• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe impamvu i Beni, batwitse amafoto y’uwari umukandida mu matora aheruka kuba muri RDC, Geurchom Kaheba.

minebwenews by minebwenews
April 21, 2024
in World News
0
Havuzwe impamvu i Beni, batwitse amafoto y’uwari umukandida mu matora aheruka kuba muri RDC, Geurchom Kaheba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye impamvu hatwitse amafoto y’uwari umukandida mu matora y’ubushize ku mwanya w’abadepite muri teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Ni amafoto ya Geurchom Kaheba, wari umukandida mu matora yo ku itariki ya 20/12/2024, yatwikiwe i Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko bikomeje kugaragazwa mu mavideo arimo ku nyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga.

Video zashizwe hanze ku munsi w’ejo hashize tariki ya 20, igaragaza abaturage bi Beni barimo gutwika foto za Geurchom Kaheba yakoresheje ubwo yarimo yi yamamaza ku mwanya w’u mudepite ku rwego rwa teritware ya Beni.

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranya mbaga ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bamaganye ibyo abo baturage bakoze.

Kasimu Deo, yagize ati: “Biriya n’ibikorwa bya kinyamanswa, bari gutwika foto ngo bunguke iki?”

James we, ati: “Ibibera muri Congo hamwe bisa nibyabasazi.”

Mu gutwika izo foto babanjye ku manura amafoto ya Geurchom Kaheba yari amanitse ahantu hatandukanye, ku bibambazi by’amazu n’ahandi ku byapa biri ku mihanda aho muri Beni.

Umwe mu banyamakuru Babanyekongo uzwi mu gutanga amakuru akoresheje urubuga rwa x, bwana Justin Kabumba yavuze ko amafoto ya bwana Geurchom Kaheba yatwitswe ku mpamvu ashinjwa kwiyunga muri Alliance Fleuve Congo AFC, irwanya leta ya Kinshasa.

Ati: “Amafoto y’umukandida watsinzwe mu matora y’ubushize ku mwanya wa badepite, bayatwitse ku mpamvu z’uko bivugwa ko yiyunze kuri AFC ya Corneille Nangaa.”

Ibyo bikorwa byakorewe i Beni ku munsi w’ejo igihe c’isaha z’u mugoroba, nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, bari bamaze gukora urugendo bise ko ari urwo ku buhora igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Mu rugendo rwa korewe mu bice byo muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

                MCN
Tags: AmafotoBatwitseBeniGeurchom Kaheba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Burundi, Gen Prime Niyongabo, yongerewe indi mirimo mu butegetsi bw’u Burundi.

Umugaba mukuru w'Ingabo z'u Burundi, Gen Prime Niyongabo, yongerewe indi mirimo mu butegetsi bw'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?