Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Humvikanye ikindi gishobora gutuma haba intambara karundura yo kurwanya igihugu cya Israel.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 2, 2024
in Regional Politics
0
Humvikanye ikindi gishobora gutuma haba intambara karundura yo kurwanya igihugu cya Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Humvikanye ikindi gishobora gutuma haba intambara karundura yo kurwanya igihugu cya Israel.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni bikubiye mu butumwa bugufi igihugu cya Iran cyoherereje leta Zunze Ubumwe z’Amerika, buvuga ko iki gihugu cya Iran kigiye kwinjira mu rugamba rukomeye rwo kurwanya Israel.

Ubu butumwa leta ya Iran yatanze muri irijoro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wa Gatanu, bumenyesha Amerika ibigiye gukurikiraho nyuma y’urupfu rw’umuyobozi w’umutwe wa Hamas, bwana Ismaï Haniyel waguye mu gitero cy’indege bivugwa ko cyakozwe n’igisirikare cya Israel ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo.

Amakuru avuga iby’urupfu rwa Ismaï Haniyel wari umuyobozi ukomeye mu mutwe wa Hamas, nuko yishwe mu gihe yaravuye mu muhango wo kurahira kwa perezida mushya w’igihugu cya Iran.

Ubu butumwa bwa Iran buje nyuma y’uko perezida wa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan nawe ubwe aheruka gutangaza ko igihugu cye kitazakomeza kurebera ubwicanyi bukorwa n’igisirikare cya Israel, bityo ko agiye kugaba igitero gikaze kuri Israel.

Ndetse kandi amakuru avuga ko Recep Tayyip Erdogan nyuma y’urupfu rwa Ismaï Haniyel yaganiriye na perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bakoresheje telefone ngendwanwa, amubwira ko Israel ishaka ko intambara ikwira mu Ntara ya Gaza yose no mu karere ko hagati.

Yagize ati: “Igisirikare cya Benjamin Netanyahu, kirashaka intambara ko ikwira mu Ntara ya Gaza ndetse no mu karere ko hagati.”

Muri icyo kiganiro cyabakuru b’ibihugu, uyu wa Turukiya yanabwiye kandi Joe Biden ko urupfu rw’umuyobozi wa Hamas ari ikintu kigomba gutuma haba ibiganiro kandi byihuse hagati ya Hamas na Israel.

Hagati aho, minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu aheruka gutangaza ko iki gihugu cye cya Israel cyiteguye uwari we wese washaka gushora intambara kuri iki gihugu. Kandi ko aho igitero cyaturuka hose biteguye ku gisubiza inyuma.

                  MCN
Tags: IntambaraIranIsraelKarunduraTurukiya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu yatumye umusirikare wa FARDC yakwa imbunda mu Minembwe yamenyekanye.

Impamvu yatumye umusirikare wa FARDC yakwa imbunda mu Minembwe yamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?