• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, February 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 2, 2025
in World News
1
I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)
70
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Burundi mu byishimo nyuma y’uko babonye igitoro (lisansi)

You might also like

Hatangajwe Impamvu Amata y’Abana Ari Gukurwa ku Isoko ku Isi Hose

Mossad: Amateka y’Ibikorwa Byayimenyekanishije ku Isi n’Inzitizi Yahuye na Zo

Perezida Zelenskyy Yemeje ko Intambara ya Gatatu y’Isi Yatangiye

Igihugu cy’u Burundi cyari kimaze hafi imyaka irenga itanu cyarabuze ibikomoka kuri peteroli, ahanini lisansi, ariko cyongeye kuyibona.

Ni nyuma y’aho ku munsi w’ejo ku wa gatandatu tariki ya 01/11/2025, hagaragaye imodoka nyinshi ziparitse ku cyapa kinini, zitegereje abagenzi. Iki cyapa kiri ahahoze isoko nkuru ya Bujumbura, ari na ho kuri ubu hashyizwe parikingi nkuru iparikamo imodoka zitwara abagenzi mu bice bitandukanye by’umujyi wa Bujumbura n’ahandi mu gihugu.

Hari hashize imyaka itanu utabona imodaka nyinshi ziparika muri kiriya gice, kubera igitoro cyari cyarabuze mu Burundi hose.

Ariko nk’uko amakuru aturuka i Bujumbura abivuga mu minsi ishize, peteroli n’amazutu byongeye kuboneka ku masitasiyo menshi ntangorane. Ibintu byakiriwe neza n’abaturage bakemeza ko byoroheje ingendo zabo ndetse n’ibikorwa byabo bya buri munsi.

Ingaruka ry’ibura by’ibikomoka kuri peteroli mu Burundi byatumye haba ugukoresha magendu kugira ngo babibone, ibyanatumye bamwe mu Barundi batabwa muri yombi, kandi no kubibona bikabahenda kubera babikuraga kure, ariko ubu barashimira Leta yabo yagize uruhare kugira ngo bongere ku bibona.

Tags: BurundiIgitoroLisansi
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Hatangajwe Impamvu Amata y’Abana Ari Gukurwa ku Isoko ku Isi Hose

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Hatangajwe Impamvu Amata y’Abana Ari Gukurwa ku Isoko ku Isi Hose

Hatangajwe Impamvu Amata y’Abana Ari Gukurwa ku Isoko ku Isi Hose Minisiteri y’Ubuzima muri Uganda yatangaje ko yashyizeho uburyo bwihariye bwo gukurikirana no kugenzura ibicuruzwa biri ku isoko,...

Read moreDetails

Mossad: Amateka y’Ibikorwa Byayimenyekanishije ku Isi n’Inzitizi Yahuye na Zo

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
Mossad: Amateka y’Ibikorwa Byayimenyekanishije ku Isi n’Inzitizi Yahuye na Zo

Mossad: Amateka y’Ibikorwa Byayimenyekanishije ku Isi n’Inzitizi Yahuye na Zo Mu myaka myinshi ishize, ikigo cy’ubutasi cya Israel kizwi nka Mossad cyagiye kivugwa cyane ku rwego mpuzamahanga kubera...

Read moreDetails

Perezida Zelenskyy Yemeje ko Intambara ya Gatatu y’Isi Yatangiye

by Bahanda Bruce
February 23, 2026
0
Perezida Zelenskyy Yemeje ko Intambara ya Gatatu y’Isi Yatangiye

Perezida Zelenskyy Yemeje ko Intambara ya Gatatu y’Isi Yatangiye Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje mu mpera z’icyumweru gishize ko intambara ya gatatu y’Isi yatangiriye mu gihugu cye,...

Read moreDetails

Perezida Trump Yemeje Ko Guhagarika Intambara muri RDC Byamugoye Kurusha Iya Cambodia na Thailand

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
Perezida Trump Yemeje Ko Guhagarika Intambara muri RDC Byamugoye Kurusha Iya Cambodia na Thailand

Perezida Trump Yemeje Ko Guhagarika Intambara muri RDC Byamugoye Kurusha Iya Cambodia na Thailand Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yagaragaje ko guhagarika intambara mu...

Read moreDetails

Ubumwe bw’u Burayi mu Ntumbero ku Bibazo by’Ubutabazi n’Umutekano muri RDC

by Bahanda Bruce
February 18, 2026
0
Ubumwe bw’u Burayi mu Ntumbero ku Bibazo by’Ubutabazi n’Umutekano muri RDC

Ubumwe bw’u Burayi mu Ntumbero ku Bibazo by’Ubutabazi n’Umutekano muri RDC Intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (UE) ziyobowe na Komiseri ushinzwe uburinganire, imicungire y’ibiza n’ubutabazi, Hadja Lahbib, zatangiye...

Read moreDetails
Next Post

RDC:Imirwano hagati y'Abapfulelo n'umutwe wa GENAFEC iravuza ubuhuha mu cyahoze ari Katanga

Comments 1

  1. Rugenerwa Bigangu Jackson says:
    4 months ago

    Ndayishimiye nashake yitonde Kubo atazi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?