwe kandi ko Trump na Obama bari kumwe n’abafasha babo aho hafi ku ruhande.

Trump ubwo yasubizaga Obama, yagize ati: “Nafashe icyemezo cyo kubivamo. Byari ibyingenzi. Urabyiyumvisha ariko?”

Nanone kandi hagaragaye irindi jambo Trump yavuze muri iki kiganiro, aho bavuze ko yabanje kumwenyura ubundi akagira ati: “Ariko rero nzabikora.” Aha kamera ngozahitaga zibavaho.

Kimweho byavuzwe ko muri manda ya mbere ya Trump, yahagaritse umushinga w’amasezerano ya Obama wo muri 2015 w’ingufu za kirimbuzi hamwe na Iran, ndetse anakura igihugu cye mu masezerano ya 2016 ku ngamba z’imihindagurikire y’ibihe y’ipari mu Bufaransa, ariko ntibyemezwa koko ari iz’ingingo baganiraho muri icyo kiganiro.

Tags: ObamaTrump
Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
I Fizi hafungiwe abasore ba Banyamulenge, abandi bishwe.

Ibiturika byinshi byumvikaniye ku misozi ya Uvira, menya ukwabyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?