Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hongeye ku bura imirwano ikaze hagati ya m23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 14, 2024
in Regional Politics
0
Hongeye ku bura imirwano ikaze hagati ya m23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hongeye ku bura imirwano ikaze hagati ya m23 n’ihuriro ry’Ingabo za RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni imirwano yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 14/08/2024, aho yari ihanganishije umutwe wa m23 n’igisirikare kirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa mu bice byo muri Rutshuru.

Nk’uko iy’inkuru ibivuga iyi mirwano yabereye mu gace ka kisharo gaherereye muri gurupema ya Binza, muri teritware ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Aka gace ka Kisharo kabereyemo urugamba, hari hashize ibyumweru bitatu kari garuriwe n’umutwe wa m23. Uyu munsi rero, iri huriro ry’Ingabo za RDC zikaba zahise zikagabamo ibitero, mu rwego rwo kugira ngo ryongere ku kigarurira.

Ariko nk’uko amakuru akomeza abivuga, nuko iri huriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa ryagabye iki gitero mu birindiro bya m23 kitigeze kirihira, kuko byarangiye uy’umutwe wa m23 usubije inyuma icyo gitero, ndetse unambura iri huriro ibikoresho bya gisirikare, birimo n’udukoresho twarifashaga mwikoranabuhanga, aho harimo za motorala n’ibindi.

Iyi mirwano yabaye mu gihe impande zombi zari ziri mu gahenge kemeranijweho, mu biganiro byahuje u Rwanda na Congo Kinshasa, ku buhuza bwa João Lourenço Perezida wa Angola.

Ni gahenge kagomba gutangira kubahirizwa tariki ya 04/08/2024, usibye ko muri iyi grupema ya Binza yagiye iberamo imirwano ikaze, hagati y’uyu mutwe wa m23 n’iri huriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

           MCN.
Tags: FardcImirwanoKisharoM23Yubuye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icya vuga ku by’insengero, ndetse avuga no ku matorero y’inzaduka.

Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icya vuga ku by'insengero, ndetse avuga no ku matorero y'inzaduka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?