• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Humvikanye ikindi gishobora gutuma haba intambara karundura yo kurwanya igihugu cya Israel.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2024
in Regional Politics
0
Humvikanye ikindi gishobora gutuma haba intambara karundura yo kurwanya igihugu cya Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Humvikanye ikindi gishobora gutuma haba intambara karundura yo kurwanya igihugu cya Israel.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bikubiye mu butumwa bugufi igihugu cya Iran cyoherereje leta Zunze Ubumwe z’Amerika, buvuga ko iki gihugu cya Iran kigiye kwinjira mu rugamba rukomeye rwo kurwanya Israel.

Ubu butumwa leta ya Iran yatanze muri irijoro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wa Gatanu, bumenyesha Amerika ibigiye gukurikiraho nyuma y’urupfu rw’umuyobozi w’umutwe wa Hamas, bwana Ismaï Haniyel waguye mu gitero cy’indege bivugwa ko cyakozwe n’igisirikare cya Israel ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo.

Amakuru avuga iby’urupfu rwa Ismaï Haniyel wari umuyobozi ukomeye mu mutwe wa Hamas, nuko yishwe mu gihe yaravuye mu muhango wo kurahira kwa perezida mushya w’igihugu cya Iran.

Ubu butumwa bwa Iran buje nyuma y’uko perezida wa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan nawe ubwe aheruka gutangaza ko igihugu cye kitazakomeza kurebera ubwicanyi bukorwa n’igisirikare cya Israel, bityo ko agiye kugaba igitero gikaze kuri Israel.

Ndetse kandi amakuru avuga ko Recep Tayyip Erdogan nyuma y’urupfu rwa Ismaï Haniyel yaganiriye na perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bakoresheje telefone ngendwanwa, amubwira ko Israel ishaka ko intambara ikwira mu Ntara ya Gaza yose no mu karere ko hagati.

Yagize ati: “Igisirikare cya Benjamin Netanyahu, kirashaka intambara ko ikwira mu Ntara ya Gaza ndetse no mu karere ko hagati.”

Muri icyo kiganiro cyabakuru b’ibihugu, uyu wa Turukiya yanabwiye kandi Joe Biden ko urupfu rw’umuyobozi wa Hamas ari ikintu kigomba gutuma haba ibiganiro kandi byihuse hagati ya Hamas na Israel.

Hagati aho, minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu aheruka gutangaza ko iki gihugu cye cya Israel cyiteguye uwari we wese washaka gushora intambara kuri iki gihugu. Kandi ko aho igitero cyaturuka hose biteguye ku gisubiza inyuma.

                  MCN
Tags: IntambaraIranIsraelKarunduraTurukiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu yatumye umusirikare wa FARDC yakwa imbunda mu Minembwe yamenyekanye.

Impamvu yatumye umusirikare wa FARDC yakwa imbunda mu Minembwe yamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?