Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Herekanwe Amafoto agaragaza ibyo igisasu cya Israel cyangirije ku butaka bwa Iran.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 23, 2024
in Regional Politics
0
Herekanwe Amafoto agaragaza ibyo igisasu cya Israel cyangirije ku butaka bwa Iran.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe amafoto yafashwe n’ibyogajuru byerekana ko ibisasu Israel yateye muri Iran byangirije ibyuma bya radari byari bisanzwe birinda ikirere cya Iran.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ku wa Gatanu w’iki Cyumweru dusoje igisasu cya Israel cya tewe mu gace ka Isfahan ko muri Iran ahari mu nganda zikomeye z’igisirikare cya Iran.

Ibi binyuranye n’amakuru abategetsi bo muri Iran barimo batangaza ko nta byinshi igitero cya Israel cyangirije ku butaka bwabo.

Amakuru akavuga ko iki gisasu kimwe cya Israel yagabye kuri Iran cyangirije cyane Iran kuruta ibigera kuri 300 Iran yarashe kuri Israel tariki ya 13/04/2024.

Ayatollah Ali Khamenei uri mu bategetsi bo kurwego rwo hejuru mu gihugu cya Iran ari mu birinze kuvuga ku byo iki gitero cya Israel cyangirije ku butaka bw’igihugu cyabo.

Abasesenguzi benshi bemeza ko Iran na Israel bamaze imyaka myinshi mu bushamirane ubu barimo kugerageza gucumbya impamvu zishobora gutuma haba intambara hagati y’ibihugu byombi.

Hagati aho intambara ihanganishije Israel na Hamas irakomeje muri Palestine aho iyo ntambara ikomeje kuyogoza akarere. Ubutegetsi bwa Israel buvuga ko uwo mutwe uterwa inkunga na Iran.

Ibiro ntara makuru bya Bafaransa, AFP, byo byatangaje ko iki gisasu Israel yateye ku butaka bwa Iran cyahamije intwaro kabuhariwe zari ziruta izindi zigisirikare cya Iran. Bikaba byari bisanzwe bifite ubushobozi bwo gukumira ibitero bigabwe ku butaka bwa Iran.

     MCN.
Tags: AmafotoIgisasu IsraelIranIsraelYangirije
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa AFC/M23 ukomeje kwakira abarimo n’abanyapolitiki bakomeye bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umutwe wa AFC/M23 ukomeje kwakira abarimo n'abanyapolitiki bakomeye bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?