• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 16, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Humvikanye ikindi gishobora gutuma haba intambara karundura yo kurwanya igihugu cya Israel.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2024
in Regional Politics
0
Humvikanye ikindi gishobora gutuma haba intambara karundura yo kurwanya igihugu cya Israel.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Humvikanye ikindi gishobora gutuma haba intambara karundura yo kurwanya igihugu cya Israel.

Ni bikubiye mu butumwa bugufi igihugu cya Iran cyoherereje leta Zunze Ubumwe z’Amerika, buvuga ko iki gihugu cya Iran kigiye kwinjira mu rugamba rukomeye rwo kurwanya Israel.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ubu butumwa leta ya Iran yatanze muri irijoro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wa Gatanu, bumenyesha Amerika ibigiye gukurikiraho nyuma y’urupfu rw’umuyobozi w’umutwe wa Hamas, bwana Ismaï Haniyel waguye mu gitero cy’indege bivugwa ko cyakozwe n’igisirikare cya Israel ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo.

Amakuru avuga iby’urupfu rwa Ismaï Haniyel wari umuyobozi ukomeye mu mutwe wa Hamas, nuko yishwe mu gihe yaravuye mu muhango wo kurahira kwa perezida mushya w’igihugu cya Iran.

Ubu butumwa bwa Iran buje nyuma y’uko perezida wa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan nawe ubwe aheruka gutangaza ko igihugu cye kitazakomeza kurebera ubwicanyi bukorwa n’igisirikare cya Israel, bityo ko agiye kugaba igitero gikaze kuri Israel.

Ndetse kandi amakuru avuga ko Recep Tayyip Erdogan nyuma y’urupfu rwa Ismaï Haniyel yaganiriye na perezida Joe Biden wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, bakoresheje telefone ngendwanwa, amubwira ko Israel ishaka ko intambara ikwira mu Ntara ya Gaza yose no mu karere ko hagati.

Yagize ati: “Igisirikare cya Benjamin Netanyahu, kirashaka intambara ko ikwira mu Ntara ya Gaza ndetse no mu karere ko hagati.”

Muri icyo kiganiro cyabakuru b’ibihugu, uyu wa Turukiya yanabwiye kandi Joe Biden ko urupfu rw’umuyobozi wa Hamas ari ikintu kigomba gutuma haba ibiganiro kandi byihuse hagati ya Hamas na Israel.

Hagati aho, minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu aheruka gutangaza ko iki gihugu cye cya Israel cyiteguye uwari we wese washaka gushora intambara kuri iki gihugu. Kandi ko aho igitero cyaturuka hose biteguye ku gisubiza inyuma.

                  MCN
Tags: IntambaraIranIsraelKarunduraTurukiya

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Impamvu yatumye umusirikare wa FARDC yakwa imbunda mu Minembwe yamenyekanye.

Impamvu yatumye umusirikare wa FARDC yakwa imbunda mu Minembwe yamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Uvira: Urusaku rw’Amasasu rwateje Ubwoba mu Baturage — Ese Ifungwa rya Fyeka Adui ni ryo Rikomeje Guhungabanya Umutekano?
  • RDC: Manda ya Gatatu ya Tshisekedi: Ibyo Perezida Yavuze n’Impaka Byateje mu Gihugu
  • Perezida Theodore Roosevelt na Donald Trump: Abayobozi Babiri Bashatse Guhindura Amerika, Amateka Yabo Atandukaniye He?
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?