• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 13, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Havuzwe impamvu i Beni, batwitse amafoto y’uwari umukandida mu matora aheruka kuba muri RDC, Geurchom Kaheba.

minebwenews by minebwenews
April 21, 2024
in World News
0
Havuzwe impamvu i Beni, batwitse amafoto y’uwari umukandida mu matora aheruka kuba muri RDC, Geurchom Kaheba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye impamvu hatwitse amafoto y’uwari umukandida mu matora y’ubushize ku mwanya w’abadepite muri teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ni amafoto ya Geurchom Kaheba, wari umukandida mu matora yo ku itariki ya 20/12/2024, yatwikiwe i Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, nk’uko bikomeje kugaragazwa mu mavideo arimo ku nyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Video zashizwe hanze ku munsi w’ejo hashize tariki ya 20, igaragaza abaturage bi Beni barimo gutwika foto za Geurchom Kaheba yakoresheje ubwo yarimo yi yamamaza ku mwanya w’u mudepite ku rwego rwa teritware ya Beni.

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranya mbaga ahanini mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bamaganye ibyo abo baturage bakoze.

Kasimu Deo, yagize ati: “Biriya n’ibikorwa bya kinyamanswa, bari gutwika foto ngo bunguke iki?”

James we, ati: “Ibibera muri Congo hamwe bisa nibyabasazi.”

Mu gutwika izo foto babanjye ku manura amafoto ya Geurchom Kaheba yari amanitse ahantu hatandukanye, ku bibambazi by’amazu n’ahandi ku byapa biri ku mihanda aho muri Beni.

Umwe mu banyamakuru Babanyekongo uzwi mu gutanga amakuru akoresheje urubuga rwa x, bwana Justin Kabumba yavuze ko amafoto ya bwana Geurchom Kaheba yatwitswe ku mpamvu ashinjwa kwiyunga muri Alliance Fleuve Congo AFC, irwanya leta ya Kinshasa.

Ati: “Amafoto y’umukandida watsinzwe mu matora y’ubushize ku mwanya wa badepite, bayatwitse ku mpamvu z’uko bivugwa ko yiyunze kuri AFC ya Corneille Nangaa.”

Ibyo bikorwa byakorewe i Beni ku munsi w’ejo igihe c’isaha z’u mugoroba, nyuma y’uko AFC ya Corneille Nangaa, bari bamaze gukora urugendo bise ko ari urwo ku buhora igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Mu rugendo rwa korewe mu bice byo muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

                MCN
Tags: AmafotoBatwitseBeniGeurchom Kaheba

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Burundi, Gen Prime Niyongabo, yongerewe indi mirimo mu butegetsi bw’u Burundi.

Umugaba mukuru w'Ingabo z'u Burundi, Gen Prime Niyongabo, yongerewe indi mirimo mu butegetsi bw'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Byinshi kuri Ebola Ikomeje Kubica Bigacika muri RDC: Tshisekedi Aho Kurwanya Iki Cyorezo Akomeje Intambara, Ibyo Atangaza Binyuranyije n’Ibibera ku Butaka
  • Les Wazalendo se divisent en deux camps : au cœur des tensions entre Yakutumba et la nouvelle Alliance of Congolese Patriots (A.P.C.)
  • Wazalendo Bacitsemo Ibice Bibiri: Imbere mu Makimbirane ya Yakutumba n’Ihuriro Rishya A.P.C.
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?