Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Bruxelles mu Bubiligi, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuze Imbogamizi igihugu cye gifite.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 28, 2024
in Regional Politics
0
I Bruxelles mu Bubiligi, umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yavuze Imbogamizi igihugu cye gifite.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu ruzinduko perezida Félix Tshisekedi yagiriye mu gihugu cy’u Bubiligi yabwiye ubutegetsi bwicyo gihugu imbogamizi igihugu cye gifite.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 28/02/2024, umukuru w’igihugu cya RDC Félix Tshisekedi yageze i Bruxelles mu Bubiligi, nk’uko ubwe yabishize mu nyandiko akoresheje urubuga rwe rwa X.

Tshisekedi yagize ati: “Intambara sicyo kibazo gusa igihugu cyacu gifite k’uko dufite n’ikibazo cy’iterambere.”

Uy’u mukuru w’igihugu cya RDC yavuze ko uru ruzinduko arimo rugamije kunoza imikoranire y’ibihugu byombi.

Aho yanavuze ko yakiriwe na minisitiri w’intebe w’iki gihugu, bwana Alexander Decroo, maze baza kugirana ikiganiro cy’ibanze ku mutekano muke uri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Muri iki kiganiro cyahuje perezida Félix Tshisekedi na minisitiri w’intebe w’u Bubiligi, umukuru w’igihugu cya RDC yaje kongera kwikoma ibihugu by’u Buraya biheruka kugirana amasezerano n’u Rwanda ku byerekeye amabuye y’agaciro.

Ay’amasezerano yasinywe tariki ya 19/02/2024, asinyiwe i Bruxelles mu Bubiligi, aho k’uruhande rw’u Rwanda hari minisitiri w’u banye n’amahanga, Dr Vicent Biruta, mu gihe k’uruhande rwa EU hari Komiseri ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga Jutta Urpilainen.

Ay’amasezerano y’ubufatanye agamije guteza imbere ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butangiza ibidukikije, no kuyashakira isoko.

Nyuma yo kuyasinya, umuryango wa EU washize itangazo hanze rigenewe abanyamakuru, rivuga ko yo, n’u Rwanda bazafatanya mu guteza imbere uruhererekane rw’i nzira amabuye anyuramo, ndetse no kuyongerera agaciro no guhangana n’ubucuruzi bwayo.

Kurundi ruhande perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ku munsi w’ejo tariki ya 27/02/2024, yemereye mugenzi we wa Angola João Lourenço kuzahura na Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame ngo baganire uko bashakira hamwe ibisubizo ku mwuka w’intambara n’ibibazo by’u mutekano muke mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC, ndetse no mu karere.

Ibi bikaba byatangajwe na Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Angola Tete Antonio. Ninyuma y’uko Tshisekedi yari amaze kuganira na João Lourenço.

         MCN.
Tags: I Bruxelles mu BubiligiIfiteImbogamiziRdcTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu bategetsi bo mu Gihugu Cy’u Bufaransa, bavuga rikijana, bivanze mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Bamwe mu bategetsi bo mu Gihugu Cy'u Bufaransa, bavuga rikijana, bivanze mu ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?