• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hongeye kuba ubwoba ko u Mujyi wa Goma ufatwa na M23, ninyuma y’uko yongeye kwigarurira ibindi bice byinshi muri Nyiragongo na Masisi.

minebwenews by minebwenews
February 9, 2024
in Regional Politics
0
Hongeye kuba ubwoba ko u Mujyi wa Goma ufatwa na M23, ninyuma y’uko yongeye kwigarurira ibindi bice byinshi muri Nyiragongo na Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, yahamagariye abaturage kuba umwe n’igisirikare cy’igihugu, kugira u Mujyi wa Goma utajya kuja mu maboko ya M23.

You might also like

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Ni k’u munsi w’ejo hashize ku wa Kane tariki ya 08/02/2024, ubwo Major Gen Peter Cirimwami, yakoranye i kiganiro n’itangaza makuru i Goma, maze yizeza abaturage ko umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru utazafatwa na M23. Gusa ababwira ko ingabo z’i gihugu cya RDC zizarushaho kugira imbaraga mu gihe abaturage bazaba bifatikanyije n’ingabo ku rwanya M23.

Yagize ati: “Ingabo z’igihugu ziteguye mu buryo bwose bwo kurinda abasivile, ariko kugira ngo abasirikare batazata u Mujyi wa Goma ukagwa mu maboko yabanzi n’uko abaturage muzafatikanya n’abasirikare ba FARDC ku rwanya M23, mu haguruke muvuye inyuma mu rwanirire u butaka bwanyu.”

Ibi abivuze mugihe mu mirwano yabaye ejo hashize tariki ya 08/02/2024, hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, muri Axe Kibumba-Goma, umutwe wa M23 wirukanye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, maze bongera gufata ibindi bice byinshi byo muri teritware ya Nyiragongo, ahanini cyane bafashe uduce two muri Grupema ya Buhumba na Kibumba.

Bya vuzwe ko M23 yafashe agace ka Kanyamatembe , ahagana kuri Parike werekeza kuri trois entennes, muri Kibumba, harimo kandi ko ahagana isaha z’igitondo M23 yari yafashe Localite ya Rwibiranga yo muri Grupema ya Buhumba, ibi bice bikaba bi barizwa mu birometre 20 n’u Mujyi wa Goma.

Mugihe muri Axe ya Sake ho, M23 yongeye kwambura ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, uduce turimo Kingi, Jerusalem, Katabiro, Neenero ugana Kihuli, hafi n’ahari ikigo cya MONUSCO, aho ni mu mirwano yabaye igihe c’isaha z’igicamunsi cy’ejo k’uwa Kane.

K’urundi ruhande abashinzwe impunzi mu Mujyi wa Goma, batanze imibare ya gateganyo y’abantu bakuwe mu byabo bava i Sake ni nyuma y’imirwano ikaze yabaye k’u wa Gatatu, hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Umubare watanzwe wabakuwe mu byabo ni abantu 37 800.

Harandi makuru avuga ko mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ko kuri uyu wa Kane, havuye ingabo ninshi zoherejwe kurinda Sake, nyuma y’uko zigeze Minova, zibura inzira ni mugihe ibice bya Masisi bipakanye na Kivu y’Amajy’epfo, bigenzurwa na M23 ko ndetse Axe ya Ngungu kuri ubu yoherejwe mo ingabo ninshi za M23. Ibi bikaba biri mu mitego ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, zikomeje gutegwa.

Bruce Bahanda.

Tags: M23U Mujyi wa GomaUbwoba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, y’injiye mu gacyerere, nyuma y’uko abarundi batangiye ku mwamagana.

Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, y'injiye mu gacyerere, nyuma y'uko abarundi batangiye ku mwamagana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?