Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hongeye ku bura imirwano ikaze hagati ya m23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 14, 2024
in Regional Politics
0
Hongeye ku bura imirwano ikaze hagati ya m23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hongeye ku bura imirwano ikaze hagati ya m23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni imirwano yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14/08/2024, aho yari ihanganishije umutwe wa m23 n’igisirikare kirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa mu bice byo muri Rutshuru.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga iyi mirwano yabereye mu gace ka kisharo gaherereye muri gurupema ya Binza, muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Aka gace ka Kisharo kabereyemo urugamba, hari hashize ibyumweru bitatu kari garuriwe n’umutwe wa m23. Uyu munsi rero, iri huriro ry’Ingabo za RDC zikaba zahise zikagabamo ibitero, mu rwego rwo kugira ngo ryongere ku kigarurira.

Ariko nk’uko amakuru akomeza abivuga, nuko iri huriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ryagabye iki gitero mu birindiro bya m23 kitigeze kirihira, kuko byarangiye uy’umutwe wa m23 usubije inyuma icyo gitero, ndetse unambura iri huriro ibikoresho bya gisirikare, birimo n’udukoresho twarifashaga mwikoranabuhanga, aho harimo za motorala n’ibindi.

Iyi mirwano yabaye mu gihe impande zombi zari ziri mu gahenge kemeranijweho, mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo Kinshasa, ku buhuza bwa João Lourenço Perezida wa Angola.

Ni gahenge kagomba gutangira kubahirizwa tariki ya 04/08/2024, usibye ko muri iyi grupema ya Binza yagiye iberamo imirwano ikaze, hagati y’uyu mutwe wa m23 n’iri huriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

           MCN.
Tags: FardcImirwanoKisharoM23Yubuye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icya vuga ku by’insengero, ndetse avuga no ku matorero y’inzaduka.

Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icya vuga ku by'insengero, ndetse avuga no ku matorero y'inzaduka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?