• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 27, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Bruxelles mu Bubiligi, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuze Imbogamizi igihugu cye gifite.

minebwenews by minebwenews
February 28, 2024
in Regional Politics
0
I Bruxelles mu Bubiligi, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuze Imbogamizi igihugu cye gifite.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu ruzinduko perezida Félix Tshisekedi yagiriye mu gihugu cy’u Bubiligi yabwiye ubutegetsi bwicyo gihugu imbogamizi igihugu cye gifite.

You might also like

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

Ni ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28/02/2024, umukuru w’igihugu cya RDC Félix Tshisekedi yageze i Bruxelles mu Bubiligi, nk’uko ubwe yabishize mu nyandiko akoresheje urubuga rwe rwa X.

Tshisekedi yagize ati: “Intambara sicyo kibazo gusa igihugu cyacu gifite k’uko dufite n’ikibazo cy’iterambere.”

Uy’u mukuru w’igihugu cya RDC yavuze ko uru ruzinduko arimo rugamije kunoza imikoranire y’ibihugu byombi.

Aho yanavuze ko yakiriwe na minisitiri w’intebe w’iki gihugu, bwana Alexander Decroo, maze baza kugirana ikiganiro cy’ibanze ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Muri iki kiganiro cyahuje perezida Félix Tshisekedi na minisitiri w’intebe w’u Bubiligi, umukuru w’igihugu cya RDC yaje kongera kwikoma ibihugu by’u Buraya biheruka kugirana amasezerano n’u Rwanda ku byerekeye amabuye y’agaciro.

Ay’amasezerano yasinywe tariki ya 19/02/2024, asinyiwe i Bruxelles mu Bubiligi, aho k’uruhande rw’u Rwanda hari minisitiri w’u banye n’amahanga, Dr Vicent Biruta, mu gihe k’uruhande rwa EU hari Komiseri ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga Jutta Urpilainen.

Ay’amasezerano y’ubufatanye agamije guteza imbere ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butangiza ibidukikije, no kuyashakira isoko.

Nyuma yo kuyasinya, umuryango wa EU washize itangazo hanze rigenewe abanyamakuru, rivuga ko yo, n’u Rwanda bazafatanya mu guteza imbere uruhererekane rw’i nzira amabuye anyuramo, ndetse no kuyongerera agaciro no guhangana n’ubucuruzi bwayo.

Kurundi ruhande perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ku munsi w’ejo tariki ya 27/02/2024, yemereye mugenzi we wa Angola João Lourenço kuzahura na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame ngo baganire uko bashakira hamwe ibisubizo ku mwuka w’intambara n’ibibazo by’u mutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC, ndetse no mu karere.

Ibi bikaba byatangajwe na Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Angola Tete Antonio. Ninyuma y’uko Tshisekedi yari amaze kuganira na João Lourenço.

         MCN.
Tags: I Bruxelles mu BubiligiIfiteImbogamiziRdcTshisekedi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

by Bahanda Bruce
October 27, 2025
0
Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n’ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise

Bisimwa yaburiye u Burundi bukomeje kwivanga mu Byabanyamulenge, avuga n'ikigiye gukurikiraho ni ba butumvise Perezida w'umutwe wa M23 akaba n'umuhuza bikorerwa wungirije wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, yabwiye perezida w'u Burundi,...

Read moreDetails

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry’agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP

Umuvugizi wa FARDC yagize icyavuga ku wica iyubahirizwa ry'agahenge hagati ya bo na AFC/M23/MRDP Umuvugizi w'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Major General Sylvain Ekenge, yatangaje ko...

Read moreDetails

“Abenshi muri aba basirikare b’u Burundi mu bona ni FDLR-” ibyavuzwe na Girinka

by Bahanda Bruce
October 26, 2025
0
Ingabo z’u Burundi ziravugwaho gukaza umurego mu gufasha FARDC guhangana na AFC/M23/MRDP muri Kivu y’Epfo

"Abenshi muri aba basirikare b'u Burundi mu bona ni FDLR-"ibyavuzwe na Girinka Girinka Kabare William umwe mu basesenguzi b'i Mulenge, yagaragaje ko mu ngabo z'u Burundi zigize iminsi...

Read moreDetails

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu bategetsi bo mu Gihugu Cy’u Bufaransa, bavuga rikijana, bivanze mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Bamwe mu bategetsi bo mu Gihugu Cy'u Bufaransa, bavuga rikijana, bivanze mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?