• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, y’injiye mu gacyerere, nyuma y’uko abarundi batangiye ku mwamagana.

minebwenews by minebwenews
February 9, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, y’injiye mu gacyerere, nyuma y’uko abarundi batangiye ku mwamagana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ishirahamwe rya “Inamahoro,” rigizwe n’abagore ba Barundi, ryatangaje ko rihangayikishijwe n’abasirikare b’u Burundi boherezw mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu mirwano idafitiye inyungu u Burundi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

N’i byatangajwe n’umuyobozi mukuru wiri shirahamwe rya Inamahoro, Marie Louise Baricako, mu kiganiro yahaye radio RpA yavuze ko kuba leta y’u Burundi ikomeje kohereza ingabo z’igihugu mu ntambara muri Congo bo ko bibateye impungenge.

Yagize ati: “Ishirahamwe rya Inamahoro turajwe inshinga n’ingingo u Burundi bwafashe yo kuja bohereza abasirikare mu ntambara muri Congo, mugihe ahubwo bagafashe umwanya wo gukiza impande zihanganye mu Burasirazuba bw’icyo gihugu. Ntabwo dushaka kumenya ibyo M23 iri kurwanira ariko se, turibaza inyungu leta y’u Burundi ifite muririya ntambara tukayibura, niyihe nyungu koko bafite?”

Yakomeje agira ati: “Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yirengagije ineza y’u Burundi, ntiyaba umugabo uhuza abandi bagabo, ahubwo nawe aba umurwanyi mu barimo kurwana. Twebwe tubona ntanyungu yajana abarundi kurwana muri RDC, ibyo turabyanze abasirikare b’u Burundi batahe bakorere i gihugu cyabo u Burundi.”

Uy’u muyobozi w’ishirahamwe rya Inamahoro, yanavuze ko leta y’u Burundi itohereza gusa abasirikare ko ahubwo iri no mu kohereza imbonerakure.

Ahagana mu kwezi kwa Cyenda, mu ntangiriro zako umwaka ushize w’2023, nibwo ingabo z’u Burundi zatangiye kuvugwa mu mirwano M23 ihanganyemo na Wazalendo, FDLR na FARDC . Gusa leta y’u Burundi ibi irabihakana, n’ubwo M23 imaze gufata matekwa abatari bake bo mu ngabo z’u Burundi abandi benshi bakaba bamaze kuhasiga ubuzima, harimo n’abagiye bavugwa ko ba buriwe irengero.

Ibi byagarutsweho kandi n’ishirahamwe rya Cefor-Arusha, riyobowe n’umurundi Jean Bosco Rwigemera, aho iri shirahamwe ku munsi w’ejo hashize ryamaganye ry’i vuye inyuma perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, rinagaragaza ko Evariste Ndayishimiye azabazwa ubwicanyi bukorerwa abasivile bo mu bwoko bw’Abatutsi, muri RDC.

K’urundi ruhande radio RpA, k’u munsi w’ejo hashize ku wa Kane, tariki ya 08/02/2024, yatangaje ko leta y’u Burundi yashizeho igihano cy’u rupfu ku musirikare wese uzanga kuja kurwana muri RDC.

Bruce Bahanda.

Tags: Abarundi batangiye kumwamaganaUmukuru w'igihugu cy'u BurundiY'injiye mu gacyerere
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Monusco, zigiye kwinjira mu rugamba rweruye rwo guhangana na M23, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ingabo za Monusco, zigiye kwinjira mu rugamba rweruye rwo guhangana na M23, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?