• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hongeye kuba ubwoba ko u Mujyi wa Goma ufatwa na M23, ninyuma y’uko yongeye kwigarurira ibindi bice byinshi muri Nyiragongo na Masisi.

minebwenews by minebwenews
February 9, 2024
in Regional Politics
0
Hongeye kuba ubwoba ko u Mujyi wa Goma ufatwa na M23, ninyuma y’uko yongeye kwigarurira ibindi bice byinshi muri Nyiragongo na Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, yahamagariye abaturage kuba umwe n’igisirikare cy’igihugu, kugira u Mujyi wa Goma utajya kuja mu maboko ya M23.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ni k’u munsi w’ejo hashize ku wa Kane tariki ya 08/02/2024, ubwo Major Gen Peter Cirimwami, yakoranye i kiganiro n’itangaza makuru i Goma, maze yizeza abaturage ko umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru utazafatwa na M23. Gusa ababwira ko ingabo z’i gihugu cya RDC zizarushaho kugira imbaraga mu gihe abaturage bazaba bifatikanyije n’ingabo ku rwanya M23.

Yagize ati: “Ingabo z’igihugu ziteguye mu buryo bwose bwo kurinda abasivile, ariko kugira ngo abasirikare batazata u Mujyi wa Goma ukagwa mu maboko yabanzi n’uko abaturage muzafatikanya n’abasirikare ba FARDC ku rwanya M23, mu haguruke muvuye inyuma mu rwanirire u butaka bwanyu.”

Ibi abivuze mugihe mu mirwano yabaye ejo hashize tariki ya 08/02/2024, hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, muri Axe Kibumba-Goma, umutwe wa M23 wirukanye ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, maze bongera gufata ibindi bice byinshi byo muri teritware ya Nyiragongo, ahanini cyane bafashe uduce two muri Grupema ya Buhumba na Kibumba.

Bya vuzwe ko M23 yafashe agace ka Kanyamatembe , ahagana kuri Parike werekeza kuri trois entennes, muri Kibumba, harimo kandi ko ahagana isaha z’igitondo M23 yari yafashe Localite ya Rwibiranga yo muri Grupema ya Buhumba, ibi bice bikaba bi barizwa mu birometre 20 n’u Mujyi wa Goma.

Mugihe muri Axe ya Sake ho, M23 yongeye kwambura ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, uduce turimo Kingi, Jerusalem, Katabiro, Neenero ugana Kihuli, hafi n’ahari ikigo cya MONUSCO, aho ni mu mirwano yabaye igihe c’isaha z’igicamunsi cy’ejo k’uwa Kane.

K’urundi ruhande abashinzwe impunzi mu Mujyi wa Goma, batanze imibare ya gateganyo y’abantu bakuwe mu byabo bava i Sake ni nyuma y’imirwano ikaze yabaye k’u wa Gatatu, hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Umubare watanzwe wabakuwe mu byabo ni abantu 37 800.

Harandi makuru avuga ko mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ko kuri uyu wa Kane, havuye ingabo ninshi zoherejwe kurinda Sake, nyuma y’uko zigeze Minova, zibura inzira ni mugihe ibice bya Masisi bipakanye na Kivu y’Amajy’epfo, bigenzurwa na M23 ko ndetse Axe ya Ngungu kuri ubu yoherejwe mo ingabo ninshi za M23. Ibi bikaba biri mu mitego ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, zikomeje gutegwa.

Bruce Bahanda.

Tags: M23U Mujyi wa GomaUbwoba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, y’injiye mu gacyerere, nyuma y’uko abarundi batangiye ku mwamagana.

Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, y'injiye mu gacyerere, nyuma y'uko abarundi batangiye ku mwamagana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?