• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, May 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibiturika byinshi byumvikaniye ku misozi ya Uvira, menya ukwabyo.

minebwenews by minebwenews
January 11, 2025
in Regional Politics
0
I Fizi hafungiwe abasore ba Banyamulenge, abandi bishwe.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibiturika byinshi byumvikaniye ku misozi ya Uvira, menya ukwabyo.

You might also like

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Amakuru ava Uvira avuga ko abasirikare bari bazamutse imisozi bava muri aka gace ka Uvira, bagiye barasagura amasasu, bivugwa ko yari ayo kwiha inzira, nubwo yaraye akanze abaturage baturiye utwo duce.

Igihe c’isaha z’umugoroba wajoro, ahagana nka saa moya n’igice ku masaha ya Minembwe na Bukavu, ni bwo ibyo biturika byatangiye kumvikana.

Iyi nkuru dukesha abaturiye ibyo bice, igahamya ko batangiye kurasagura ubwo bari basize agace ka Kijaga.

Ati: “Amasasu menshi karavugira haruguru ya Kijaga. N’abasoda bazamutse ku Ndondo ya Bijombo. Batunyuzeho mu kanya.”

Abandi basirikare n’ubundi bongeye kuzamuka nyuma yabo, nibo bahumurije abaturage bababwira ko ari ababo barasaga mu rwego rwo kwiha inzira, ngo kuko berekeje mu Bijombo na Minembwe, ariko bakaba bataribizeye inzira banyuragamo.

Aka gace ka Kijaga barasiragamo, ni agace gaherereye mu duce dutangira imisozi izamuka uva muri Uvira uja ku Ndondo ya Bijombo. Ukavamo ukomeza ibice bidatuwe birimo ibibira n’ibisambu n’imisozi izamuka cyane, aho benshi bagera bakagwa umwuma, ndetse bamwe bagapfira muri iyo misozi.

Andi makuru ateremezwa neza avuga ko aba basirikare baraye bazamutse, bari bagize igihe badahabwa amafaranga yabo, bikaba biri mu byatumye barasagura, ngo kuko bari bafite umushiha.

Abasirikare bakomeje gutumwa mu misozi miremire y’Imulenge, ahanini mu Minembwe na Bijombo, nyuma y’aho mu mpera z’u mwaka ushize Abanyamulenge bagabweho ibitero bikomeye babigabwagaho n’ingabo zo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe.

Kuva ku munsi umwe w’uku kwezi turimo uyu mwaka w’ 2025, hagiye hazamuka abasirikare benshi, kandi bakagenda mu byicyiro bitandukanye, hari abanyuze umuhanda wa Baraka-Fizi na Minembwe abandi bakanyura inzira ya maguru ya Mitamba, Mugethi no mu Cyohagati ukomereza mu Minembwe.

Hagataho, umutekano wo muri ibyo bice ugenda urushaho kuba mubi umunsi ku wundi. Gusa ubu hari agahenge nubwo ibyo muri ibyo bice bihinduka mu kanya gato.

Tags: FardcUvira
Share52Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump

RDC Yongeye Kuvugwa mu Bibazo by’Abimukira Nyuma y’Amagambo ya Perezida Trump Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka ku rwego mpuzamahanga nyuma yo...

Read moreDetails

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda

Politiki Nshya ya Amerika ku Burasirazuba bwa Congo: Menya Uko Itegeko rya STABLE DRC Act rishobora Guhindura Imibanire ya RDC n’u Rwanda Ibibazo by’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo: Igicumbi gishya cya Copper ku isi mu mpinduramatwara y’ubushyamirane hagati y’u Bushinwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mu gihe isi yinjira mu...

Read moreDetails

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo

Martin Fayulu Yakoresheje Imvugo Ikomeye Ishobora Kongera Umwuka Mubi muri Politiki ya Congo Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Martin Fayulu, yongeye kunenga...

Read moreDetails

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

by Bahanda Bruce
May 8, 2026
0
La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère

La famille du colonel Gapanda réclame justice et des éclaircissements sur sa détention, toujours entourée de mystère La famille du colonel Ruhorimbere Gapanda, l’un des hauts gradés des...

Read moreDetails
Next Post
Gen. Muhoozi yasezeye gukoresha x avuga n’impamvu, ariko agira n’ibyo asezeranya.

Gen. Muhoozi yasezeye gukoresha x avuga n'impamvu, ariko agira n'ibyo asezeranya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?