• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 19, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Herekanwe Amafoto agaragaza ibyo igisasu cya Israel cyangirije ku butaka bwa Iran.

minebwenews by minebwenews
April 23, 2024
in Regional Politics
0
Herekanwe Amafoto agaragaza ibyo igisasu cya Israel cyangirije ku butaka bwa Iran.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragajwe amafoto yafashwe n’ibyogajuru byerekana ko ibisasu Israel yateye muri Iran byangirije ibyuma bya radari byari bisanzwe birinda ikirere cya Iran.

Ni ku wa Gatanu w’iki Cyumweru dusoje igisasu cya Israel cya tewe mu gace ka Isfahan ko muri Iran ahari mu nganda zikomeye z’igisirikare cya Iran.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ibi binyuranye n’amakuru abategetsi bo muri Iran barimo batangaza ko nta byinshi igitero cya Israel cyangirije ku butaka bwabo.

Amakuru akavuga ko iki gisasu kimwe cya Israel yagabye kuri Iran cyangirije cyane Iran kuruta ibigera kuri 300 Iran yarashe kuri Israel tariki ya 13/04/2024.

Ayatollah Ali Khamenei uri mu bategetsi bo kurwego rwo hejuru mu gihugu cya Iran ari mu birinze kuvuga ku byo iki gitero cya Israel cyangirije ku butaka bw’igihugu cyabo.

Abasesenguzi benshi bemeza ko Iran na Israel bamaze imyaka myinshi mu bushamirane ubu barimo kugerageza gucumbya impamvu zishobora gutuma haba intambara hagati y’ibihugu byombi.

Hagati aho intambara ihanganishije Israel na Hamas irakomeje muri Palestine aho iyo ntambara ikomeje kuyogoza akarere. Ubutegetsi bwa Israel buvuga ko uwo mutwe uterwa inkunga na Iran.

Ibiro ntara makuru bya Bafaransa, AFP, byo byatangaje ko iki gisasu Israel yateye ku butaka bwa Iran cyahamije intwaro kabuhariwe zari ziruta izindi zigisirikare cya Iran. Bikaba byari bisanzwe bifite ubushobozi bwo gukumira ibitero bigabwe ku butaka bwa Iran.

     MCN.
Tags: AmafotoIgisasu IsraelIranIsraelYangirije

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Umutwe wa AFC/M23 ukomeje kwakira abarimo n’abanyapolitiki bakomeye bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Umutwe wa AFC/M23 ukomeje kwakira abarimo n'abanyapolitiki bakomeye bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 durcit sa ligne de confrontation avec le pouvoir de Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • C64 Yashyizeho Umurongo Ukomeye wo Guhangana n’Ubutegetsi bw’i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?